Nyamagabe: Urubyiruko 20 rwo mu miryango ikennye rwahawe ibikoresho bijyanye n’imyuga rwize
Uru rubyiruko ruvuga ko iwabo mu miryango nta cyizere cy’ubuzima bari bafite,…
Rubavu: Imvura ivanze n’umuyaga yasenye ibyumba 3 by’ishuri
Imvura ivanze n’umuyaga yaguye ku gicamunsi cyo kuri uyu mbere tariki ya…
Muhanga: Ubwato bubiri bwagonganye abantu bararohama
*Amakuru avuga ko ubwato bwarimo abarenga 50, ubu 32 ni bo bamaze…
Umuturage wambaye gisirikare yafatanywe inyama z’inyamaswa y’agasozi n’urumogi
Nyaruguru: Ku wa Gatanu tariki ya 31 Mutarama, 2022 Polisi ikorera mu…
Musanze: Umubyeyi wagwiriwe n’itaka ry’ikirombe agahita apfa yashyinguwe
Mukandekezi Angelique w’imyaka w’imyaka 28 wagwiriye n’ibitaka ubwo yari mu kirombe cyafunze…
Ruhango: Hagiye kubakwa Gare no gusubukura imishinga yari yaradindiye
Ubuyobozi bw'Akarere ka Ruhango, buvuga ko bugiye kubaka imishinga migari izahindura isura…
Karongi: Habaye impanuka ikomeye ya Coaster itwaye abagenzi yagonze ikamyo
Mu masaha y'igitondo kuri uyu wa Gatanu, imodoka ya Coaster ya Agance…
Amajyepfo: Ingo 6981 zituye mu manegeka ashobora gushyira ubuzima mu kaga
Ingo ibihumbi 6981 zituye mu manegeka, Ubuyobozi bw'Intara buragira inama abafite ubushobozi…
Bamwe mu baturage bo mu bice bitandukanye by’Igihugu barataka inzara
Bamwe mu baturage bo mu bice bitandukanye by’Igihugu barataka ko bugarijwe n’ikibazo…
Nyanza: Yakije imodoka yari mu igarage ihita ishya irakongoka
Mu Mudugudu wa Nyanza mu Kagari ka Nyanza mu Murenge wa Busasamana,…
Ruhango: Uko Mukamana yasabye Polisi kumwubakira ikabikora
Umuturage uvuka mu Karere ka Ruhango nyuma yo kujya i Kigali ubuzima…
Muhanga: Polisi yashyikirije inzu yubakiye umusaza n’umukecuru babaga mu manegeka
Polisi y'uRwanda, Guverineri w'Intara y'Amajyepfo n'Ubuyobozi bw'Akarere ka Muhanga, bashyikirije inzu umusaza…
Kamonyi: Bakomeje gushakisha umugabo wagwiriwe n’ikirombe
Majyambere Festus w’imyaka 41 wo mu Murenge wa Rukoma, Akagari ka Murehe…
Barasaba gusubizwa ubutaka bw’ahahoze inkambi ya Gihembe, Ubuyobozi buti “Bahawe ingurane”
Abaturage bafite ubutaka bwabo ahari hubatse inkambi yari itujwemo impunzi z’abari bahunze…
Abavuga ko “nta myaka 100” ni abanebwe batizera Imana- Nyirakabano wujuje iyi myaka
Umukecuru Nyirakabano Oliva wavutse ku itariki ya 26 ukuboza 1922 ubwo yuzuzaga…