Inkuru Nyamukuru

Football: Abakinnyi 10 bakomeye mu Rwanda badafite amasezerano muri iki gihe

Ishyirahamwe ry'umupira w'amaguru ku isi FIFA, rigena ibihe bibiri mu mwaka byo

Covid-19 imaze guhitana Abavoka babiri, ntitwifuza ko hapfa abandi – Me Nkundabarashi

*Abavoka bavuga ko gusabwa kwipimisha Covid-19 buri munsi bihenze *Hari uwavuze ko

Guhohoterwa ku mugabo si ukuba umunyantege nke, bagane ubutabera -Dr Murangira

Umuvugizi w’Urwego rw’Igihugu rw’Ubugenzacyaha RIB, Dr Murangira B. Thierry yasabye abagabo bahohoterwa

Ngoma: Abagore bari mu marira nyuma y’aho abagabo babatanye ingo

Bamwe mu bagore bo mu Murenge wa Mugesera mu Karere ka Ngoma

Bugesera: Asaga miliyoni 12 yafashije abagore kuzahura ubukungu bwashegeshwe na COVID-19

Abagore bakora ubucuruzi buto n’ubucuriritse mu Mirenge itandukanye yo mu Karere ka

Rwamagana: Abaturage 52 bajyanywe mu Bitaro nyuma yo kunywa ikigage gihumanye

Abaturage 52 bo mu Murenge wa Munyaga, Akagari ka Nkungu,Umudugudu wa Kabuye

Kayonza: Akanyamuneza ni kose ku rubyiruko rwafashijwe kubona inguzanyo yo kuzahura ubucuruzi bwabo

Bamwe mu bakora ubucuruzi buciriritse mu Karere ka Kayonza biganjemo urubyiruko barashimira

Perezida Kagame yakiriye intumwa z’u Burundi zazanye ubutumwa bwa Perezida Ndayishimiye

Perezida wa Repubulika y’u Rwanda Paul Kagame mu biro bye Village Urugwiro

Nyuma y’iminsi 10 umurwayi wa Covid-19 ari mu kato azajya akavamo igihe nta bucucike bwa virusi afite

Minisiteri y’ubuzima yatangaje ko umurwayi Covid-19 ariko yarikingije byuzuye azajya amara mu

HEC yemeje ko Atalantic Universtiry ivuga ko yahaye “PhD” Dr Igabe itemerewe gutanga impamyabumenyi zihanitse

Ikigo gishinzwe amashuri makuru na za Kaminuza mu Rwanda HEC, cyemeje ko

Cyuma Hassan yanze kuburanira kuri Skype ajyanwa ku Rukiko rw’Ubujurire

Kuri uyu Mbere Niyonsenga Dieudonne uzwi ku mbuga nkoranyambaga cyane YouTube aho

Umugore umwe rukumbi mu kibuga hagati mu basifuzi ba CAN 2021, Mukansanga Salma ni muntu ki?

Burya ngo uwambaye ikirezi ntamenya ko cyera kuko wumvise izina Mukansanga Salma

Abasenateri bagiye kureba ibibazo by’ingutu biri mu Midugudu yubakwa na Leta

Itangazo rigenewe Abanyamakuru, Sena y’u Rwanda ivuga ko Abasenateri bagize Komisiyo idasanzwe

Gatsibo: Abaturage batwawe ibyangombwa by’ubutaka na ASA Microfinance bararira ayo kwarika

Hari abaturage bo mu Karere ka Gatsibo biganjemo abagore bibumbiye mu matsinda

U Rwanda rwahakanye “igitutu” kuri Niger ngo yirukane abimuwe na Arusha ku butaka bwayo

URwanda rwavuze ko umubano n’ubushuti bwari hagati yarwo na Niger bidashobora gukomwa