Mu cyaro

Inkambi ya Gihembe yafunzwe burundu aho yahoze hatangiye guterwa ishyamba

Minisiteri y’Ibikorwa by’Ubutabazi yatangaje ko kuri uyu wa Mbere tariki 18 Ukwakira

Rutsiro: Minisitiri Gatabazi yasabye abagororerwa i Wawa kurangwa n’icyizere

Minisitiri w’Ubutegetsi bw’Igihugu Gatabazi Jean Marie Vianney, yasabye urubyiruko rugororerwa mu kigo

Ruhango: Ibinezaneza bya Uwamariya wahereye ku ngurube 7 mu mwaka 1 amaze kugira 120

Uwamariya  Alvèra wo mu Mudugudu wa Rusororo, Akagari ka Kirengeli mu Murenge

Huye: Imvura ikomeye yahitanye abantu 3 inasenya amazu arenga 200

Imvura ivanze n’inkubi y'umuyaga yaguye mu ijoro ryo ku wa 16 rishyira

Umugore wumva ko uburinganire ari ugutaha ijoro, gukubita umugabo ntabwo ari byo – Guv. Kayitesi

Nyamagabe: Guverineri w'Intara y'Amajyepfo Kayitesi Alice yakebuye abagabo n'abagore bumva nabi uburinganire

Rusizi: Umusore arakekwaho kwica se akoresheje inyundo

Kwizera Eric  uri mu kigero cy’imyaka 25 wo mu Karere ka Rusizi

Kamonyi: Abaturage bamaze ibyumweru 2 batabona serivisi, Gitifu ngo yataye Kashi

Bamwe mu baturage bo mu Kagari ka Kirwa mu Murenge wa Kayenzi

Muhanga: Urubyiruko rwabwiwe ihame ry’uburinganire ko aribo rireba cyane

Urubyiruko rwo mu Karere ka Muhanga rukora imirimo itandukanye rwabwiwe ko ihame

Kayonza: Hatangijwe umushinga wo gutera ibiti by’imbuto ibihumbi 400 mu kurwanya inzara

Kuri uyu wa 14 Ukwakira 2021, Minisitiri w’Ubuhinzi n’Ubworozi, Dr Mukeshimana Gerardine

Amajyepfo: Umwaka w’amashuri utangiye bishimira ibyumba by’amashuri 4,292 byuzuye

Mu ruzinduko rw'umunsi umwe, Guverineri w'Intara y'Amajyepfo Kayitesi Alice yakoreye mu Karere

Muhanga: Abadepite basanze ibyangombwa by’ubutaka birenga ibihumbi 27 bitarahabwa banyirabyo

Mu ruzinduko Abadepite bagize Komisiyo y'ubutaka, ubuhinzi, ubworozi n'ibidukikije bakoreye mu Karere

Burera: Abarwayi baracyahekwa mu ngobyi, ababyeyi bakabyarira mu nzira bajyanywe kwa muganga

Ukeneye kwamamaza! Gusobanuza! Gutanga amakuru? Hamagara 0788772818 Mu karere ka Burera hari

Muhanga: Abarenga 700 bamaze imyaka 7 batarishyurwa ingurane z’imitungo yabo

Ukeneye kwamamaza! Gusobanuza! Gutanga amakuru? Hamagara 0788772818 Imiryango 700 ituye mu cyanya

Kamonyi: Umugabo wabaga kwa Nyirasenge birakekwa ko yiyahuje umuti uterwa inka

Umugiraneza Gaspard w’imyaka 39 birakekwa ko yiyahuye akoresheje umuti uterwa inka, abo

Musanze: Abo muri Cyuve ngo umwanda ugaragara mu bana kubera ko nta mazi meza bagira

Ukeneye kwamamaza! Gusobanuza! Gutanga amakuru? Hamagara 0788772818 Bamwe mu babyeyi batuye mu