Inkuru Nyamukuru

Muhanga: Biogaz 339 zahubatswe 216 ntizikora, abaturage baratunga agatoki abazibahaye kubatererana

*Biogaz ye yaraturitse ivunagura insina iramanuka ajya kuyitora mu kabande Mu 2007

Rutsiro: Abagizi ba nabi batemye inka y’umuturage

Abagizi ba nabi bataramenyekana bitwikiriye ijoro maze batema inka y’uwitwa Bengifayida Constastine

Abaturage barasaba gusanirwa ikiraro gihuza Karongi na Nyamagabe

Abaturage bo mu Turere twa Nyamagabe na Karongi bahangayikishijwe n’ikiraro cya Nyabukono

MINIJUST yasabye ubufatanye mu guhashya ibifi binini birya ruswa

Umunyamabanga Uhoraho muri Minisiteri y'Ubutabera Mbonera Theophile yatangaje ko amategeko ahana ruswa

Abacukura amabuye y’agaciro basabwe kutangiza urugomero rwa Nyabarongo

Inzego zitandukanye zo mu Ntara y'Amajyepfo, zasanze ibikorwa by'ubucukuzi bw'amabuye y'agaciro n'ubuhinzi

Itorero ridafite umwuka wera riba ar’imfubyi – Rev Uwambaje Emmanuel

Rev Uwambaje Emmanuel Umushumba w'Ururembo rwa Rubavu yabwiye abitabiriye igiterane cy'iminsi irindwi

Gupima umuriro ku marembo y’ahahurira abantu benshi ntibigikenewe- MINISANTE

Igikorwa cyo gupimira umuriro ahahurira abantu benshi cyari kimaze igihe kiri mu

Mugimba Jean Baptiste yahamijwe uruhare muri Jenoside akatirwa imyaka 25 y’igifungo

Urugereko rwihariye rw’Urukiko Rukuru ruburanisha ibyaha mpuzamahanga n’ibyambukiranya imipaka rwahamije Jean Baptiste

Ukraine: Umugore wari wahawe igihembo cy’umubyeyi w’Intwari yaguye ku rugamba bishengura benshi

Umubyeyi wo muri Ukraine wareraga abana 12 barimo batandatu yabyaye n’abandi batandatu

Perezida Ndayishimiye w’u Burundi yakiriye Musenyeri Antoine Karidinali Kambanda

Kuri uyu wa Kane tariki 17 Werurwe 2022, Perezida w’u Burundi, Evariste

Nyamasheke: Umubyeyi wemeye guha impyiko umwana we urembye yabuze ubushobozi bumugeza mu Buhinde 

NYIRANGAMIJE Brigitte ni umubyeyi w'abana batandatu wo mu murenge wa Kagano mu

Nyuma y’imyaka 30 Umujyi wa Gisenyi wavuguruye imiyoboro y’amashanyarazi

Umujyi wa Rubavu nk’umwe mu yunganira Kigali, ku wa Gtandatu hatashye umuyoboro

Dr Uzziel Ndagijimana yasobanuye uko Miliyari 100 Frw zafashije kuzahura ubukungu

Muri Kamena 2020,Guverinoma y’uRwanda yashyizeho Ikigega Nzahurabukungu (Economic Recovery Fund) agamije kuzahura

Abanyarwanda ubu bakwizera kujya Uganda nta nkomyi? Dr Ngirente yagize icyo abivugaho

*Kayumba Nyamwasa uyobora RNC yavuzweho Minisitiri w’Intebe w’u Rwanda Dr Edourd Ngirente

Imodoka ya 2 mu mateka yambukijwe mu bwato igera ku kirwa cya Nkombo (Video)

UPDATED: Padiri Nsengumuremyi Silas umuyobozi w'ikigo cy'ishuri GS. Saint Pierre Nkombo yavuze