Inkuru Nyamukuru

Urukiko rwanzuye ko CG (Rtd) Gasana akomeza gufungwa by’agateganyo

Urukiko Rwisumbuye rwa Nyagatare rwanzuye ko CG (Rtd) Gasana Emmanuel akomeza gufungwa

Mu bukwe umugabo yarashe batanu barimo n’umugeni we

Umugabo w'Umunya-Thailand ukina imikino y'abafite ubumuga, wanahoze ari umusirikare, yishe arashe umugeni

Abatoza bakumiriwe gukorera Licence B CAF baratakambira Ferwafa

Nyuma y’ibyo abatoza babonye nk’amananiza yo kubakumira gukorera Licence B CAF, baratakambira

Ingabo za EAC  zigiye guhambirizwa muri Congo

Mu nama  y’Abakuru b’ibihugu bo mu muryango wa Afurika y’Iburasirazuba, yaberaga  Arusha

Bugesera: Abatuye ku kirwa cya Sharita barisabira  kwimurwa

Imiryango isaga 70 ituye mu Kirwa cya Sharita kiri mu Murenge wa

FARDC yarasanye na Wazalendo muri Goma

Ijoro ryakeye ryabereye inzira y'umusaraba abatuye Umujyi wa Goma kubera urusaku rw’amasasu

‘Ni satani wateye Itorero’ Zion Temple ivuga ku bayigumuyeho

Itorero rya Zion Temple Celebration Center, rivuga ko abashatse kweguza umuyobozi Mukuru

Gakenke: Imodoka ya Kaminuza y’u Rwanda yakoze impanuka ihitana abantu 3 

Imodoka ya Kaminuza y'u Rwanda Ishami rya Busogo yavaga i Musanze yerekeza

Muhanga: Barashinja uwari umuyobozi kunyereza amafaranga y’umutekano

Uzabakiriho Théophile wari Umukuru w'Umudugudu wa Kabeza by'agateganyo arakekwaho kunyereza amafaranga y'umutekano

Urubyiruko rurasabwa gukora imishinga iharanira amahoro mu karere k’ibiyaga bigari

Mu gihe mu karere k’ibiyaga bigari hakunze kurangwa umutekano muke n’intambara kandi

Rusizi: kwandika abana bavutse biri kuri 97%

Abagize Inteko Ishingamategeko imitwe yombi, Kuva kuwa Gatanu tariki ya 24 Ugushyingo

Ruhango: Abiga mu Ndangaburezi barinubira  impungure bagaburirwa buri munsi

Abanyeshuri biga muri GS  Indangaburezi bavuga ko barambiwe no guhatirwa kurya  ibigori(Impungure) 

Minisitiri Dr Nsanzimana yagaragaje akamaro ko gutera ibiti ku mavuriro

Minisitiri w'ubuzima Dr. Sabin Nsanzimana yasobanuye uburyo gutera ibiti n'ubusitani mu mavuriro

Nyanza:Umugabo yapfiriye mu kazi bitunguranye

Mu Karere ka Nyanza umugabo w'imyaka 38 yapfuye urupfu rutunguranye,apfiriye mu kazi.

Hatangijwe gahunda ya”Rubavu Nziza”yitezweho kuzamura ubukerarugendo

Mu rwego rwo gukomeza guteza imbere ubukerarugendo ndetse n’ubucuruzi akarere ka Rubavu