Burera: Bariye karungu nyuma y’uko umupolisi arashe “uwo bemeza ko atamurwanyije”
Bamwe mu baturage bo mu Karere ka Burera barakajwe bikomeye n'umupolisi warashe…
Rusizi: Abantu 4 barimo abaganga babiri bapfiriye mu mpanuka
Imodoka ya ambulance y'Ikigo Nderabuzima cya Nyabitimbo yari yajyanye umurwayi ku Bitaro…
Umukozi w’umurenge wategetswe kubaka inzu yasenye “avuga ko atabishobora”
Musanze: Umukozi ushinzwe ubutaka mu Murenge wa Nkotsi, mu Karere ka Musanze,…
Ngororero: Ababyeyi bavuga ko imyumvire ituma badatoza abana gusoma ibitabo
Bamwe mu babyeyi bo mu mirenge itandukanye yo mu Karere ka Ngororero,…
Musanze: Habaye inama y’igitaraganya nyuma yo “kurwanya” abakozi ba RIB
Ubuyobozi bwasabye abaturage kubaha abashinzwe umutekano nyuma y’uko abaturage basagariye umwe mu…
Muhanga: Bamwe mu bibye urugo rw’umukecuru w’imyaka 87 bafashwe
Ubuyobozi bw’umurenge wa Cyeza buvuga ko hari abantu batatu bafatanywe bimwe mu…
Ngoma: Barishimira gahunda “Ubuhinzi buhindura ubuzima” yabahumuye amaso
Bamwe mu baturage bo mu Murenge wa Jarama, mu Karere ka Ngoma,…
Mu isi abarenga 18,000 buri mwaka bicwa n’indwara z’umutima – RBC
Ubwo hizihizwaga umunsi mpuzamahanga wo kurwanya indwara z'umutima, umunsi wabereye mu Karere…
Rusengamihigo wari watangiye mu wa gatatu Primaire yasimbukijwe imyaka 2
Mu itangira ry’amashuri, ku wa mbere tariki ya 26 Nzeri 2022 nibwo…
Nyanza: Abaturage barashinja REG kubambura ingurane
Mu murenge wa Muyira mu karere Nyanza hari umuyoboro w'amashanyarazi uri hafi…
Nyamagabe: Mu myaka itanu igwingira rimaze kugabanuka ku gipimo cya 18%
Ubuyobozi bw'Akarere ka Nyamagabe buvuga ko ubukangurambaga, guhindura imyumvire y'abaturage byashyizwe muri…
Itsinda ryiswe ‘Abatasi’ rirakataje mu kurandura igwingira n’imirire mibi
NYARUGURU-CYAHINDA: Itsinda ry'Urubyiruko rugera kuri 200 rwatangije gahunda yitwa'Abatasi' igamije kugaragaza abafite…
Nyanza: Umusore akurikiranyweho kwica umugore bari baturanye
Umusore witwa Nsengimana Janvier w'imyaka 21 y'amavuko yatawe muri yombi akekwaho kwica…
Rusizi: Sagahutu inkongi y’umuriro yamusize iheruheru
Umuturage witwa SAGAHUTU Jean, igikoni yari abitsemo ibintu binyuranye, ndetse n’ikiraro cy’amatungo…
Rusizi: Mu rusengero rwa ADEPR babonyemo umuntu amanitse mu mugozi yapfuye
Umuntu w'igitsina gabo uri mu kigero cy'imyaka 30 y'amavuko utaramenyekana, bamusanze mu…