Rubavu: Umusore yagiye koga mu Kivu ahasiga ubuzima
Umusore witwa Zawadi Adolphe w'imyaka 27 uvuka mu karere ma Rubavu mu…
Nyanza: Iminsi itatu irashize Ibiro by’Akagari bibuze ibendera
Abaturage, inzego z'ubuyobozi, inzego z'umutekano bamaze iminsi itatu ku biro by'Akagari ka…
Miliyari 12 Frw zigiye gukoreshwa mu kubaka amacumbi y’abarokotse Jenoside
Leta y'u Rwanda ivuga ko igiye gutanga arenga miliyari 12Frw mu kubakira…
Nyabihu: Hari abasenyewe n’ibiza bamaze imyaka itanu basembera
Bamwe mu baturage bo mu Murenge wa Muringa ,Akagari ka Muringa ,…
Kamonyi: Kwiyunga n’Ababiciye byatumye babohoka
Bamwe mu baturage bo mu Murenge wa Gacurabwenge bibumbiye mu matsinda y'Ubumwe…
Abatuye I Rusizi bongeye kubona amazi
Ikigo cy'Igihugu Gishinzwe isuku n'isukura WASAC cyatangajeko cyacyemuye ikibazo cy'ibura ry'amazi mu…
Muhanga: Abagizi ba nabi batemye umugabo n’umugore we
Abagizi ba nabi bakomerekeje bikabije umugabo n'umugore we barangije basahura ibiri mu…
Minisitiri Musabyimana yasabye abayobozi ba Bugesera kwikubita agashyi
Minisitiri w’Ubutegetsi bw'Igihugu, Jean Claude Musabyimana yasabye abayobozi b’Akarere ka Bugesera gusasa…
Rubavu: Ubuyobozi bwahaye gasopo abijandika muri magendu
Ubuyobozi bw’Akarere ka Rubavu bwasabye abaturage kutijandika mu bucuruzi butemewe bw’amajyendu,bubibutsa ko…
Ubucuruzi bw’ingurube bwahagaritswe muri Rusizi
Ikigo cy’Igihugu gishizwe guteza imbere Ubuhinzi n’Ubworozi (RAB), cyahagaritse ingendo n'ubucuruzi bw'ingurube…
Rusizi: Umuturage umaze igihe asembera arasaba ubufasha
Nyirambarushimana Alexiane ni umubyeyi w'abana umunani ,utuye mu Mudugudu wa Muramba,Akagari ka…
Bugesera: Guverineri Rubingisa yasabye abayobozi gushyashyanira abaturage
Guverineri w'Intara y'Iburasirazuba Rubingisa Pudence atangiza umwiherero mu Karere ka Bugesera yasabye…
Ruhango: Bemeje ko Ubudaheranwa bwiza ari ukubwizanya Ukuri
Abagize Ihuriro ry'Ubumwe n'Ubudaheranwa mu Karere ka Ruhango, bavuga ko Ubudaheranwa bwiza…
Rusizi: Visi Meya wavuzweho gutera ingumi Meya yeguye
Inama Njyanama y'Akarere ka Rusizi, yemeje ubwegure bw’abajyanama bane barimo Ndagijimana Louis…
Iburasirazuba: Imiryango itishoboye 470 yahawe ihene
Imiryango 470 yo mu turere twa Rwamagana, Kayonza na Ngoma yashyikirijwe ihene…