Mu cyaro

Rulindo: Habereye impanuka ikomeye y’imodoka

Imodoka ya sosiyete ya International itwara abagenzi yakoze impanuka mu murenge wa

Abagana Ibitaro bya Ruhengeri baremwe agatima

Abarwayi n’abarwaza mu Bitaro bya Ruhengeri bari bamaze igihe binubira serivisi zitanoze,

 Umugabo arakekwaho kwica umugore yari yarinjiye

Umugabo wo mu karere ka Nyanza, arakekwaho kwica umugore yari yarinjiye akamusiga

Ruhango: Inzego z’umutekano zafashe abantu 6

Ruhango: Polisi y'u Rwanda ikorera Karere ka Ruhango yataye muri yombi abasore

Amajyaruguru: Abanyamuryango ba FPR-Inkotanyi barasabwa kutadamarara

Abanyamuryango ba RPF-Inkotanyi bo mu Ntara y'Amajyaruguru, by'umwihariko abo mu ngaga zishamikiye

Barasaba amashanyarazi mu biro by’umudugudu n’ivuriro biyubakiye

GICUMBI: Abaturage bo mu mudugudu wa Rugandu, Akagari ka Nyarutarama, mu murenge

Muhanga: Umusore yagwiriwe n’ikirombe arapfa

Ubuyobozi bw'Umurenge wa Nyarusange mu Karere ka Muhanga buvuga ko umusore w'imyaka

Abiga muri UTB bahize gutera ikirenge mu cy’intwari z’u Rwanda

RUHANGO: Urubyiruko rwiga muri Kaminuza y'Ubukerarugendo, Amahoteli, Ikoranabuhanga n'Ubushabitsi, Ishami rya Ruhango

Nyamasheke: Umugabo wishe abagore babiri yarashwe

Umugabo witwa Niyonagize Xavier wo mu Karere ka Nyamasheke yatemye abagore babiri

Muhanga: Impanuka ya ‘Ambulance’ yakomerekeyemo batanu

Imbanguragutabara y'Ibitaro bya Nyabikenke yakoreye impanuka mu Murenge wa Mushishiro ikomerekeramo abantu

Imodoka ya Gitifu wa Giti yahiye irakongoka

Imodoka ya Jean Marie Vianney Bangirana, Umunyamabanga Nshingwabikorwa w'Umurenge wa Giti ho

Nyanza: Umubyeyi wari muri Kiliziya yasigiye uruhinja Umukirisitu

Umugore yagiye gusenga muri Kiliziya afite umwana amusigira umukirisitu ufite ubumuga arigendera.

Nyabihu: Umusore akurikiranyweho gukorera urugomo uwo basangiye mu Bukwe

Umusore w'imyaka 30 y'amavuko wo mu Mudugudu wa Kiramira ,Akagari ka Ngando,

Muhanga: Abaganga baremye agatima  umubyeyi umaze imyaka 10 mu Bitaro

Abaganga bo mu Kigo cy'Abanyamerika gitanga serivisi z'Ubuzima(Bright Future Superior unique manufacturer

Bugesera: Akanyamuneza ni kose nyuma yo guhabwa amazi meza

Abaturage bo mu Karere ka Bugesera, mu Murenge wa Nyarugenge, bari mu