Inkuru Nyamukuru

Rwiyemezamirimo Uwemeye umaze imyaka 2 afunzwe yagizwe umwere

Urukiko Rwisumbuye rwa Gsabo rwagize abere abagabo 5 barimo rwiyemezamirimo Uwemeye Jean

CSP  Kayumba wayoboye Gereza ya Nyarugenge yagabanyirijwe ibihano

Urukiko Rwisumbye rwa Nyarugenge rwagabanyirije igihano CSP Kayumba Innocent wayoboye Gereza ya

Igikombe cy’Isi 2022: Senegal yatomboye neza, Ubudage buri mu itsinda ry’Urupfu

Amakipe 32 yabonye itike yo gukina igikombe cy’Isi muri Qatar yamaze kumenya

Gusambanya abana, ibiyobyabwenge n’icuruzwa ry’abantu biroreka umuryango nyarwanda

Isambanywa ry’abangavu baterwa inda bakabyara imburagihe, urubyiruko rwishora mu ikoreshwa ry’ibiyobyabwenge ndetse

Rwanda: Gutera intanga ingurube bigeze ku gipimo gishimishije

Ikigo cy’igihugu cyita ku buhinzi n’ubworozi (RAB), kivuga ko mu Rwanda hamaze

Kamonyi: Umugabo utabasha kuva aho ari kubera uburwayi arasaba kuvuzwa

Habyarimana Jean w'imyaka 76 y’amavuko, hagiye gushira imyaka ibiri atabasha kubyuka aho

Nyagatare: Barashima Leta yabafashije kongerera agaciro umusaruro w’ubuhinzi

Abahinzi bo mu Karere ka Nyagatare mu Ntara y'Iburasirazuba, bavuga ko bamaze

Urayeneza Gerard yagizwe umwere ku byaha bya Jenoside yaregwaga

*Urukiko Rwisumbuye rwa Muhanga mbere rwari rwamuhamije ibyaha rumukatira gufungwa burundu Urugereko

Ndimbati usabirwa gufungwa by’agateganyo yemera ko yasambanye n’Umukobwa

*Ndimbati ngo Umunyamakuru yamwatse miliyoni 2Frw ngo areke gukora ikiganiro ku nkuru

Nyanza: Umubyeyi wabyaye impanga z’abana 3 arasaba ubufasha

Umubyeyi  wabyaye impanga z'abana batatu aravuga ko nta bushobozi afite bwo kubarera

Urwego rw’Umuvunyi ruri mu bukangurambaga buzakemura ibibazo by’abaturage ku gipimo cya 98%

Umuvunyi Mukuru Nirere Madeleine yabivuze kuri uyu wa 22 Werurwe 2022 Mu

U Rwanda rwafashe mu mugongo Uganda ku rupfu rwa Jacob Oulanyah

Guverinom y’u Rwanda biciye muri Ambasade yayo muri Uganda bihanganishije iki gihugu

Lt Gen Muganga yitabiriye inama y’Abagaba bakuru b’ingabo zirwanira ku butaka

Umugaba Mukuru w’Ingabo z’u Rwanda zirwanira ku butaka Lt Gen Mubarak Muganga

Birashoboka ko abantu barenga 100 bapfiriye mu mpanuka y’Indege yabereye mu Bushinwa

UPDATED: Iyi mpanuka yabaye mu masaha y'ikigoroba mu Bushinwa ku wa Mbere,

Min. Bamporiki yasabye abasizi kubyaza inyungu ibihangano abizeza ubufatanye

Umunyamabanga wa Leta muri Minisiteri y’Urubyiruko n’Umuco, Bamporiki Edouard yijeje ubufatanye abasizi