Inkuru Nyamukuru

Aimable Karasira ufite intege nke yabwiye Urukiko iby’uburwayi bwe bwo mutwe

*Bamubwiye ko atuye mu Biryogo. Ati "Oya ntuye muri kasho ya Gereza

Abantu batazwi basanze Perezida wa Haiti iwe mu rugo baramwica

Minisitiri w'Intebe w'agateganyo muri Haiti,Dr Claude Joseph yashyize hanze itangazo rivuga ko

Abakuru b’ubutasi bwa Gisirikare mu Karere k’Ibiyaga bigari bahuriye i Bujumbura

Abakuriye ubutasi bwa Gisirikare mu Karere k'ibiyaga bigari mu bihugu bya Uganda,

Musanze: Habonimana wari urwariye Covid-19 mu rugo yasanzwe mu nzu yapfuye

Mu Kagari ka Cyabagarura, mu Murenge wa Musanze mu Karere ka Musanze

Kimironko: Umucuruzi umwe muri benshi bapimye ni we basanze yaranduye COVID-19 

Umucuruzi  umwe ni we wasanzwemo  icyorezo cya Coronavirus mu bandi bacuruzi basaga

Rubavu: Bamwe muri ba ba Gitifu b’utugari 7 baravuga ko begujwe ku gahato

Bamwe mu Banyamabanga Nshingwabikorwa b'Utugari 7 two mu Karere ka Rubavu barijujutira

Ngoma/Murama: Yakuyemo inda uruhinja arujugunya mu murima w’ikawa

Umukobwa uri mu kigero cy’imyaka 18 utuye mu Kagali ka Sakara, Umudugudu

Undi munsi w’amarira mu Rwanda, Covid-19 yishe abantu 12 abanduye 883

Icyorezo cya Coronavirus muri iyi minsi cyafashe intera, kuri uyu wa Kabiri

Impunzi z’Abarundi zitegereje icyerekezo kizava mu magambo meza ari hagati y’u Burundi n’u Rwanda

U Burundi n'u Rwanda bimaze iminsi bica amarenga ko agasozi kari karakomye

Kwizera Olivier yakatiwe umwaka usubitse, Urukiko rutegeka ko urumogi yafatanywe rutwikwa

Urukiko rw'Ibanze rwa Kicukiro rwahamije Umunyezamu wari uwa Rayon Sports n'ikipe y'Igihugu

Minisitiri Gatabazi yanenze imyitwarire y’Abayobozi bakubita abaturage

Inkuru y'umuturage uri kuri moto ahetse imizigo, yagera kuri bariyeri aho Umunyamabanga

Bugesera: Umugabo n’Umugore bumvikanye kwica umwana wabo bakamutaba mu rufunzo

Iradukunda Jean d'Amour n'Umugore we Mujawimana Diane bashinjwa gutaba mu rufunzo uruhinja

Gakenke: Gitifu afunganywe n’abaturage bagaragaye bahondagura umumotari

Urwego rw’Igihugu rw’Ubugenzacyaha (RIB), mu gitondo cyo kuri uyu wa Kabiri tariki

Abagore 2 bakurikiranyweho kwiba miliyoni 25Frw binyuze mu bucuruzi bw’uruhererekane

Urwego rw'Igihugu rw'Ubugenzacyaha, (RIB) rufunze abagore babiri bo mu Karere ka Rusizi,

Gicumbi: Umuganga yavunitse igufwa ry’ukuguru ubwo yirukaga ahunga Abapolisi

Umuganga witwa Habiyakare Damascene ukorera mu Nkambi y'impunzi ya Gihembe mu Karere