Inkuru Nyamukuru

Muhanga/Kiyumba: Perezida Kagame baramushimira Ibitaro bya Nyabikenke yabubakiye

Mu gihe hasigaye igihe gitoya kugira ngo Ibitaro by'Akarere bya Nyabikenke bitangire

Huye: Abahinzi b’inyanya barataka kubura isoko ry’umusaruro wabo

Abahinzi baturuka mu turere twa Huye na Gisagara bagurishiriza umusaruro wabo w’inyanya

Rubavu: Umusore yafatanywe inzoga zihenze zinjiye mu Rwanda zidasorewe

Polisi y’u Rwanda yatangaje ko mu gitondo cyo ku wa Kane tariki

Ibigo bya Leta byasabwe kwita ku murage ubitswe mu majwi n’amashusho

Ibigo bitandukanye bya Leta byasabwe kwita no kubungabunga Umurage ubitswe mu majwi

Rusizi: Mu ishuri rya TVET Mibirizi hakomeje kuboneka imibiri y’abazize Jenoside yakorewe Abatutsi

Mu ishuri rya TVET Mibirizi riri mu gikari cya Kiliziya Gatolika ya

Abakingiwe Covid-19 mu Rwanda ntibazongera gufatwa nk’abatarakingiwe bageze mu Bwongereza

U Bwongereza bwakuye u Rwanda ku ruparuro rutukura ruriho ibihugu abaturage babyo

Umugabo ukekwaho gusambanya umwana w’imyaka 8 yaburanye ahakana icyaha

Urukiko rw'Ibanze rwa Kiyumba rwaburanishije urubanza rw’umugabo ukekwaho gusambanya umwana w’imyaka 8

Rusesabagina yagarutsweho mu biganiro bya Minisitiri Biruta na Sophie Wilmès w’Ububiligi

Minisitiri w’Ububanyi n’Amahanga w’u Bubiligi, Sophie Wilmès yavuze ko igihugu cye kizakomeza

RIB yafunze umugabo wumvikanye avuga ko “Kwibuka Jenoside yakorewe Abatutsi bivaho”

Nyuma yo kuva muri Gereza uyu mugabo witwa Hakuzimana Abdul Rashid amaze

Muhanga: Amaze imyaka itatu asiragizwa yishyuza ingurane y’inzu

Umusaza w’imyaka 62 witwa Kayinamura Faustin utuye mu Mudugudu wa Cyiciro, Akagari

Abaregwa gutambutsa kuri YouTube “amagambo akurura imvururu” bagejejwe mu Rukiko

Kuri uyu wa Kane ku rukiko rw’Ibanze rwa Kicukiro hatangiye kuburanishwa ifunga

Muhanga: Umwana watsinze ikizamini cya Leta ntiyagiye kwiga kubera kubura amikoro

Mukabahizi Immaculée w’imyaka 58 atuye mu Mudugudu wa Gitega, Akagari ka Ngaru

U Rwanda rwakiriye inkingo za Covid-19 zo mu bwoko bwa Pfizer zatanzwe n’Ubufaransa

U Rwanda rwakiriye inkingo 398,000 zo mu bwoko bwa Pfizer zitanzwe n’igihugu

Nyanza: Umunyeshuri w’imyaka 13 bikekwa ko yabyaye umwana amuta mu musarani

Mu ishuri riherereye mu Murenge wa Muyira, mu Karere ka Nyanza haravugwa

Kirehe: Umugabo arakekwaho kuniga umugore we “agapfa amuziza kumuca inyuma”

Mu rukerera rwo kuri uyu wa Gatatu tariki ya 27/10/2021, umugabo witwa