Inkuru Nyamukuru

Nyagakecuru yari muntu ki ? temberana n’UMUSEKE mu bisi bya Huye

Mu rugendo rugamije gukusanya no kureba ibirari by’amateka mu Karere ka Huye,

Amavubi yatsinzwe na Kenya asoza ku mwanya wa nyuma mu itsinda

U Rwanda rusoje ku mwanya wa nyuma n’inota rimwe risa mu mikino

Kigali: Abamotari barinubira Camera zo ku mihanda zibacisha amafaranga atari ngombwa

Bamwe mu bakora akazi ko gutwara abantu kuri moto mu Mujyi wa

Perezida Kagame yakiriye Muraleedharan , Umunyamabanga wa Leta w’u Buhinde ushinzwe Ububanyi n’Amahanga

Perezida wa Repubulika y’u Rwanda,Paul Kagame, kuri uyu wa Mbere tariki ya

Minisiteri y’uburezi yasohoye amanota y’ibizamini bya leta bisoza amashuri yisumbuye

Minisiteri y’Uburezi yashyize hanze amanota y’ibizamini bya leta ku barangije umwaka wa

Muhanga: Minisitiri Gatabazi yasabye abajyanama kuzakemura ibibazo by’abaturage bidasabye Itangazamakuru

Minisitiri w’Ubutegetsi bw’Igihugu, Gatabazi Jean Marie Vianney, Yasabye abagize Inama Njyanama mu

Nyarugenge: Bibukijwe ko hari amategeko arengera ibidukikije ahana abamena imyanda ahatemewe

Kuri uyu wa gatandatu Abaturage b’Umujyi wa Kigali ku bufatanye n’ikigo cy’igihugu

Ruhango: Abakora isuku mu isoko ryo ku Buhanda guhemberwa igihe byabaye inzozi

Abaturage bakorera kompanyi ya Imena Vision ifite inshingano zo gukora isuku mu

OMS yahembye umunyarwanda waje ku isonga mu kurwanya ububi bw’itabi

Umunyarwandakazi Mukantabana Crescence yahawe igihembo n'Ishami ry'Umuryango w'Abibumbye wita ku buzima OMS,

Imodoka zitwara abagenzi zemerewe gutwara 100%, Imyanzuro y’inama y’Abaminisitiri

Inama y’Abaminisitiri yateraniye muri Village Urugwiro iyobowe na Perezida Kagame yavuguruye ingamba

Mpayimana Philippe wigeze kwiyamamariza kuba Perezida yahawe umwanya muri Minisiteri

Perezida w’u Rwanda Paul Kagame yagize Philippe Mpayimana  impuguke nkuru ishinzwe uruhare

Ibitaro bya Nyabikenke byahawe abakozi 8 barimo n’Umuyobozi Mukuru wabyo

Muhanga: Minisiteri y'Ubuzima yashyizeho Umuyobozi Mukuru w' Ibitaro by'Akarere bya Nyabikenke, yohereza

Me Nkundabarashi Moise yatorewe kuyobora urugaga rw’Abavoka, yiha umukoro wo gukemura ibibazo bahura nabyo

Umunyamategeko Me Nkundabarashi Moise yatorewe kuyobora urugaga rw’Abavoka mu Rwanda mu  gihe

RRA yatanze miliyoni 25Frw ku bacuruzi 5 b’i Rubavu bangirijwe n’imitingito

Kuri uyu wa Gatanu nibwo Ikigo cy’Igihugu cy’Imisoro n’Amahoro (RRA) cyasuye abacuruzi

CSP Kayumba  wayoboye Gereza ya Mageragere yasabiwe gufungwa imyaka 5

CSP Kayumba Innocent wayoboye Gereza ya Nyarugenge izwi nka Mageragere n’abandi bantu