Mu cyaro

Rulindo: Baratabaza inkende zo mu ishyamba rya GBK zibonera imyaka ntihagire igikorwa

Bamwe mu baturage batuye mu Murenge wa Burega mu Karere ka Rulindo

Baratabariza umwana utagira umwenge usohora imyanda iva mu mubiri

*Abaganga bawushyize ku nda ariko ntibyatanze igisubizo kirambye *Umwana bagenzi be bamuha

Ubuhamya bwa Muhoza wabyaye abana 2 bafite ubumuga bw’uruhu umugabo akamuta

Abenshi bibaza ko abana bafite ubumuga bw’uruhu bavukira mu miryango ikennye, umuryango

Nyamasheke: Imiryango 20 yasenyewe n’umuyaga muri 2018 ishima ko ubu itekanye mu nzu nshya yatujwemo

Abaturage bo mu Karere ka Nyamasheke mu Murenge wa Ruharambuga, mu Kagari

Amajyepfo:Abaturage badohotse ku ngamba zo kurwanya Malariya abayirwaye bihariye 32% 

Ubushakashatsi bwakozwe n'Ikigo cy'igihugu cy'ubuzima (RBC) ku bufatanye n'urugaga rw'amadini mu kubungabunga

Rulindo: Umuyobozi w’ishuri ryigenga yasanzwe mu nzu yapfuye

Dukuzimana Peter Celestin wari umuyobozi w'ishuri ryigenga ry'inshuke rya Ntare Education for

Umwana w’umukobwa amaze imyaka 5 aryamye iwabo arwaye umugongo, akeneye ubufasha

*Iwabo basabwa kwishyura miliyoni 1.5Frw ngo umwana avurwe akire, bafite Frw 400,

Rusizi: Umuhungu w’imyaka 17 bamusanze amanitse mu mugozi yapfuye

Ku mugorowa wo ku wa Mbere umusore w’imyaka 17 wigaga mu mashuri

Bugesera: Hari Umwarimu ugiye kumara amezi 20 atazi uko umushahara usa 

Murekezi Jacques ni umwarimu kuri Groupe Scolaire Mayange B, yavuze ko ubuyobozi

Gatsibo/Kabarore: Umusore yapfuye akorana imibonano mpuzabitsina n’umukunzi we

Mu Karere ka Gatsibo mu Murenge wa Kabarore akagari ka Nyarubuye haravugwa

Kamonyi/Kayenzi: Abatuye mu manegeka babwiwe ko batazabona amazi n’amashanyarazi

Ababwiwe ko bagomba kwimuka mu manegeka ni abaturage batuye mu Midugudu 3 

Rulindo: Abageni bafatiwe mu bukwe barenze ku mabwiriza yo kwirinda COVID-19

Ku wa Gatandatu tariki ya 19 Kamena Polisi ikorera mu Karere ka

Gicumbi: Abatuye Bwisige barataka ubwigunge kubera kutagira imodoka itwara abagenzi

Abaturage bo mu Murenge wa Bwisige mu Karere ka Gicumbi bavuga ko

Gicumbi: Hari umukoro wo kurwanya igwingira ry’abana mu nkambi ya Gihembe

Ubuyobozi bw’Akarere ka Gicumbi buvuga ko buhangayikishijwe cyane n’ikibazo cy’igwingira mu bana,

Rusizi: Abubatse ku ishuri ribanza rya Rubenga I bazindukiye ku biro by’Umurenge kwishyuza

Ku wa 17 Kamena abaturage bubatse ku mashuri mu Mugugudu wa Rubenga