Mu cyaro

Ngororero: Abize mu mashuri y’abakuze barikubyaza umusaruro ubumenyi bahawe

Bamwe mu bize amashuri y’abakuze mu Karere ka Ngororero batangaje ko batangiye

Imyemerere no gukimbirana mu madini bibangamiye Ubumwe n’Ubudaheranwa

Mu nama y'Ihuriro ry'Ubumwe n'Ubudaheranwa yabereye mu Karere ka Muhanga, Munyeshyaka Vincent,

Abanyarwanda basabwe kwipakurura ‘igikote’ cy’Ubuhutu n’Ubututsi

Senateri Uwizeyimana Evode yasabye Abanyarwanda kwiyambura umwambaro w'ubwoko bwazanwe n'abakoroni, mu gihe

Uwaririmbye “Azabatsinda Kagame” yahawe inzu y’agatangaza

Musengamana Beata wamenyekanye cyane mu ndirimbo 'Azabatsinda Kagame'. Yahawe inzu nshya yubakiwe

Abanyeshuri baramiye ibendera bagiye kwigira ubuntu kugeza barangije ayisumbuye

Ihuriro ry’Abayobozi b’lbigo by’Amashuri mu Rwanda, Heads of Schools Organisation in Rwanda

Haravugwa umunyeshuri “washatse kuroga bagenzi be”

Nyamasheke: Inzego z'ubuyobozi bwa Leta zagiye kuganiriza abanyeshuri bo kuri GS Mwito

Rusizi: Babangamiwe no kurema isoko banyagirwa

Abaturage barema isoko ryo mui santeri y'ubucuruzi ya  Bambiro mu kagari ka

Gitifu yahaye isoko muramu we yubaka ivomero ritamaze kabiri

RUHANGO: Bamwe mu baturage bo mu Mudugudu wa Kigabiro, Akagari ka Nyakarekare,

Nyamasheke: Ihene z’umuturage zishwe n’imbwa z’inzererezi

Imbwa z’inyagasozi zariye ihene ebyiri za Urayeneza Jean w’imyaka 53 wo mu

Umusaza w’imyaka 65 afunzwe na RIB kugerageza kwitwikira inzu

Rusizi: Urwego rw'igihugu rw'Ubugenzacyaha (RIB) rwataye muri yombi umugabo uri mu kigero

Muhanga: Umubyeyi ufite ubumuga arashinja inzego z’ibanze kumuhohotera

Nyiraburindwi Marie Claudine ufite ubumuga, arashinja inzego z'ibanze kumuhohotera zikamukura hafi yIbitaro

Gitifu yabwiye abavuganye n’itangazamakuru ko bashyizwe muri ‘system’

NYANZA: Bamwe mu baturage bo mu Karere ka Nyanza, mu Murenge wa

Hatangiye iperereza ku murambo w’uruhinja wasanzwe mu gishanga

Nyanza: Mu karere ka Nyanza mu gishanga habonetsemo umurambo w'uruhinja bikekwa ko rwishwe.

Update: Umunyeshuri wa G.S Mugongo “yarasiwe mu gikorwa cyo gufata abacoracora”

Rubavu: Ubuyobozi bwa Polisi ku rwego rw’igihugu bwagiye guhumuriza abaturage mu murenge

Ruhango: Abanyeshuri baramiye ibendera ry’Igihugu bahembwe

Abanyeshuri icyenda biga mu Ishuri ribanza rya Cyobe, mu Murenge wa Mbuye