Inkuru Nyamukuru

Abasirikare 460 bari ku ipeti rya Major bazamuwe mu ntera bagirwa Lieutenant Colonel

Itangazo ryasohowe n'ingabo z'u Rwanda rivuga ko Perezida Paul Kagame yazamuye mu

Kugira imyumvire yo kutishishanya bizazana amahoro arambye mu biyaga bigali

Abatuye mu bihugu by'Ibiyaga Bigari bavuga ko mu gihe habaho imibanire myiza

Abatuye ikirwa cya Nkombo barasaba gusanurirwa isoko rimaze imyaka 3 amabati yaragurutse

Abaturage batuye Umurenge wa Nkombo mu Karere ka Rusizi bamaze imyaka isaga

Kamonyi: Abantu 151 bafashwe ngo “Baje gusaba Imana ubukire “barenze ku mabwiriza yo kurwanya COVID-19

Kuri uyu wa Kane tariki ya 16 Ukuboza 2021,ku bufatanye Polisi y’Igihugu

Abagore bavuze uko bashutswe baramburwa, umwe asambanywa ku gahato

Umugore uvuga ko atuye Norvege muri Kigali, akaba navuze ko ahinga urusenda

Nyamagabe: Manager wa SACCO ya Buruhukiro yarashwe n’umusekirite amusanze iwe

Umucungamutungo ku Murenge wa SACCO Buruhukiro mu ijoro ryakeye (ku wa Gatatu

Kigali: Barakekwaho ibyaha bikomeye birimo no gushimuta abantu “bagasaba amafaranga”

Urwego rw'Igihugu rw'Ubugenzacyaha (RIB) rweretse Itangazamakuru abasore 4 bakekwaho ibyaha bikomeye bakora

Uburezi: Gahunda yo kugaburira abana ku ishuri ikeneye miliyari 15Frw

Mu mwaka w’amashuri wa 2021-2022 Guverinoma yafashe icyemezo cyo kugeza gahunda yo

Gisagara: Impanuka ikomeye y’imodoka yaguyemo Abaforomokazi babiri

Abaforomokazi babiri bari kumwe n'abandi mu modoka bavuye mu gikorwa cyo gusiramura

Rubavu: Umusore wari wagiye koga mu Kivu yarohamye arapfa

Umusore w’imyaka 28 wari wagiye koga mu Kivu yarohamye ubwo yari kumwe

Abagana insengero bagiye kujya babanza kwerekana ko bikingije COVID-19

Abagana insengero kimwe  n’abandi bantu bahurira ahantu ari benshi bagiye kujya babanza

CP Kabera yasabye abantu kureka kwirara no gucika ku mvugo zitiza umurindi Covid-19

Nyuma y’uko ingamba zo kwirinda Covid-19 zivuguruwe bimwe mu bikorwa birimo ibitaramo

Urukiko rwongereye igihe Twagirayezu Wenceslas ngo agere ku batangabuhamya bashinjura

Mu iburanisha riheruka ku wa 1 Ukuboza 2021 Twagirayezu Wenceslas woherejwe n'igihugu

Dr Munyakazi wabaye Umunyamabanga wa Leta muri MINEDUC yakatiwe igihano gisubitse

Kuri uyu wa Gatatu Urukiko Urukiko Rukuru rwahamije Dr Munyakazi Isaac icyaha

Abari abayobozi muri FDLR bari basabiwe gufungwa burundu bakatiwe imyaka 10

*Bahanaguweho ibyaha bitandatu muri birindwi baregwa Urugereko rw'Urukiko Rukuru ruburanisha ibyaha mpuzamhanga