Nyanza: Ku munsi w’isabukuru ya RPF-Inkotanyi, abaturage baremeye mugenzi wabo utishoboye
Abanyamuryango ba FPR Inkotanyi bo mu kagari ka Mututu, bakoze ibirori byo…
Umugore yateye icyuma umugabo we w’umwarimu n’inshoreke bari baryamanye
Nyanza: Umugore wari waratandukanye n'umugabo we yasanze aryamanye n'inshoreke ye, arabagogera bombi abatera…
Muhanga: Umwarimu wa Kaminuza yishwe n’abataramenyekana
Muhirwe Karoro Charles, wigishaga Uburezi muri Kaminuza y'u Rwanda ishami rya Nyagatare,…
Abakomoka i Burera bahize gukura akarere ku mwanya wa nyuma mu mihigo
Bamwe mu bakomoka mu Karere ka Burera kuri ubu bakorera mu tundi…
Musanze: Umusaza n’umukecuru bashakanye bapfiriye umunsi umwe
Mu Karere ka Musanze mu Murenge wa Musanze hasakaye inkuru y'incamugongo y'urupfu…
Mwarimu Rucagu Boniface arimo koroherwa
RUBAVU: Mwarimu Rucagu Boniface wo mu Murenge wa Rugerero, Akarere ka Rubavu…
Abagore n’abakobwa basabwe kwigobotora amateka yabakumiraga muri siyansi
Inararibonye akaba n'umuhanga muby'ubumenyi n'ikoranabuhanga Dr Marie Christine Gasingirwa yasabye umuryango Nyarwanda…
Ruhango: Umusore wigishaga imodoka yaguye mu mpanuka
Umusore witwa Uwitarahara Jacques w'Imyaka 25 y'amavuko wo mu Karere ka Ruhango…
Nyanza: Polisi ifunze umusore wagonze umukecuru
Polisi ikorera mu murenge wa Busasamana mu karere ka Nyanza ifunze umunyonzi…
Gicumbi: Abanyamuryango ba FPR -Inkotanyi bubakiye inzu umuturage
Abanyamuryango ba RPF-Inkotanyi batuye mu murenge wa Rubaya, bashimangira ko gushyira imbere…
Rubavu: Umwarimu witwa Rucagu Boniface yagizwe intere n’abagizi ba nabi
Umwarimu wo mu Karere ka Rubavu witwa Pastor Rucagu Boniface arembeye mu…
Nyanza: Abafatanyabikorwa biyemeje kwinjiza ibikorwa byabo mu by’akarere
Abafatanyabikorwa mu iterambere (JADF) biyemeje kwinjiza ibikorwa byabo mu by'akarere bazirikana ko…
Nyanza: Amayobera ku mugabo wasanzwe mu cyumba cye yapfuye
Umugabo wari utuye mu Murenge wa Busasamana yasanzwe mu mugozi mu cyumba…
Muhanga: Uwarindaga Ikigo cy’ishuri yasanzwe yishwe
Bizimana Sylvere uri mu kigero cy'imyaka 60 warindaga ikigo cy'ishuri ribanza rya…
Nyamagabe: Abana 40 b’abasigajwe inyuma n’amateka bataye ishuri kubera kunenwa
Abasigajwe inyuma n'amateka bo mu Karere ka Nyamagabe baratabariza abana babo bagera…