Inkuru Nyamukuru

RD Congo ku mwanya wa 8 mu kugira igisirakare gikomeye muri Afurika

Urubuga "Global Fire Power" rwo muri Amerika rutangaza ko igisirikare cya Repubulika

Musanze: Barindwi bafunzwe nyuma y’urupfu rw’umugabo wishwe atemaguwe

Abagabo barindwi bo mu Kagari ka Ruyumba mu Murenge wa Nkotsi mu

Muhanga: Ubuzima bushaririye bw’uwabyaye imburagihe agashyirwa mu gikoni

Manirakiza Claudette umukobwa wabyariye iwabo, avuga ko abayeho mu buzima bubi kuko

Hamenyekanye amakuru ababaje ku mwana w’umukobwa bikekwa ko yishwe na Se

Umunyamabanga Nshingwabikorwa w'Umurenge wa Kinazi, mu Karere ka Ruhango yavuze ko umugabo

Umutangamakuru w’Ubushinjacyaha yavuze ko Dr. Rutunga yabanaga neza n’ “Abatutsi”

Abatangabuhamya bakomeje kumvwa batanzwe n'Ubushinjacyaha, uwahoze akora muri ISAR Rubona yavuze ko

Ruhango: Umugabo yakubise umwana we w’imyaka 6 arapfa

Mu Karere ka Ruhango haravugwa umugabo wakubise umwana w'umukobwa w'imyaka 6, bimuviramo

Gisozi: Umunyerondo yapfiriye mu kabari

Nsengiyumva Vincent w'imyaka 50, usanzwe akora akazi ko gucunga umutekano mu Mudugudu

APR yibukije Rayon ko yigeze kuyitiza abakinnyi

Ubuyobozi bwa APR FC, bwakuyeho igihu ku bayishinjaga gutiza abakinnyi muri Marine

Umugaba mukuru w’Ingabo z’u Rwanda ari muri Pologne

Umugaba Mukuru w’ingabo z’u Rwanda n’intuma ayoboye bari mu ruzinduko rw’akazi muri

RDC: Papa agiye guhura n’abakozweho n’intambara ya M23 na FARDC

Umushumba wa kiliziya gatorika ku Isi, Papa Francis arateganya guhura n'abakozweho n'intambara

MINISANTE yizeje gucyemura ikibazo cy’abaganga bake bituma bataruhuka

Minisitiri w'Ubuzima, Dr Sabin Nsanzimana yatangaje ko Minisiteri y'ubuzima iri kwiga uburyo

Babiri mu batangabuhamya bavuze ko batazi Dr. Rutunga woherejwe n’Ubuholandi

Urugereko rwihariye rushinzwe kuburanisha ibyaha mpuzamahanga n'ibyambukiranya imipaka ruri i Nyanza mu

Abapadiri bo mu Rwanda bogeye uburimiro kubo mu Burundi-AMAFOTO

Abapadiri bakorera mu Rwanda muri Diyoseze ya Ruhengeli banyagiye ibitego 5-0 abo

APR yateje Rayon ingaru kuri myugariro yatije Marine

Biciye mu ikipe ya Intare FC, myugariro wo hagati Hirwa Jean de

M23 yerekanye intwaro yambuye FARDC n’abacanshuro b’Abarusiya- VIDEO

Umutwe wa M23 werekanye intwaro z'amoko atandukanye wambuye ingabo za Leta ya