Inkuru Nyamukuru

Perezida Ruto yasabye ibihugu by’Akarere gukaza ingamba ku iterabwoba

Perezida wa Kenya William Samoei Ruto, yihanganishije abagizweho ingaruka n’igitero cy’iterabwoba cyabaye

Banki Nkuru yashyize ku isoko impapuro mpeshamwenda za miliyari 20Frw

Banki Nkuru y’Igihugu yashyize ku isoko impapuro mpeshamwenda zifite agaciro ka miliyari

M23 yavuye mu bindi bice yari yarambuye ingabo za Congo

Umutwe wa M23 kuri iki cyumweru tariki ya 15 Mutarama 2023, yavuye

Uko kuboha ibiziriko no korora inkwavu byateje imbere Perezida Ndayishimiye

Umukuru w'igihugu cy'u Burundi Evariste Ndayishimiye avuga ko kugira ngo bashobore kugera

U Rwanda ruzayobora Inteko rusange y’Ikigo gishinzwe ingufu zisubiranya ku isi

U Rwanda rwatorewe kuzakira inteko ya 14 y'ikigo Mpuzamahanga Gishinzwe ingufu zisubiranya,

Bagiye guhemba uwabyaye, bagarutse basanga musaza we yiyahuye

Gasabo: Umusore w’imyaka 28 y’amavuko yasanzwe mu umugozi yapfuye bikekwa ko yiyahuye

Tshisekedi yatanze ubutumwa ku byihebe byishe Abakristu i Kasindi

Igitero cya bombe yatezwe ku rusengero rwa CEPAC kigahitana abantu barenga 10

Ibitaro bya “Baho”byanyuzwe n’ubutabera ku baganga bashinjwe urupfu rw’umurwayi

Ibitaro bizwi nka Baho International Hospital byanyuzwe n'imikirize y'urubanza rwahanaguyeho icyaha abaganga

Perezida Kagame yavuze uburyo bwihariye “afatamo akanya agasenga”

Mu masengesho yo gusabira igihugu, Perezida Paul Kagame yagaragaje ko nubwo atajya

Museveni yihanije abarimo abadepite bahora mu mahanga

Perezida wa Uganda, Yoweli Kaguta Museveni yasabye ko ingendo zo hanze y'igihugu

Rwanda: Hatahuwe abantu bamaze igihe ku ngoyi mu rugo rw’umuturage

Inzego z’umutekano n’abaturage batahuye abantu babiri bamaze igihe ku ngoyi mu rugo

Nepal: Hari ubwoba ko abantu bose bari mu ndege bishwe n’impanuka

Polisi yo muri Nepal ivuga ko icyizere cyo kubona abantu bazima mu

Ian Kagame yagaragaye mu barinda Perezida

Igihagararo, ubumenyi n’ubushobozi Ian Kagame, umuhungu wa Perezida Paul Kagame, arabifite ngo

Abagore 626 bari bafungiye i Muhanga bimuriwe i Nyamagabe 

Abagore 626  agorororerwaga muri Gereza ya Muhanga bimuriwe mu igororero ry'iNyamagabe ho

Perezida Kagame yahaye ubutumwa ibihugu by’ibihangange

Perezida wa Repubuka w'u Rwanda, Paul Kagame, yibukije ibihugu byiyita ko bikomeye,bishaka