Inkuru Nyamukuru

Intambamyi ku bubaka inganda i Muhanga zahawe umurongo

Ubwo Minisitiri w'ubucuruzi n'inganda Dr Ngabitsinze Jean Chrisostome yasuraga ahagenewe icyanya cy'inganda,

Ntabwo tuzemera ibivume- Perezida Ndayishimiye ku batinganyi

Perezida w'Uburundi, Evariste Ndayishimiye yavuze ko abaryamana bahuje ibitsina bakwiriye gufatwa nk'ibivume

Ese ni Abanyeshuri cyangwa n’abarimu? – Icyo bavuga ku ireme ry’uburezi

Kuri ubu hakomeje kuza ibitekerezo bivuga ko abari kurangiza amashuri ya Kaminuza

Perezida Kagame yakuyeho Minisitiri w’Ubuhinzi n’Umuyobozi wa RAB

Perezida Paul Kagame yakuyeho Minisitiri w'Ubuhinzi n'Ubworozi, ndetse n'Umuyobozi Mukuru wa RAB,

General uyoboye gisirikare Kivu ya Ruguru yongeye gufunga imihanda igana i Goma

Hadashize amasaha 24, ubutegetsi buyoboye gisirikare Intara ya Goma bwahagaritse icyemezo bwari

Inshuti igaragara mu byago, Prince Kid na Miss Elsa barasezeranye – AMAFOTO

Ishimwe Dieudonné wamenyekanye nka Prince Kid mu myidagaduro ategura irushanwa ry'ubwiza rya

Mufti yasabye Abayisilamu kubyaza umusaruro amahirwe bahawe mu burezi

Umuyobozi w'Abayisilamu mu Rwanda, Sheikh Salim Hitimana, yashimye uburyo bahawe amahirwe mu

Ruhango: Barakekwaho kwaka ruswa umuturage wasabaga imbabazi ngo afungurwe

RIB yafunze Umuyobozi ushizwe Iterambere n’Ubukungu mu Kagari ka Saruheshyi mu Karere

Perezida Kagame yasabye KNC kuryama agasinzira, akicura “u Rwanda rwiteguye kera”

Perezida Kagame yavuze ko u Rwanda rudashaka gushoza intambara kuri Congo, ko

Juvénal yakuye igihu ku mutoza mushya wa Kiyovu

Umuyobozi wa Kiyovu Sports Company Limited, Mvukiyehe Juvénal, yavuze ko iyi kipe

Abayobozi ba Angola batangiye kuvugana na M23 ngo ihagarike imirwano

Perezida wa Angola, umuhuza mu bibazo biri hagati y’u Rwanda na Congo,

AMAKURU MASHYA ku Munyamakuru wa Flash FM wakubitiwe i Nyagatare

Ubuyobozi bw'Umurenge wa Nyagatare, bwatangaje ko Urwego rw'Igihugu rw'Ubugenzacyaha rwatangiye iperereza ku

Umusore yafashwe habura gato umugambi “we wo kwiba moto ngo ugerweho”

Polisi y’u Rwanda mu Karere ka Kicukiro ifatanyije n’izindi, yafashe umusore w’imyaka

Umuyobozi ukomeye yirukanywe azira ibirimo imyitwarire idahwitse

Dr Nsabimana Aimable wari muyobozi Mukuru wungirije ushinzwe Ubutegetsi n’Imari mu Ishuri

U Rwanda muri gahunda yo kubyaza umusaruro isoko rya Carbon

Abenshi bakunze kwibaza uko isoko rya carbon rikora kubera ko byumvikana nk’aho