Mu cyaro

Muhanga: Urubyiruko rwahujwe n’abikorera ngo harebwe uko rwabona akazi

Umuryango w'abagore ba bakristo bakiri bato mu Rwanda(Young Women Association Christian Rwanda)

Bugesera: Animateur arakekwa kugira uruhare mu kunnyuzura abanyeshuri

Umuyobozi ushinzwe gukurikiranirahafi ubuzima bw’abanyeshuri mu ishuri Nderabarezi rya Nyamata TTC Nyamata,

Muhanga/Kiyumba: Perezida Kagame baramushimira Ibitaro bya Nyabikenke yabubakiye

Mu gihe hasigaye igihe gitoya kugira ngo Ibitaro by'Akarere bya Nyabikenke bitangire

Huye: Abahinzi b’inyanya barataka kubura isoko ry’umusaruro wabo

Abahinzi baturuka mu turere twa Huye na Gisagara bagurishiriza umusaruro wabo w’inyanya

Rusizi: Mu ishuri rya TVET Mibirizi hakomeje kuboneka imibiri y’abazize Jenoside yakorewe Abatutsi

Mu ishuri rya TVET Mibirizi riri mu gikari cya Kiliziya Gatolika ya

Muhanga: Amaze imyaka itatu asiragizwa yishyuza ingurane y’inzu

Umusaza w’imyaka 62 witwa Kayinamura Faustin utuye mu Mudugudu wa Cyiciro, Akagari

Muhanga: Umwana watsinze ikizamini cya Leta ntiyagiye kwiga kubera kubura amikoro

Mukabahizi Immaculée w’imyaka 58 atuye mu Mudugudu wa Gitega, Akagari ka Ngaru

Nyanza: Umunyeshuri w’imyaka 13 bikekwa ko yabyaye umwana amuta mu musarani

Mu ishuri riherereye mu Murenge wa Muyira, mu Karere ka Nyanza haravugwa

Kirehe: Umugabo arakekwaho kuniga umugore we “agapfa amuziza kumuca inyuma”

Mu rukerera rwo kuri uyu wa Gatatu tariki ya 27/10/2021, umugabo witwa

Muhanga: Abo mu Mudugudu wa Kabingo batakaga inzara bahawe ibiribwa

Abaturage bo mu Mudugudu wa Kabingo, mu Kagari ka Nganzo mu Murenge

Gicumbi: Abaturiye ahahoze inkambi ya Gihembe barasaba ko ivuriro ryaho ritasenywa

Bamwe mu baturage baturiye ahahoze inkambi ya Gihembe mu Karere ka Gicumbi,

Rwamagana: Bamaze amezi icumi bishyuza amafaranga bakoreye bubaka ibyumba by’amashuri

Mu Murenge wa Nyakaliro mu Karere ka Rwamagana hari abaturage bagera kuri

Rusizi: Imiryango 35 itishoboye imaze amezi atandatu isaba isakaro

Imiryango igera ku 35 itishoboye itaragiraga aho kuba yo mu Murenge wa

Imvura yatwaye ibisenge by’inzu zicumbitsemo abanyeshuri ba Kaminuza y’u Rwanda ishami rya Rusizi

Imvura irimo umuyaga mwinshi yaguye ku gicamunsi cyo kuri uyu wa Mbere

Karongi: Imvura ivanze n’umuyaga yasakambuye ibyumba bitatu by’ishuri

Imvura nyinshi ivanze n’umuyaga yaguye ku Cyumweru ahagana saa munani kugea saa