Perezida Kagame yagaragaje ubufatanye nk’inzira yo guteza imbere igisirikare kirwanira mu kirere muri Afurika
Perezida wa Repubulika y’u Rwanda, Paul Kagame yagaragaje ko ubufatanye mu bihugu…
Nyanza: Umwana yagerageje kwiyahura kubera guterwa inda
Mu murenge wa Busasamana mu karere ka Nyanza umwana w'umukobwa w'imyaka 17…
U Rwanda Bamporiki yagiriyemo umugisha nirwo murimo- Bamporiki ahanura abahoze mu buzererezi
NYAMAGABE: Umunyamabanga wa Leta muri Minisiteri y’Urubyiruko n’Umuco, Hon. Bamporiki Edouard yasabye…
U Rwanda rwasubiye inyuma ho inota rimwe n’imyanya 3 mu kurwanya ruswa ku Isi
Umuryango urwanya ruswa n’akarengane ku isi Transparency Interantional wagaragaje ko u Rwanda…
Uganda iteye indi ntambwe mu kubyutsa umubano n’u Rwanda, Umuyobozi ukuriye ubutasi (CMI) yasimbujwe
*Maj. Gen Kandiho “yavuzweho guhohotera Abanyarwanda” Ishobora kuba ari indi ntambwe ikomeye…
Muhanga: Inzu ziciritse zubatswe n’Akarere imwe ni miliyoni 19Frw, abaguzi bati “zirahenze!”
*Izi nzu zubatswe muri 4 in One (inzu imwe irimo inzu 4),…
Perezida wa Malawi yirukanye Guverinoma yose ayishinja ruswa
Lazarus Chakwera, Perezida wa Malawi yirukanye abagize Guverinoma ye bose abashinja ruswa.…
KNC atariye iminwa ati “Ubunyamabanga bwa FERWAFA burwaye Malaria”
*Ibihano yafatiwe ngo birasekeje azajurira *KNC yavuze ko afite ubushobozi yakwirukana abakozi…
RPMFA yisubiye ku cyemezo gihagarika amasezerano n’ibigo bya RADIANT, SANLAM na BRITAM
UPDATED: Ishyirahamwe ry’amavuriro y’igenga mu Rwanda (RPMFA) ryisubiye ku cyemezo ryari ryafashe…
Burkina Faso: Coup d’Etat yahiye, abasirikare bayikoze bavuze ijambo kuri Televiziyo
UPDATE: Abaturage ba Burkina Faso n'Isi muri rusange biriwe mu gihirahiro nyuma…
Perezida Kagame yakiriye Ambasaderi w’Amerika ucyuye igihe Peter Vrooman
Kuri uyu wa Mbere tariki ya 24 Mutarama 2022 Perezida wa Repubukika…
FERWAFA yafatiye ibihano perezida wa Gasogi ndetse n’abakinnyi
Inama ya Komisiyo ishinzwe imyitwarire muri FERWAFA yateranye ku wa gatandatu tariki…
Umuceri uhinze kuri hegitari 20 warengewe n’amazi y’imvura mu kibaya cy’umugezi wa Mukungwa
Imvura nyinshi yaguye mu ijoro rishyira kuri iki Cyumweru mu Turere twa…
Tugiye gucyemura ibibazo by’ibiza mu buryo burambye- Meya Kambogo
Ubuyobozi bw’akarere ka Rubavu bwatangaje ko bugiye gukemura ikibazo cy’ibiza cyagaragara muri…
Muhanga: MINISANTÉ yahaye ibitaro bya Kabgayi abaganga 5 b’inzobere
Minisiteri y'Ubuzima yahaye ibitaro bya Kabgayi Abaganga 5 b'inzobere biyongera ku bandi…