Mu cyaro

Nyamagabe: Urubyiruko 20 rwo mu miryango ikennye rwahawe ibikoresho bijyanye n’imyuga rwize

Uru rubyiruko ruvuga ko iwabo mu miryango nta cyizere cy’ubuzima bari bafite,

Rubavu: Imvura ivanze n’umuyaga yasenye ibyumba 3 by’ishuri

Imvura ivanze n’umuyaga yaguye ku gicamunsi cyo kuri uyu mbere tariki ya

Muhanga: Ubwato bubiri bwagonganye abantu bararohama

*Amakuru avuga ko ubwato bwarimo abarenga 50, ubu 32 ni bo bamaze

Umuturage wambaye gisirikare yafatanywe inyama z’inyamaswa y’agasozi n’urumogi

Nyaruguru: Ku wa Gatanu tariki ya 31 Mutarama, 2022 Polisi ikorera mu

Musanze: Umubyeyi wagwiriwe n’itaka ry’ikirombe agahita apfa yashyinguwe

Mukandekezi Angelique w’imyaka w’imyaka 28 wagwiriye n’ibitaka ubwo yari mu kirombe cyafunze

Ruhango: Hagiye kubakwa Gare no gusubukura imishinga yari yaradindiye

Ubuyobozi bw'Akarere ka Ruhango, buvuga ko bugiye kubaka imishinga migari izahindura isura

Karongi: Habaye impanuka ikomeye ya Coaster itwaye abagenzi yagonze ikamyo

Mu masaha y'igitondo kuri uyu wa Gatanu, imodoka ya Coaster ya Agance

Amajyepfo: Ingo 6981 zituye mu manegeka ashobora gushyira ubuzima mu kaga

Ingo ibihumbi 6981 zituye mu manegeka, Ubuyobozi bw'Intara buragira inama  abafite ubushobozi

Bamwe mu baturage bo mu bice bitandukanye by’Igihugu barataka inzara

Bamwe mu baturage bo mu bice bitandukanye by’Igihugu barataka ko bugarijwe n’ikibazo

Nyanza: Yakije imodoka yari mu igarage ihita ishya irakongoka

Mu Mudugudu wa Nyanza mu Kagari ka Nyanza mu Murenge wa Busasamana,

Ruhango: Uko Mukamana yasabye Polisi kumwubakira ikabikora

Umuturage uvuka mu Karere ka Ruhango nyuma yo kujya i Kigali ubuzima

Muhanga: Polisi yashyikirije inzu yubakiye umusaza n’umukecuru babaga mu manegeka

Polisi y'uRwanda, Guverineri w'Intara y'Amajyepfo n'Ubuyobozi bw'Akarere ka Muhanga, bashyikirije inzu umusaza

Kamonyi: Bakomeje gushakisha umugabo wagwiriwe n’ikirombe

Majyambere Festus w’imyaka 41 wo mu Murenge wa Rukoma, Akagari  ka Murehe

Barasaba gusubizwa ubutaka bw’ahahoze inkambi ya Gihembe, Ubuyobozi buti “Bahawe ingurane”

Abaturage bafite ubutaka bwabo ahari hubatse inkambi yari itujwemo impunzi z’abari bahunze

Abavuga ko “nta myaka 100” ni abanebwe batizera Imana- Nyirakabano wujuje iyi myaka

Umukecuru Nyirakabano Oliva wavutse ku itariki ya 26 ukuboza 1922  ubwo yuzuzaga