Mu cyaro

Muhanga: Hari abaturage bativuza kuko umusanzu wa Mituelle batanze Agent wa Irembo yawunyereje

Gitifu wa Rongi yagejejweho iki kibazo ariko abaturage bamushinja ko atagikemuye Agent

Gakenke: Abaturage bari kwirizwa ku Kagari baryozwa ibendera ryibwe

Abaturage bo mu Murenge wa Muzo mu Kagari ka Kabatezi mu Karere

Muhanga: Umuturage yategetswe gusenya KIOSQUE aho yacururizaga hahabwa Gitifu

Kantengwa Laetitia utuye mu Mudugudu wa Gakombe, Akagari ka Ruli mu Murenge

Nyamasheke: Abagabo basabwe kudatererana abagore mu kurwanya imirire mibi

Abagabo bo mu Karere ka Nyamasheke mu Murenge wa Macuba basabwe kutaba

Ruhango: Abarerera mu ishuri AMIZERO banenga ababyeyi bohereza abana gusabiriza

Bamwe mu babyeyi barerera mu ishuri ribanza Centre AMIZERO banenga bagenzi babo

Muhanga: SIABM yasheshwe imigabane isubizwa koperative bashakaga kurundura

Abanyamuryango ba Koperative Iterambere ry'abahinzi borozi b'Amakera (IABM) bemeje ko bagiye kuvana

Kayonza: Umwe yatemeshejwe ishoka undi aterwa icyuma bapfa 5000Frw

Bizimana Theogene wo mu Kagari ka Cyarubare mu Mudugudu wa Rwabarena mu

Karongi : Abaturage bashinja Leta kwiyitirira ubutaka bafitiye ibyangombwa

Bamwe mu baturage bo mu Karere ka Karongi, ntibumva uburyo Leta yita

Nyamasheke: Abacuruzi bamaze imyaka icumi batagira ububiko mu isoko bubakiwe

Abacururiza mu isoko rya Bushenge mu murenge Wa Bushenge mu karere ka

Muhanga: Umugabo watewe icyuma afuhira inshoreke ye arembeye mu bitaro

Umugabo w’imyaka 35 arembeye mu bitaro nyuma yo guterwa icyuma mu gatuza

Nyanza: Abaturage bubatse inzu z’abarokotse Jenoside barambuwe

Abaturage bubatse amazu y'abarokotseJjenoside yakorewe abatutsi 1994 batishoboye barataka igihombo cyo kumara

Nyanza: Barishimira umushinga wagabanyije isambanywa ry’abangavu

Umushinga warugamije kongerara ubushobozi abana b'abangavu n'urubyiruko ku buzima bw'imyorokerere n'ihohoterwa rikorerwa

Ruhango: Basabwe gucukura ibyobo by’amapoto bategereza amashanyarazi baraheba

Bamwe mu baturage bo mu Mudugudu wa Kalima n'uwa Duwani(Douane) mu Kagari

Abikorera muri Muhanga bavuye muri Mituweli ngo ”ntitanga serivisi bifuza”

Abagize Urugaga rw'abikorera mu Karere ka Muhanga biyemeje kujya mu bwishingizi bufite

Igisubizo cy’Ubuyobozi ku nkongi iherutse kwibasira ishyamba rya Leta i Nyanza

Mu Murenge wa  Nyagisozi, mu Kagari ka Kabunga,  mu Mudugudu wa Mweya,