Inkuru Nyamukuru

Perezida Kagame yagaragaje ubufatanye nk’inzira yo guteza imbere igisirikare kirwanira mu kirere muri Afurika

Perezida wa Repubulika y’u Rwanda, Paul Kagame yagaragaje ko ubufatanye mu bihugu

Nyanza: Umwana yagerageje kwiyahura kubera guterwa inda

Mu murenge wa Busasamana mu karere ka Nyanza umwana w'umukobwa w'imyaka 17

U Rwanda Bamporiki yagiriyemo umugisha nirwo murimo- Bamporiki ahanura abahoze mu buzererezi

NYAMAGABE: Umunyamabanga wa Leta muri Minisiteri y’Urubyiruko n’Umuco, Hon. Bamporiki Edouard yasabye

U Rwanda rwasubiye inyuma ho inota rimwe n’imyanya 3 mu kurwanya ruswa ku Isi

Umuryango urwanya ruswa n’akarengane ku isi Transparency Interantional wagaragaje ko u Rwanda

Uganda iteye indi ntambwe mu kubyutsa umubano n’u Rwanda, Umuyobozi ukuriye ubutasi (CMI) yasimbujwe

*Maj. Gen Kandiho “yavuzweho guhohotera Abanyarwanda” Ishobora kuba ari indi ntambwe ikomeye

Perezida wa Malawi yirukanye Guverinoma yose ayishinja ruswa

Lazarus Chakwera, Perezida wa Malawi yirukanye abagize Guverinoma ye bose abashinja ruswa.

KNC atariye iminwa ati “Ubunyamabanga bwa FERWAFA burwaye Malaria”

*Ibihano yafatiwe ngo birasekeje azajurira *KNC yavuze ko afite ubushobozi yakwirukana abakozi

RPMFA yisubiye ku cyemezo gihagarika amasezerano n’ibigo bya RADIANT, SANLAM na BRITAM

UPDATED: Ishyirahamwe ry’amavuriro y’igenga mu Rwanda (RPMFA) ryisubiye ku cyemezo ryari ryafashe

Burkina Faso: Coup d’Etat yahiye, abasirikare bayikoze bavuze ijambo kuri Televiziyo

UPDATE: Abaturage ba Burkina Faso n'Isi muri rusange biriwe mu gihirahiro nyuma

Perezida Kagame yakiriye Ambasaderi w’Amerika ucyuye igihe Peter Vrooman

Kuri uyu wa Mbere tariki ya 24 Mutarama 2022 Perezida wa Repubukika

FERWAFA yafatiye ibihano perezida wa Gasogi ndetse n’abakinnyi

Inama ya Komisiyo ishinzwe imyitwarire muri FERWAFA yateranye ku wa gatandatu tariki

Umuceri uhinze kuri hegitari 20 warengewe n’amazi y’imvura mu kibaya cy’umugezi wa Mukungwa

Imvura nyinshi yaguye mu ijoro rishyira kuri iki Cyumweru mu Turere twa

Tugiye gucyemura ibibazo by’ibiza mu buryo burambye- Meya Kambogo

Ubuyobozi bw’akarere ka Rubavu bwatangaje ko bugiye gukemura ikibazo cy’ibiza cyagaragara muri

Muhanga: MINISANTÉ yahaye ibitaro bya Kabgayi abaganga 5 b’inzobere

Minisiteri y'Ubuzima yahaye ibitaro bya Kabgayi Abaganga 5 b'inzobere biyongera ku bandi