Inkuru Nyamukuru

Ngororero: Abanyeshuri bafashwe n’indwara y’amayobera bise “Tetema”

Abana b’abakobwa batandatu biga ku ishuri rya College Amizero Ramba ryo mu

Imbamutima za Mateso na Mugenzi nyuma yo gutsinda Police

Umutoza mukuru w'agateganyo wa Kiyovu Sports, Mateso Jean de Dieu na rutahizamu

Bugesera: Basabwe kudahishira abakora ihohoterwa rishingiye ku gitsina

Ubuyobozi bw’Akarere ka Bugesera buvuga ko buhangayikishijwe n'abaturage bagishikamye ku muco wo

Denis Mukwege yareze ubushotoranyi bw’uRwanda kuri Papa

Umunye-Congo,Denis Mukwege, wigeze guhabwa igihembo cyitiwe Nobel,yasabye  ko uRwanda rwafatirwa ibihano ,kubera

Ibyavuzwe mu rubanza rwa Me Katisiga rufitanye isano n’ “uwabeshye Perezida”

Ku wa Kane tariki 08/12/2022 Urukiko rw'Ibanze rwa Gacurabwenge ruherere mu karere

Abarenga 400 basoje amasomo muri Kaminuza ya Mount Kenya

Abanyeshuri 425 basoje amasomo muri Kaminuza ya Mount Kenya, Ishami ry’u Rwanda

Gatsibo: Imyaka ibaye itatu amapoto ashinzwe, bategereje amashanyarazi baraheba

Abaturage batuye akagari ka Kabeza, mu murenge wa Kabarore muri Gatsibo, bamaze

Rubavu: Batatu baburiye ubuzima mu mpanuka

Imodoka yo mu bwoko bwa Fuso Mitsubishi yari ipakiye imbuto ivanye i

Mu Rwanda abagore 46% n’abagabo 18% bakubitwa n’abo bashakanye

Ubwo hasozwaga iminsi 16 yahariwe kurwanya no gukumira  ihohoterwa rishingiye ku gitsina, 

Abayobozi basabwe guca ukubiri n’umururumba uganisha kuri ruswa

Umunyamabanga wa Leta muri Minisiteri y’Ubutabera Amb. Nyirahabimana Solina yasabye abayobozi batandukanye

Ruhango: Umugabo yakubise mugenzi we ifuni

Abaturage bo mu Mudugudu wa Ntungamo mu Kagari ka Kagenzi ho mu

Nyinawumuntu Grâce ari mu basoje amasomo muri Mount Kenya University

Umutoza akaba n'umwarimu w'abatoza , Nyinawumuntu Grâce ari mu banyeshuri basoje amasomo

Muhanga: Ushinzwe Imyitwarire mu kigo arashinjwa kunyereza Minerval y’abanyeshuri

Abarenga 30 biga mu Ishuri ry'imyuga na Tekiniki mu Mujyi wa Muhanga(Muhanga

Gakenke: Abaturage basanze imbwa zariye amatungo yabo

Intama z’abaturage babiri bo mu kagari ka Gasiza, mu murenge wa Kivuruga

Amajyaruguru: Abanyonzi barahirira kutazongera kugenda bafashe ku makamyo

Bamwe mu bakora umwuga wo gutwara abantu n'ibintu bifashishije amagare bakorera mu