Inkuru Nyamukuru

Ba Perezida 4 b’ibihugu bya EAC bashashe inzobe ku mutekano mucye muri Congo

Ibiro by’Umukuru w’Igihugu byatangaje ko ku mugoroba wo kuri uyu wa mbere

Abapolisi 144 bagarutse mu Rwanda bavuye mu butumwa bw’amahoro muri Sudani y’Epfo

Abapolisi b’u Rwanda 144 bari bamaze umwaka mu butumwa bw’amahoro bw’Umuryango w’Abibumbye

Abafite ubumuga bwo kutabona barasaba gufashwa kugura inkoni yera kuri Mituweli  

Abafite ubumuga bwo kutabona mu Rwanda, baracyagowe no kubona inkoni zera kubera

Perezida Kagame yabwiye Isi icyakorwa mu guhangana n’ihindagurika ry’ikirere

Perezida wa Repubulika y’u Rwanda, Paul Kagame yagaragaje ko hacyenewe ubufatanye  hagati

Ngororero: Abagore barashinjwa gukubita abagabo bitwaje uburinganire

Ubwo Umuvunyi yasuraga abaturage bo mu Murenge wa Ngororero, abagore bareze bagenzi

Abanyekongo baravuga imyato umudereva w’indege y’intambara yashotoye u Rwanda

Ku mbuga nkoranyambaga Abanyekongo batandukanye bakomeje kwikomanga mu gatuza bashimagiza ubushotoranyi bwakozwe

Nyarugunga: Abanyamuryango ba FPR-Inkotanyi bishatsemo miliyoni 47Frw bubakira abatishoboye

Bwa mbere imbona nkubone bakoze Inteko rusange nyuma y'umwaduko wa COVID-19 Bishatsemo

Indege ya Gisirikare ya Congo yavogereye u Rwanda

Leta y'u Rwanda yatangaje ko ahagana isaa 11h 20 kuri uyu wa

Umugabo ukomoka muri Uganda yaguye mu mpanuka yabereye i Rubavu

Impanuka y’imodoka yo mu bwoko bwa FUSO, yari ivuye muri Uganda yerekeje

Rusizi: Umusore wabanaga n’abandi mu gipangu yasanzwe mu nzu yapfuye

Abasore batatu, babiri bavukana n'undi umwe wo mu muryango wabo, babana mu

Perezida Paul Kagame yageneye ubutumwa bw’akababaro Tanzania

Perezida Paul Kagame uri mu nama yiga ku gufata neza ikirere mu

U Rwanda na Congo byemeranyijwe inzira y’ibiganiro bigamije amahoro

Nyuma y'umwuka mubi n'iterana ry'amagambo bimaze iminsi hagati ya Repubulika ya Demokarasi

Abapolisi boherejwe muri Sudani y’Epfo basabwe kudasiga icyasha igihugu  

Umuyobozi Mukuru wa Polisi y’u Rwanda, IGP Dan Munyuza yibukije abapolisi 160

M23 si umutwe w’ibyihebe, barwanira uburenganzira bwabo – Gen Muhoozi

Umuhungu wa Perezida Yoweri Museveni, akaba n’umujyanama we mu by’umutekano, yavuze ko

UPDATE: Impanuka y’indege yahitanye abantu 19 muri Tanzania

UPDATE: Impanuka y’indege itwara abagenzi yabaye ku Cyumweru mu gitondo, yahitanye abantu