Inkuru Nyamukuru

Umutoza w’Amavubi yateye utwatsi ibyo kongera abanyamahanga

Umutoza w’Ikipe y’Igihugu ‘Amavubi’, Frank Torsten Spittler yavuze ko kongera umubare w’abanyamahanga

Umusirikare wa FARDC yarashe amasasu menshi ayerekeza mu Rwanda (VIDEO)

Rubavu: Mu masaha ya saa sita zo kuri uyu wa kane, umusirikare

Abikorera bahawe umukoro wo kubyaza umusaruro ikiyaga cya Kivu

Rubavu: Ubuyobozi bw’akarere ka Rubavu burasaba abikorera kubyaza umusaruro ikiyaga cya Kivu,

Gen Nkubito yanenze umwanda ugaragara mu Mujyi  wa Rubavu

Umuyobozi wa Diviziyo ya III  y’ingabo z’u Rwanda RDF, ikorera mu Ntara

RD Congo: Abasirikare Umunani bakatiwe urwo gupfa

Abasirikare umunani bo mu ngabo za Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, bakatiwe

Umugabo yasanganywe uduhanga 24 tw’abantu

Umunya-Uganda witwa Ddamulira Godfrey yasanganywe uduhanga 24 tw’abantu, bikekwa ko yatwifashishaga atamba

Kigali: Imodoka yafashwe n’inkongi  irakongoka

Mu Karere ka Kicukiro, mu Mujyi wa Kigali, imodoka yo mu bwoko

Kamonyi: Umukobwa w’Imyaka 16  yarohamye mu cyuzi

Ingabire Henriette wo mu Mudugudu wa Bumbogo, we na bagenzi be bagiye

Nyanza: Ubukwe bikekwa ko ari ubw’abagorozi bwahagaritswe bitunguranye

Ibirori byahagaritswe igitaraganya bikekwa ko ababikoraga ari abo mu itorero ryahagaritswe ry’Abagorozi.

Ubuzima bw’ubuhunzi bwa Massamba Intore n’isomo wakuramo

Umunyabigwi mu muziki Nyarwanda, umwanditsi w’indirimbo akaba n’Umutoza wazo, Massamba Intore, yatangaje

MTN Rwanda yagize icyo ivuga ku bwambuzi no gusiragiza abaturage ishinjwa

Sosiyete y’Itumanaho ya MTN , yavuze ko yatangiye gusubiza amafaranga abaturage bayishinjaga

Umunyarwanda ntiyahiriwe no kuyobora OMS muri Afurika

Umunya-Tanzania Dr.  Faustine Engelbert Nduhugulile yatsinze abandi bakandinda bari bahataniye umwanya w'Umuyobozi

Urubyiruko rw’aba Guides n’Abaskuti rwahuriye mu ngando y’amahoro

Urubyiruko rw'aba Guides n'Abaskuti ruturutse mu bihugu birimo Libani, Ubufaransa, Ivory Coast,

Hagiye kwizihizwa Umuganura wahariwe Abana

Inteko y'Umuco yatangaje ko ku wa Gatanu tariki 30 Kanama 2024, mu

Muhanga:  Basabye Minisitiri umuhanda ubahuza na Musanze

Bamwe mu baturage b'Umurenge wa Nyabinoni mu Karere ka Muhanga, babwiye  Umunyamabanga