Inkuru Nyamukuru

Polisi yarashe umusore bivugwa ko ari “Umwuzukuru wa Shitani Mukuru”

Rubavu: Umusore w'imyaka 21 bivugwa ko yari yariyise DPC w'itsinda ry'insoresore zikora

Musanze: Ubuharike no gushaka imitungo, bimwe mu biteza umutekano mucye muri Cyuve

Akarere ka Musanze ni kamwe mu turere tugize Intara y’Amajyaruguru, kakaba gafite

Ruswa mu bizami bya permis: Ba ‘Offisiye’ barekuwe n’Urukiko Polisi yo yakomeje kubafunga

Inkuru y'Abapolisi 7 hari ba "Offisiye" beretswe Itangazamakuru Polisi y'Igihugu ibashinja kurya

Ari undi ntiyaribuze uwo bayoboranye urugamba yapfuye –Gen. Kabarebe avuga ubutwari bwa Perezida Kagame

Umujyanama wa Perezida wa Repubulika mu by’Umutekano Gen James Kabarebe yavuze ko

RDC: Abantu Bane barimo Liyetona baguye mu myigaragambyo yamagana Polisi y’u Rwanda i Goma

Imyigaragambyo ikaze kuri uyu wa mbere tariki ya 20 Ukuboza 2021 mu

Abagenzi 36 bafashwe n’amasaha baraye muri gare ya Nyabugogo

Umunsi wa mbere wishyirwa mu bikorwa by’ingamba nshya watumye abagenzi 36 bategeraga

Perezida Kagame yakiriwe na mugenzi we w’ubufaransa bagirana ibiganiro

Perezida wa Repubulika y’u Rwanda Paul Kagame yakiriwe na mugenzi we w’u

Abamamyi bagaragajwe nk’imbogamizi ikomeye itsikamira uburenganzira bw’umuguzi

Mu mpera z’icyumweru gishize ubwo u Rwanda rwifatanyaga n’Isi mu kwizihiza ihiganwa

Mu Rwanda abagore baracyahohoterwa, 23% bakorewe irishingiye ku gitsina

Mu bushakashatsi bwIkigo cyIgihugu cyIbarurishamibare mu Rwanda bwo mu mwaka wa 2019-2020,

Musanze: Abantu 7 bakwekwaho urupfu rw’umukecuru Nyirabikari batawe muri yombi

Abantu barindwi barimo umuhungu w’umukecuru w’imyaka 87 Nyirabikari Therese bari mu maboko

Imodoka zitwara abagenzi bajya n’abava Kigali zakumiriwe gutwara abatarikingije Covid-19

Mu gihe icyorezo cya Covid-19 gikomeje gufata indi ntera mu mibare y’abandura

Umupolisi wa RDC yaguye mu myigaragambyo iri kwamagana Polisi y’u Rwanda i Goma

Mu Mujyi wa Goma muri Kivu ya Ruguru bazindukiye mu myigaragambyo yamagana

Umuryango wa Rev Numa wateguye umugoroba wo kuganiriza abashakanye mu guhangana na gatanya

Gatanya ni kimwe mu bibazo byugarije u Rwanda kuko imibare y’Inkiko yerekana

Nyanza: Imibiri bikekwa ko ari abishwe muri Jenoside yabonetse mu musarane

Mu Mudugudu wa Taba, mu Kagari ka Rwesero mu Murenge wa Busasamana,

Musanze: Abataramenyekana bicishije icyuma umukecuru banamutwikisha aside

Abantu bataramenyekana binjiye mu rugo rw’umukecuru witwa Nyirabikari Therese w’imyaka 87 ,