Inkuru Nyamukuru

Rulindo: Uwicishije isuka umugore we yakatiwe gufungwa imyaka 25

Urukiko ku rwego rwisumbuye rwa Gicumbi rwahanishije umugabo ukurikiranyweho kwica umugore we

Abimukira Ubwongereza buzohereza mu Rwanda bamenyekanye

Kuri uyu wa Kane, u Rwanda n’Ubwongereza byasinye amasezerano ajyanye n’uburyo ibihugu

Abagana ibitaro bya Kabgayi banenga serivisi zihatangirwa

Abagana ibitaro bya Kabgayi bavuga ko bamara umwanya munini bategereje guhabwa serivisi

Gen Kabarebe yasabye urubyiruko kutarangazwa na Snapchat rugasubiza abapfobya Jenoside

Umujyanama w’Umukuru w’Igihugu mu by’Umutekano ,Gen James Kabarebe, yabwiye urubyiruko gukomeza guhangana

Gahunda ya Perezida Kagame mu ruzinduko rwe muri Jamaica

Perezida Paul Kagame yaraye ageze muri Jamaica mu ruzinduko rw’iminsi 3 rugamije

Abantu 68 bagaragayeho ingengabitekerezo ya Jenoside mu cyumweru cy’Icyunamo -RIB

Urwego rw’Igihugu rw’Ubugenzacyaha RIB mu cyumweru cyo kwibuka ku nshuro ya 28

Inama ya CHOGM ivuze iki ku muturage w’u Rwanda

Imyiteguro irarimbanyije mu Rwanda mu rwego rwo kwitegura inama ikomeye ihuza Abakuru

P. Kagame yageze muri Jamaica mu ruzinduko rw’akazi

Mu masaha y’umugoroba kuri uyu wa Gatatu, Perezida Paul Kagame yageze mu

Dr Iyamuremye yaburiye abashaka kugoreka amateka bagamije inyungu za Politiki

Perezida wa Sena Dr Iyamuremye Augustin yaburiye abashaka guhakana no gupfobya Jenoside

Amabwiriza 10 ya CDR yahembereye urwango rwagejeje kuri Jenoside

Amabwiriza 10 yasohowe n’ishyaka rya CDR mu itangazo ryiswe “Jye ntibindeba ndi

Menya ibihe by’ingenzi byaranze urugendo rwa P.Kagame i Brazzaville

Perezida Kagame kuri uyu wa Gatatu yasoje urugendo rw’akazi rw’iminsi itatu yagiriraga

Rubavu: Biyemeje kongera imbaraga mu kurengera ibidukikije

Ubuyobozi bw'Akarere ka Rubavu nk'Umujyi wunganira Kigali buvuga ko ibidukikije bibafitiye akamaro

Hunamiwe Abatutsi barashishijwe imbunda zikomeye muri Centre Christus Remera

Umurenge wa Remera wibutse ku nshuro ya 28 Jenoside yakorewe Abatutsi 1994

Abashumba baguye mu mutego w’amoko binjira muri Politiki- Pst Christine Gatabazi

Umushumba w’itorero Assemblées de Dieu rikorera ku kimihurura mu Mujyi wa Kigali

Barasaba ko ururimi rw’amarenga rwakoreshwa kuri Televiziyo zose

Abafite ubumuga bwo kutumva no kutavuga bagaragaraza ko bagorwa no gukurikira amakuru