Gicumbi: Abiga muri Mukarange TVET bahangayikishijwe no kutagira amacumbi mu kigo
Abanyeshuri basaga 208 biga muri Mukarange TVET School bahangayikishijwe no kuba iri…
Abaturage b’i Bushekeri bahize gutanga 100% mu bwisungane mu kwivuza umwaka wa 2022-2023
Nk'uko biri muri politiki y' ubuzima mu Rwanda aho buri munyarwanda agomba…
Ruhango: Imvura nyinshi yatwaye imyaka y’abahinzi mu gishanga cya BASE
Abahinzi b'umuceri mu Gishanga cya Base giherereye mu Murenge wa Bweramana mu…
Muhanga: Mukakibibi utuye mu nzu igiye kumugwaho yemerewe ubufasha
Mukakibibi Concessa umukecuru w'incike akaba n'umupfakazi avuga ko ahangayikishijwe n'inzu atuyemo, kuko…
Gishwati: Ubuyobozi bwahagurukiye ikibazo cy’inyamaswa irya amatungo
Ubuyobozi bw’Akarere ka Rutsiro bufatanyije n’ubw’Intara ndetse n’inzego z’umutekano bahagurukiye ikibazo cy’inyamaswa…
Rusizi: Imiryango 24 yatujwe mu Mudugudu wa Murangi irasaba amashanyarazi
Imiryango 24 muri 32 y’Abarokotse Jenoside yakorewe Abatutsi mu 1994 yatujwe mu…
Bugesera: Arasaba ubufasha bwo kuvuza umwana we wasambanyijwe afite ukwezi kumwe
Mugorewishyaka Marithe wo Murenge wa Ruhuha,Akagari ka Gatanga mu Mudugudu wa Nyaburiba…
Abo ku Nkombo bashima ko bibohoye kwitwa ‘Abashi” bo muri Congo
Abo mu Murenge wa Nkombo mu Karere ka Rusizi bashima ubutwari bwaranze…
Rwamagana: Barasaba ingurane nyuma y’aho aho batuye hagizwe ikirombe cy’amabuye y’agaciro
Bamwe mu baturage bo mu Murenge wa Munyinginya ,Akagari ka Cyimbazi mu…
Rubavu: Ikamyo yagonze ibitaro bya Gisenyi
Ikamyo nini yari itwaye umucanga yakoze impanuka bikekwako yatewe no kubura feri…
Muhanga: Umwana w’imyaka 9 yaguye mu kizenga cy’amazi arapfa
Umwana w’imyaka icyenda y’amavuko wigaga mu mwaka wa Kabiri ku Urwunge rw’Amashuri…
Nyamagabe: Abantu 175 barimo abanduye COVID-19 bafatiwe mu rugo rw’umuturage basenga
Polisi ikorera mu Karere ka Nyamagabe,kuwa Gatandatu tariki ya 29 Mutarama 2022,…
Kayonza: Ikamyo yinjiye mu rugo rw’umuturage isenya inzu ebyiri
Ku mugoroba wo ku wa Gatanu, nibwo ikamyo yari ivuye Tanzania yerekeza…
Muhanga: Min Gatabazi yasabye ko imirimo yo kubaka Hotel na Stade mpuzamahanga yihutishwa
Minisitiri w'Ubutegetsi bw'Igihugu Gatabazi Jean Marie Vianney, yabwiye Ubuyobozi bw'Akarere ka Muhanga…
Karongi: Gufata ifunguro rihagije, ubufatanye n’ababyeyi imvano yo gutsinda 100% muri GS Ruragwe
Nubwo bamwe mu Banyarwanda bavuga ko amashuri y’uburezi bw’ibanze bw’imyaka cumi n'ibiri…