Inkuru Nyamukuru

Inteko Ishinga Amategeko y’u Rwanda yakiriye Perezida w’umutwe w’Abadepite muri Zimbabwe

Perezida w'Umutwe w'Abadepite muri Zimbabwe Jacob Mudenda uri mu Rwanda, uyu munsi

Amajyepfo: Abasora barasaba ko hubakwa imihanda yunganira ubahuza na Kigali

Abasora bo mu Ntara y'Amajyepfo, basabye ko hubakwa indi mihanda kuko ubucucike

Ijambo rya Mme J.Kagame mu kwizihiza isabukuru ya AERG FAMILY na GAERG Rwanda

Uyu munsi, Nyakubahwa Mme Jeannette Kagame yitabiriye ibirori byo kwizihiza isabukuru y'imyaka

Perezida Kagame yakiriye indahiro z’abayobozi bashya abibutsa guhangana n’ibibazo bazahura nabyo

Perezida wa Repubulika y’u Rwanda Paul Kagame yakiriye indahiro z’abayobozi bakuru barimo

Intara y’Iburengerazuba yaje ku isonga mu gukusanya imisoro y’imbere mu gihugu

Guverineri w’Intara y’Iburengerazuba, Habitegeko Francois avuga ko kudatanga imisoro bimeze nko gutema

UPDATE: Perezida Kagame yakiriye Minisitiri w’ububanyi n’amahanga w’Ubugereki muri Village Urugwiro

Perezida Kagame yakiriye muri Village Urugwiro, Minisitiri w’Ububanyi n’Amahanga w’u Bugereki Nikos

Muhanga: Abarimu 100 bamaze igihe bategereje amabaruwa ya “Mutation” barahebye

Abarimu bagera ku 100 bigisha mu mashuri abanza, n'ayisumbuye basohotse ku rutonde

Abayoboke ba Islam baregwa iterabwoba ntibaburanye, bahawe indi tariki

Nyanza: Urugereko rwihariye rushinzwe kuburanisha ibyaha mpuzamahanga n'ibyambukiranya imipaka ruri i Nyanza

Minisitiri w’Ububanyi n’Amahanga w’Ubugereki aratangira uruzinduko rw’amateka i Kigali 

Minisitiri w’ububanye n’amahanga w’u Bugereki, Nikos Dendias ategerejwe i Kigali kuri uyu

Umusaruro mbumbe w’igihugu muri uyu mwaka wiyongereyeho 4,4% – BNR 

Banki Nkuru y’u Rwanda yatangaje ko muri raporo yo mu mwaka w’ingengo

Perezida Kagame yazamuye mu ntera Col Karuretwa anahabwa inshingano nshya

Perezida Paul Kagame akaba n’Umugaba w’Ikirenga w’Ingabo z’u Rwanda (RDF), yazamuye mu

Dr. Ngirente yasabye amahanga gukemura ikibazo cy’imihindagurikire y’ibihe aho kugica ku ruhande

Ku mugoroba wo ku wa kabiri nibwo abahagarariye ibihugu mu nama ya

Dr Kayumba uregwa gusambanya umukozi we wo mu rugo yaburanye Ubujurire asaba kurekurwa

Umucamanza mu Rukiko Rwisumbuye rwa Nyarugenge yaburanishije urubanza rw’ubujurire rw’umunyapolitiki utavuga rumwe

Ikibazo cy’imyotsi itezwa na SteelRwa cyahawe Abadepite, na bo bagisunitse kwa Minisitiri w’Intebe 

Inteko rusange Umutwe w’Abadepite yasabye Minisititiri w’Intebe ndetse n’inzego zishinzwe gusesengura ikibazo

Rubavu: Humvikanye amasasu yahitanye abagabo 2

* Ubuyobozi buti "Muzibukire kujya muri Congo" Amakuru avuga ko abagabo babiri