Mu cyaro

Musanze: Umukingo wagwiriye umuntu arapfa

Mu Karere ka Musanze Umurenge wa Remera Akagari ka Kamisave Umudugudu wa

Rusizi: Umusore yanyweye umuti wica imbeba bimugwa nabi

Umusore witwa Ishimwe Patrick wo mu Murenge wa Bugarama mu Karere ka

Huye: Ugurira ‘Umuzunguzayi’ azajya abiryozwa

Ubuyobozi bw'Akarere ka Huye mu Ntara y'Amajyepfo bwatangaje ko bwafashe umwanzuro wo

Kamonyi: Ambulance yari itwaye abarwayi yaheze mu isayo

Ambulance y'Ibitaro bya Remera-Rukoma mu Karere ka Kamonyi, yari igiye kuzana abarwayi

Nyanza: Umugezi wa Burakari wahitanye abantu babiri

Umugezi wa Burakari uherereye mu Murenge wa Busoro mu karere ka Nyanza

Nyanza: Umukingo wagwiriye inzu umusaza arapfa

Umusaza witwa Habimana Déogratias ufite imyaka 80 wo mu Karere ka Nyanza

Umuhanda Ngororero- Muhanga wafunzwe

Polisi y'u Rwanda yatangaje ko kubera imvura nyinshi yateye umugezi wa Nyabarongo

Huye: Biyemeje gusenyera umugozi umwe mu iterambere ry’Akarere

Ihuriro ry’Abafatanyibikorwa mu Iterambere (JADF) ryiyemeje gusenyera umugozi umwe hagamijwe gushyira mu

Ruhango: Abakozi batiraga mudasobwa bahawe izabo

Ku munsi mpuzamahanga w'umurimo usanzwe wizihizwa kuya 01 Gicurasi ya buri mwaka,

Muhanga: Abagizi ba nabi batwitse imodoka yafashaga abarwayi

Abantu bataramenyekana mu Karere ka Muhanga, batwitse imodoka y'Ibitaro byigenga byitwa Peace

Rutsiro: Abaturage batatu bishwe n’ibiza basezeweho

Ubuyobozi bw’akarere ka Rutsiro bwihanganishije imiryango iheruka kubura abaturage batatu bazize Ibiza

Guverineri Kayitesi yabwiye Gitifu kwirinda imvugo igira iti ” Ni uku dukora”

Mu muhango w'Ihererekanyabubasha hagati y'Umunyamabanga Nshingwabikorwa w'agateganyo w'Intara na Gitifu wayo mushya,

Urubyiruko rurasabwa kudaha agahenge abagoreka amateka y’u Rwanda

Urubyiruko rwo mu mashuri Makuru na za Kaminuza mu Ntara y'Amajyaruguru n'

Nyamagabe: Padiri wavuzweho ingeso mbi yahawe imirimo mu Kigo cy’Ishuri

Padiri Augustin Ndikubwimana wo muri Diyoseze ya Gikongoro wahagaritswe by'agateganyo imyaka ibiri

Rusizi: Inzoka yatumye bafunga ibyumba by’ishuri

Mu karere ka Rusizi, mu kigo cy'ishuri  hari ibyumba bitatu byari bizanzwe