Rulindo: Baratabaza inkende zo mu ishyamba rya GBK zibonera imyaka ntihagire igikorwa
Bamwe mu baturage batuye mu Murenge wa Burega mu Karere ka Rulindo…
Baratabariza umwana utagira umwenge usohora imyanda iva mu mubiri
*Abaganga bawushyize ku nda ariko ntibyatanze igisubizo kirambye *Umwana bagenzi be bamuha…
Ubuhamya bwa Muhoza wabyaye abana 2 bafite ubumuga bw’uruhu umugabo akamuta
Abenshi bibaza ko abana bafite ubumuga bw’uruhu bavukira mu miryango ikennye, umuryango…
Nyamasheke: Imiryango 20 yasenyewe n’umuyaga muri 2018 ishima ko ubu itekanye mu nzu nshya yatujwemo
Abaturage bo mu Karere ka Nyamasheke mu Murenge wa Ruharambuga, mu Kagari…
Amajyepfo:Abaturage badohotse ku ngamba zo kurwanya Malariya abayirwaye bihariye 32%
Ubushakashatsi bwakozwe n'Ikigo cy'igihugu cy'ubuzima (RBC) ku bufatanye n'urugaga rw'amadini mu kubungabunga…
Rulindo: Umuyobozi w’ishuri ryigenga yasanzwe mu nzu yapfuye
Dukuzimana Peter Celestin wari umuyobozi w'ishuri ryigenga ry'inshuke rya Ntare Education for…
Umwana w’umukobwa amaze imyaka 5 aryamye iwabo arwaye umugongo, akeneye ubufasha
*Iwabo basabwa kwishyura miliyoni 1.5Frw ngo umwana avurwe akire, bafite Frw 400,…
Rusizi: Umuhungu w’imyaka 17 bamusanze amanitse mu mugozi yapfuye
Ku mugorowa wo ku wa Mbere umusore w’imyaka 17 wigaga mu mashuri…
Bugesera: Hari Umwarimu ugiye kumara amezi 20 atazi uko umushahara usa
Murekezi Jacques ni umwarimu kuri Groupe Scolaire Mayange B, yavuze ko ubuyobozi…
Gatsibo/Kabarore: Umusore yapfuye akorana imibonano mpuzabitsina n’umukunzi we
Mu Karere ka Gatsibo mu Murenge wa Kabarore akagari ka Nyarubuye haravugwa…
Kamonyi/Kayenzi: Abatuye mu manegeka babwiwe ko batazabona amazi n’amashanyarazi
Ababwiwe ko bagomba kwimuka mu manegeka ni abaturage batuye mu Midugudu 3 …
Rulindo: Abageni bafatiwe mu bukwe barenze ku mabwiriza yo kwirinda COVID-19
Ku wa Gatandatu tariki ya 19 Kamena Polisi ikorera mu Karere ka…
Gicumbi: Abatuye Bwisige barataka ubwigunge kubera kutagira imodoka itwara abagenzi
Abaturage bo mu Murenge wa Bwisige mu Karere ka Gicumbi bavuga ko…
Gicumbi: Hari umukoro wo kurwanya igwingira ry’abana mu nkambi ya Gihembe
Ubuyobozi bw’Akarere ka Gicumbi buvuga ko buhangayikishijwe cyane n’ikibazo cy’igwingira mu bana,…
Rusizi: Abubatse ku ishuri ribanza rya Rubenga I bazindukiye ku biro by’Umurenge kwishyuza
Ku wa 17 Kamena abaturage bubatse ku mashuri mu Mugugudu wa Rubenga…