Mu cyaro

Burera: Bariye karungu nyuma y’uko umupolisi arashe “uwo bemeza ko atamurwanyije”

Bamwe mu baturage bo mu Karere ka Burera barakajwe bikomeye n'umupolisi warashe

Rusizi: Abantu 4 barimo abaganga babiri bapfiriye mu mpanuka  

Imodoka ya ambulance y'Ikigo Nderabuzima cya Nyabitimbo yari yajyanye umurwayi ku Bitaro

Umukozi w’umurenge wategetswe kubaka inzu yasenye “avuga ko atabishobora”

Musanze: Umukozi ushinzwe ubutaka mu Murenge wa Nkotsi, mu Karere ka Musanze,

Ngororero: Ababyeyi bavuga ko imyumvire ituma badatoza abana gusoma ibitabo

Bamwe mu babyeyi bo mu mirenge itandukanye yo mu Karere ka Ngororero,

Musanze: Habaye inama y’igitaraganya nyuma yo “kurwanya” abakozi ba RIB

Ubuyobozi bwasabye abaturage kubaha abashinzwe umutekano nyuma y’uko abaturage basagariye umwe mu

Muhanga: Bamwe mu bibye urugo rw’umukecuru w’imyaka 87 bafashwe

Ubuyobozi bw’umurenge wa Cyeza buvuga ko hari abantu batatu bafatanywe bimwe mu

Ngoma: Barishimira gahunda “Ubuhinzi buhindura ubuzima”  yabahumuye amaso

Bamwe mu baturage bo mu Murenge wa Jarama, mu Karere ka Ngoma,

Mu isi abarenga 18,000 buri mwaka bicwa n’indwara z’umutima – RBC

Ubwo hizihizwaga umunsi mpuzamahanga wo kurwanya indwara z'umutima, umunsi wabereye mu Karere

Rusengamihigo wari watangiye mu wa gatatu Primaire yasimbukijwe imyaka 2

Mu itangira ry’amashuri, ku wa mbere tariki ya 26 Nzeri 2022 nibwo

Nyanza: Abaturage barashinja REG kubambura ingurane

Mu murenge wa Muyira mu karere Nyanza hari umuyoboro w'amashanyarazi uri hafi

Nyamagabe: Mu myaka itanu igwingira rimaze kugabanuka ku gipimo cya 18%

Ubuyobozi bw'Akarere ka Nyamagabe buvuga ko ubukangurambaga, guhindura imyumvire y'abaturage byashyizwe muri

Itsinda ryiswe ‘Abatasi’ rirakataje mu kurandura igwingira n’imirire mibi

NYARUGURU-CYAHINDA: Itsinda ry'Urubyiruko rugera kuri 200 rwatangije gahunda yitwa'Abatasi' igamije kugaragaza abafite

Nyanza: Umusore akurikiranyweho kwica umugore bari baturanye

Umusore witwa Nsengimana Janvier w'imyaka 21 y'amavuko yatawe muri yombi akekwaho kwica

Rusizi: Sagahutu inkongi y’umuriro yamusize iheruheru

Umuturage witwa SAGAHUTU Jean, igikoni yari abitsemo ibintu binyuranye, ndetse n’ikiraro cy’amatungo

Rusizi: Mu rusengero rwa ADEPR babonyemo umuntu amanitse mu mugozi yapfuye

Umuntu w'igitsina gabo uri mu kigero cy'imyaka 30 y'amavuko utaramenyekana, bamusanze  mu