Amajyepfo: Kwandika abavuka n’abapfuye mu bitabo by’irangamimerere bigiye gushyirwamo ingufu
Abakozi bafite irangamimerere mu nshingano mu Ntara y'Amajyepfo, ndetse n'Abanyamabanga Nshingwabikorwa bo…
Nyabihu: Umupolisi yanze ruswa ya Frw Miliyoni yahawe n’ucuruza ibiyobyabwenge
Ku wa Gatatu tariki ya 05 Gicurasi Polisi y’u Rwanda yafashe abantu…
UPDATE: Imibiri 189 ni yo imaze kuboneka ahazubakwa Ibitaro by’ababyeyi i Kabgayi
UPDATE: Mu nkuru twabagejejeho kare ku bijyanye n'igikorwa cyo gushakisha imibiri ahazubakwa…
Nyamasheke: Hatwitswe Kg 97 z’urumogi rwafashwe ruvuye muri DR.Congo
Ku wa Gatatu mu Karere ka Nyamasheke, Polisi y’igihugu yatwitse ibilo 97…
Rubavu: Umugabo watwitse umwana we ibirenge n’intoki amuziza gucukura ikijumba yatawe muri yombi
Inzego z’umutekano mu Karere ka Rubavu zataye muri yombi umubyeyi ucyekwaho gushyira…
Muhanga/Kabgayi: Mu kibanza kizubakwamo ibitaro by’ababyeyi hamaze kuboneka imibiri 69
Mu minsi ibiri gusa mu kibanza kizubakwamo ibitaro by'ababyeyi hamaze kuboneka imibiri…
Muhanga/Kabgayi: Imibiri 26 yabonetse mu kibanza kizubakwamo Ibitaro by’ababyeyi
Imibiri 26 bikekwa ko ari iy'Abatutsi bishwe muri Jenoside yabonetse mu kibanza…
Huye: Abavuzi b’amatungo basabwe gukora kinyamwuga
Abavuzi b'amatungo baturutse mu bice bitandukanye by'igihugu bahuguwe uko batera intanga inka,…
Gicumbi: Dr Ndahayo Fidele yavuze ko akiri Umuyobozi wa UTAB
Kuri uyu wa 30/Mata/2021 Dr Ndahayo Fidele umaze umwaka urenga ayoboye ishuri…
Karongi: Bafashwe batambaye agapfukamunwa bavuga ko aho kukambara bakwemera gupfa
Mu ijoro ryakeye mu Karere ka Karongi hafashwe abantu 40 bishe amabwiriza…
Nyamagabe: Ababyeyi bavuga ko ‘kwirukana abanyeshuri mu gihe COVID-19 ica ibintu biteje ikibazo
Abanyeshuri 9 bigana mu mwaka wa 3 w’ayisumbuye 3 kuri Groupe Scolaire…
Gicumbi: Yasabye abagore yapfakaje muri Jenoside kumuha frw 5000…Akekwaho ingengabitekerezo
Umugabo w’imyaka 52 witwa Nzabumunyurwa Clement akurikiranyweho ingengabitekerezo ya Jenoside nyuma yo…
Ruhango: Mwarimu arashinjwa kwiyita Avoka agatekera umutwe umukecuru
*Ngo yamwambuye Frw 400, 000 avuga ko agiye kumwunganira mu mategeko Urwego…
Ruhango: Akarere kisubije ishuri ryigenga kemera no kwishyura miliyoni 40Frw y’umwenda
Ubuyobozi bw'Akarere ka Ruhango bugiye gusubirana Ishuri Ryisumbuye rya Tekiniki, (Ecole Technique…
Kwibuka 27: Nyamagabe hashyinguwe imibiri 61 y’abatutsi yakuwe ahantu hanyuranye
Mu gihe mu Rwanda hakomeje kwibukwa Jenoside yakorewe Abatutsi ku nshuro ya…