Inkuru Nyamukuru

Impinduka muri Kiyovu Sports! Hemejwe umusimbura wa Juvénal

Ubuyobozi bw'ikipe ya Kiyovu Sports, bwatangaje ko bidasubirwaho Mvukiyehe Juvénal atakiri umuyobozi

Nyamasheke: Yishe Se bapfuye ingurube

Ubugenzacyaha bw'u Rwanda bufunze abarimo uwitwa Nsabimana Dieudonné w'imyaka 19 bashinjwa gukubita

Amakuru ku rupfu rwa Makanyaga Abdul yanyomojwe

Guhera mu ma saha ya mu gitondo cyo kuri iki Cyumweru, hirya

Umufasha wa Tshisekedi yatuwe agahinda n’abagore b’Abanyamulenge

Abagore b'Abanye-Congo bo mu bwoko bw'Abanyamulenge batuye mu gace ka Minembwe basabye

Umukobwa yateye icyuma umwe mu bagabo yararanye na bo

GAKENKE: Umukobwa w’imyaka 19 ukora umwuga wo kwicuruza mu Karere ka Gakenke

Rubavu: Umugabo ukekwaho kwica mushiki we yarashwe “ashaka gutoroka”

Umugabo w’imyaka 45 wari ukurikiranyweho kwica mushiki we mu Karere ka Rubavu,

Gakenke: Uwagiye kwiha akabyizi ku mugore w’abandi yahuye n’uruva gusenya

Umugabo witwa Kanani Jean de Dieu wo mu Mudugudu wa Gikingo, Akagari

Bafunzwe kubera gusakaza amashusho ya Perezida Salva Kiir yinyarira mu ruhame

Abanyamakuru batandatu bo muri Sudan y’Epfo batawe muri yombi nyuma y’amashusho y’Umukuru

Umusirikare wishe umugore bapfuye 6900 Frw yahawe imyaka 15 y’igifungo

GICUMBI: Urukiko rwa Gisirikare rwakatiye Cpl Turikumwe igifungo cy’imyaka 15 no kwamburwa

Congo yahawe intwaro zigezweho zo guhangamura M23

Igisirikare cya RD Congo gikomeje kwigwizaho ibitwaro bikomeye mu gihe mu burasirazuba

Kwipimisha Covid-19 ku bagenzi bajya n’abava i Burundi byakuweho

Guverinoma y’u Burundi yakuyeho icyemezo cyo kubanza kwipimisha Covid-19 ku bagenzi bajya

M23 yavuye mu kigo cya gisirikare kinini yari imaze igihe igenzura

Inyeshyamba za M23 zikomeje kubahiriza imyanzuro yafatiwe mu biganiro by'i Luanda bigamije

Perezida Kagame yagennye Senateri usimbura Dr Iyamuremye Augustin

Perezida wa Repubulika y’u Rwanda, Paul Kagame yashyize Dr Francois Xavier Kalinda

Kamonyi: Umugabo w’imyaka 36 yasanzwe mu mugozi

Tuyizere Eric w'Imyaka 36 y'amavuko bamusanze mu rugo iwe  mu mugozi anagana,

Nyanza: Yibutse ko muri Jenoside hari uwamuhishe aramugororera

Umuturage wo mu murenge wa Busasamana, mu karere ka Nyanza yagiye gushimira