Inkuru Nyamukuru

Gasabo: Fuso yahitanye umuntu

Imodoka y’ikamyo ya Fuso yamanuka iva Jabana ahitwa mu Makawa yageze Karuruma

M23 yasabye Congo ibisobanuro ku bacanshuro ba Wagner yitabaje

Ubuyobozi bw’umutwe wa M23 bwasabye Leta ya Congo gusobanura byimbitse impamvu yahaye

Burundi: Israel Mbonyi yaciye agahigo – AMAFOTO

Umuhanzi w'indirimbo zo kuramya no guhimbaza Imana Israel Mbonyi yaje ku isonga

Umunyamakuru Niyibizi Aimé aratabaza kubera guterwa amabuye n’abo atazi

Nyuma yo kumara iminsi aterwa amabuye ku nzu n'abo ataramenya, Niyibizi Aimé

Gicumbi: Abanyamuryango ba FPR-Inkotanyi bishimira ibyo bagezeho mu myaka 35

Igikorwa cyo kwizihiza isabukuru y'imyaka 35 umuryango ushinzwe, cyabereye mu murenge wa

Juno Kizigenza na Davis D bahuruje imbaga mu gitaramo cy’amateka i Bujumbura-AMAFOTO

Abahanzi nyarwanda Davis D na Juno Kizigenza bakoze igitaramo cy’amateka cyiswe 'Party

Mu gushyingura Nyiramandwa hasomwe ubutumwa Perezida yageneye umuryango we

Perezida w’u Rwanda, Paul Kagame yohereje ubutumwa bwo gufata mu mugongo umuryango

U Rwanda ruzikorera imitwaro yarwo, ntiruzagerekaho n’iya Congo – Kagame

Perezida Paul Kagame yanenze imiryango mpuzamahanga itiza umurindi ibibazo by’umutekano muke mu

2022: Urutonde rw’ibitaramo bihimbaza Imana byahembuye imitima    

Harabura  amasaha macye cyane ngo 2022,ishyirweho akadomo.Ni umwaka wongeye gukesha imitima Abanyarwanda

AS Kigali yemeje ko yatandukanye na Haruna Niyonzima

Ubuyobozi bw'ikipe ya AS Kigali, bubicishije ku mbuga nkoranyambaga, bwatangaje ko iyi

2022: Abantu 200 bishwe n’ibiza  -MINEMA

Minisiteri y’Ibikorwa by’Ubutabazi (MINEMA), yatangaje  ko ibiza byahitanye abantu 200, abagera kuri

Kiliziya Gatolika ibuze Papa Benedict XVI

Uwahoze ari Papa Benedict XVI yapfuye ku myaka 95, yaguye i Vatican

Gakenke: Umugabo yagwiriwe n’ikirombe

Umugabwo witwa Nshimiyimana Pascal ukomoka mu Karere ka Karongi, yagwiriwe n’ikirombe gicukurwamo 

U Rwanda  rwahakanye ibyo gushaka guhanura indege ya Tshisekedi

Guverinoma y’u Rwanda yamaganye ibirego bya Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo  birushinja

Congo iti “u Rwanda nta bushobozi rufite bwo kugenzura ikirere”

Leta ya Congo yatangaje ko indege ebyiri zayo zari mu bikorwa byo