Inkuru Nyamukuru

Umusore yananiwe kuvuga izina ry’umugeni, ndetse agwa hasi ubukwe buba buhagaze

Nyanza: Abageni bari mu Kiliziya Padiri ari kubasezeranya, ubukwe bwabo bwahagaze akanya

Ba Gitifu bahawe moto nshya bavuze imyato Perezida Kagame

NYAMASHEKE: Abanyamabanga Nshingwabikorwa b'utugari 68 bo mu karere ka Nyamasheke, bashyikirijwe moto

AS Kigali y’abagore yatewe mpaga

Nyuma yo kugera ku kibuga bakabura ikipe bagombaga gukina, ikipe ES Mutunda

Indwanyi yanze kurekura! Bad Rama yatangije irushanwa ryo gufasha impano nshya

Abanyarwanda baca umugani ngo "Iyagukanze ntiba Inturo", Mupenda Ramadhan wamamaye nka Bad

Umukinnyi wa Ghana, Christian Atsu yapfiriye muri Turukiya

Nyuma yo kubanza kuburirwa irengero nta we uzi amakuru ye, Umukinnyi w’Umunya-Ghana,

Muhanga: Umugabo yaguye mu mpanuka y’imodoka

Imodoka yo mu bwoko bwa Hyundai ifite Plaque  RAF 517R yari itwawe

UPDATE: Umunyamakuru wa VOA waketswe gukorana na M23 yafunguwe

Umunyamakuru wa Radiyo Ijwi rya Amerika n'ibindi bitangazamakuru bikorera muri Congo, nyuma

Inyeshyamba zayogoje Congo zahawe igihe ntarengwa cyo kuva aho zigaruriye

Inama y’abakuru b’ibihugu byo mu karere yateraniye i Addis Ababa muri Ethiopia

Nyanza: Umugore akurikiranyweho kwica umugabo we

Umugore yatawe muri yombi akurikiranyweho kwica umugabo we mu mudugudu wa Gako

Kicukiro: Abari ku rugerero basabwe umuhate mu bikorwa byubaka igihugu

Urubyiruko rw'abanyeshuri basoje amashuri yisumbuye mu mwaka wa 2021-2022 rwo mu Murenge

Muhanga: Umugabo wishe mugenzi we yasabiwe gufungwa burundu

Ubushinjacyaha ku rwego rwisumbuye rwa Muhanga bwasabiye Maniraguha Janvier igihano cya burundu

Ibibazo bya Congo byahawe umwihariko mu nama yabereye muri Ethiopia

Kuri uyu wa Gatanu abakuru b’Ibihugu by’Akarere ka Africa y’Iburasirazuba baganiriye ku

Gicumbi: Yanitse imyenda ku nsinga yicwa n’amashanyarazi

Umugore uri mu Kigero cy'imyaka 33 mu Karere ka Gicumbi, yanitse imyenda

Étincelles FC irasaba umuhisi n’umugenzi

Ubuyobozi bw'ikipe ya Étincelles FC bwasabye abakunzi b'iyi kipe, kongera kwitanga ngo

Congo yatangaje imibare y’abasirikare b’u Rwanda binjiye ku butaka bwayo

Igisirikare cya Repubulika ya Demokarasi ya Congo, FARDC, cyatangaje ko abasirikare b'u