Mu cyaro

Nyanza: Umurambo w’umurobyi wasanzwe mu rugomero rw’amazi

Umusore w'imyaka 23 y'amavuko yasanzwe mu rugomero rw'amazi ruherereye mu mudugudu wa

Ngoma: Baranduriwe imyaka bategekwa gutera ibiti by’imbuto

Bamwe mu baturage bo mu Murenge wa Remera, Akagari ka Kibungo mu

Nyagatare: Umuturage yagaragaje akarengane yagiriwe na Gitifu ngo “Yibye Isake”

*Yabwiwe ko ushaka urupfu asoma impyisi, nta muntu uburana n'umuyobozi. *Gitifu avuga

Nyanza: Umusore bikekwa ko yiyahuye kubera kudahabwa umunani

Mu Mudugudu wa Karusimbi mu kagari ka Gishike mu Murenge wa Rwabicuma,

Muhanga: Ibirombe by’amabuye y’agaciro byangizaga ibidukikije byatewemo ibiti

Ubuyobozi bw'Akarere ka Muhanga buvuga ko kampani 21 zishinzwe ubucukuzi bw'amabuye y'agaciro

Muhanga/Rongi: Ikiraro cya Nyabarongo cyacitse gikomeretsa abantu 2

Ikiraro gishyashya cya Nyabarongo cyubakwaga cyacitse gikomeretsa abantu 2 bari mu mirimo

Nyanza: Umuvuzi gakondo afunzwe akekwaho gukomeretsa umukiriya we

Ngendahimana Wellars wari usanzwe ari Umuvuzi gakondo, atuye mu Mudugudu wa Mwima

Rutsiro: Imvura yatwaye ubuzima bw’umuntu ikomeretsa 5

Imvura yaguye kuri iki Cyumweru mu Karere ka Rutsiro yishe umuntu umwe

Polisi yafashe amoko 400 y’ibitenge byinjiye mu Rwanda mu buryo bwa magendu

Mu ijoro ryo kuri uyu wa wa Gatandatu tariki ya 5 Gashyantare

Leta yagennye Miliyoni 450Frw azafasha kubonera imirimo abahoze ari Abarembetsi

Abarembetsi ni bamwe mu baturage bagiye bavugwaho kwinjiza ibiyobyabwenge na magendu mu

Ruhango: Abanyeshuri ba Collège Gitwe bibukijwe ko kuba Intwari bihera ku bikorwa bidahambaye

Mu Gitaramo cyo gusingiza Intwari z'uRwanda, Umuyobozi w'Akarere ka Ruhango Habarurema Valens,

Ruhango: Umukecuru yagizwe intere n’abagizi ba nabi

Mukantwari Felecite uri mu kigero cy’imyaka 60 utuye mu Mudugudu wa Kabuga,

Ibibazo by’ubujura, urugomo n’ubucoracora- Ikiganiro na Meya Kambogo

Ikibazo cy’ubujura n’urugomo mu karere ka Rubavu ni kimwe mu bibazo byabaye

Inyamaswa yari yarigize akaraha kajyahe yica inyana mu nzuri za Gishwati yishwe

Hari hashize igihe mu nzuri zituriye Pariki ya Gishwati-Mukura inyamaswa y’inkazi itaramenyekanye

Rwamagana: Abaturage batunguwe no kubona umubyeyi abyarira ku nzira

Bamwe mu baturage bo mu Murenge wa Kigabiro mu Karere ka Rwamagana,