Inkuru Nyamukuru

Igikombe cy’Isi cy’abakanyujijeho kigiye kugarura Gatete Jimmy i Kigali

Biciye mu irushanwa ry'Igikombe cy'Isi cy'abakinnye (Veterans) kizabera mu Rwanda, rutahizamu wakunzwe

Ubuyobozi bwa Kiyovu bwatumije Inteko Rusange y’Abanyamuryango

Biciye mu butumire bwahawe Abanyamuryango bose ba Kiyovu Sports, ubuyobozi bw'iyi kipe

RDC: Impuguke za Loni zagaragaje impungenge mu matora ya 2023

Impuguke z’umuryango w’abibumbye zirashidikanya ku itegurwa ry’amatora ya perezida n’Inteko Ishinga Amategeko

Perezida Kagame yiyemeje guhagurukira ibibazo by’abamotari

Perezida Kagame yavuze ko agiye guhagurukira ikibazo cy’abamotari bavuga ko babangamiwe n’igiciro

Kiyovu Sports yungutse undi mufatanyabikorwa

Ubuyobozi bwa Kiyovu Sports buyobowe na Mvukiyehe Juvénal, bwatangaje ko iyi kipe

U Rwanda rweretse Afurika intambwe yatewe mu gukoresha internet

U Rwanda rweretse ibihugu bya Afurika ko hamaze guterwa intambwe ikomeye mu

Umujenerali wari ukomeye muri Uganda yapfiriye muri Kenya

Uwahoze ari Minisitiri w’umutekano muri Uganda akaba nimero ya kabiri muri batandatu

Abaturiye Pariki y’Akagera batangiye gusogongera ku byiza byayo

Kayonza: Bamwe mu baturiye Pariki y'Akagagera barishimira kuba barahawe ibikorwaremezo bivuye ku

Perezida Kagame yatangiye ingendo agirira mu Ntara

Perezida  Paul Kagame yatangiye urugendo rw'iminsi ine agirira mu Ntara y'Amajyepfo n'iy'Iburengerazuba

Muhanga: Igiti cyagwiriye umunyonzi n’abo yari ahetse

Igiti batemaga cyishe Umunyonzi gikomeretsa bikabije abandi bantu babiri yari ahetse. Iyi

Haruna Niyonzima yashinje ruswa umusifuzi mpuzamahanga

Kapiteni w'ikipe y'Igihugu y'u Rwanda, Amavubi, na AS Kigali, Haruna Niyonzima, yasabye

Ruhango: Abagizi ba nabi batemye Umupolisikazi bikabije

Mukeshimana Claudine ubarizwa muri  Polisi  y'Igihugu akaba akorera kuri Sitasiyo  ya Byimana 

Gasabo: Impungenge z’umukarani w’ibarura wariwe n’imbwa y’umukire

Umukarani w'ibarura wo mu murenge wa Nduba ho mu karere ka Gasabo,

Perezida Ndayishimiye avuga ko Imana itazemera ko bicwa n’ibura rya Peteroli

Umukuru w'Igihugu cy'uBurundi, Nyiricyubahiro Evariste Ndayishimiye yasabye Abarundi kugumana icyizere mu gihe

Nduba: Yakomerekejwe n’imbwa yo mu rugo agiye kubarura

Umukarani w'ibarura yagiye mu rugo rw'uwitwa Kanani Jean Robert, ngo ababarure imbwa