Mu cyaro

Ubumuntu no guca bugufi kwa Padiri Mario Falconi warokoye Abatutsi basaga 3000

Padiri Mario Farconi, uwihaye Imana wo mu ba Padiri ba Barnabitte, bagendera

Nyabihu: Umusore n’inkumi bafatanywe ‘boules’ nyinshi z’urumogi

Polisi y’u Rwanda mu karere ka Nyabihu, ivuga ko yafashe abantu babiri

Musanze: Abasigajwe inyuma n’amateka bafite inama bageneye Leta n’abandi bifuza kubafasha

Bamwe mu basugajwe inyuma n'amateka bo mu Murenge wa Nyange, mu Karere

Musanze: Amakimbirane mu ngo atera ubukene mu muryango, no kutajya muri gahunda za Leta

Abaturage bo mu Karere ka Musanze bavuga ko imiryango ibana nabi ikunze

Bugesera: Umupfumu yashyize kaburimbo mu muhanda ugana iwe

Umuganga gakondo uzwi ku mazina ya Salongo yubatse umuhanda mu Karere ka

Rwamagana: Umukozi yibye shebuja amafaranga, afatwa amaze kwikenura

Polisi y’u Rwanda mu Karere ka Rwamagana yafashe umugabo ukora akazi ko

Muhanga: Urubyiruko rusaba ko amateka y’u Rwanda yigishwa byimbitse mu mashuri

Mu muhango wo kwibuka ku nshuro ya 28 Jenoside yakorewe abatutsi mu

Musanze: Umwe mu rubyiruko ati “Banga gufata udukingirizo bagatungurwa no gusama inda”

Urubyiruko rwo mu Karere ka Musanze bagaragaje ko guhabwa ibiganiro birambuye ku

Nyaruguru: Serivise zo kuboneza urubyaro ntizigera kuri bose, kuko kuri bamwe zitangirwa kure

Abaturage bo mu Karere ka Nyaruguru bavuga ko uretse kuba hari ubuke

Amajyaruguru: Urubyiruko rwiyemeje gutanga umusanzu mu kwimakaza ubumwe n’ubwiyunge

Urubyiruko ruhagarariye abandi rwo mu Turere twa Gicumbi ,Rulindo na Gakenke bafashe

Muhanga: Amakimbirane mu miryango yagaragajwe nk’intandaro y’uburezi bucagase

Ubwo hizihizwaga icyumweru cyahariwe uburezi Gatolika, abigisha muri ayo mashuri bavuga ko

Rubavu: Abanyeshuri b’abakobwa baburiwe irengero basanzwe i Goma

Abana bane b’abakobwa bigaga mu Rwunge rw’Amashuri rwa Kanembwe II mu Murenge

Rusizi: Umugore yagiye gucuruza, agarutse asanga umugabo we mu mugozi yapfuye

Umugabo w’imyaka 62 y’amavuko yasanzwe mugozi amanitse yapfuye, bikekwa ko yiyahuye. Byabereye

Muhanga: Umusore yasanzwe mu nzu yapfuye

Umusore witwa Iradukunda Theoneste wo mu kigero cy’imyaka 25 na 30 yasanzwe

Rwamagana: Babiri bapfiriye mu kirombe cy’amabuye y’agaciro

Abagabo babiri bo mu Murenge wa Musha, Akagari ka Nyabisindu  mu Karere