Inkuru Nyamukuru

Abantu batatu bakurikiranyweho kwica umuntu bakamujugunya mu bwiherero

Rulindo : Abantu batatu bkurukiranyweho kwica umusore w’imyaka 25 witwa Nshimiyimana Daniel

Perezida wa Sudan y’Epfo yagiriye uruzinduko mu Rwanda

Perezida wa Sudani y’Epfo akaba n’Umuyobozi Mukuru w’umuryango wa Afurika y’iburasirazuba (EAC),

Congo ntiyemera amasezerano EU yagiranye  n’u Rwanda

DR Congo ivuga ko yamaganye amasezerano u Rwanda n'Ubumwe bw'Uburayi (EU),ajyanye no

Musenyeri yafunzwe azira gusambanya abana

Musenyeri Christopher Saunders w'imyaka 74 muri Kiliziya Gatolika ya Australia yatawe muri

Muhanga: Leta yatangiye kwirengera ikiguzi cy’amazi n’umuriro mu mashuri

Ubuyobozi bw'Akarere ka Muhanga buvuga ko hari icyemezo leta yafashe cyo kwishyurira

Abanyamakuru basabwe ubunyamwuga mu gutangaza inkuru z’Ubutabera

Abanyamakuru bo mu Rwanda basabwe kugira ubunyamwuga, birinda  kubogama no  kumena amabanga

Muhanga: Abagabo b’inzobere mu kwiba moto bafashwe

Polisi y'u Rwanda mu Karere ka Muhanga, ku wa 21 Gashyantare 2024,

Congo irasaba miliyari 2,6 $ zo kugoboka abahunze imirwano

Guverinoma ya Congo kuri uyu wa Gatatu tariki ya 21 Gashyantare 2024,

Muri Kaminuza ya Kibogora hafashwe n’inkongi

Icumbi ry'abahungu muri Kaminuza ya Kibogora Polytechnic mu Karere ka Nyamasheke, ku

Mu Bitaro bya Nyanza hari serivisi z’ingenzi zakwamye

Bamwe mu bajya kwivuriza ku bitaro bya Nyanza baravuga ko babangamiwe n'uko

Muhanga: Umugabo akurikiranyweho guha Polisi ruswa

Urwego rw'Igihugu rw'ubugenzacyaha rukurikiranye Umugabo witwa Habineza Fabien rumushinja guha Umupolisi (

Ku nkombe z’ikiyaga cya Kivu hatowe umurambo

Kuri uyu wa Gatatu tariki 21 Gashyantare 2024, ku nkombe z'ikiyaga cya

Amatora2024: Hatangajwe igihe cyo gutanga kandidatire

Komisiyo y'igihugu y'Amatora mu Rwanda, NEC, yatangaje ko guhera ku ya 17

Zimwe mu mpunzi z’Abarundi zatashye ku bushake

Impunzi z'Abarundi 95 zambutse umupaka uhuza u Rwanda n'u Burundi, zitashye iwabo

Rusizi: Ibitaro bya Mibilizi byijeje gukemura ubucye bwa za ‘Ambulance’

Ibitaro bya Mibilizi bitangaza ko bigiye gukemura ikibazo cy’imbangukiragutabara nyinshi zapfuye, bituma