Mu cyaro

Umurenge wa Runda wegukanye umwanya wa mbere mu isuku mu Majyepfo-AMAFOTO

Ni ibihembo Polisi yahaye Inzego z'Ibanze kuva ku rwego rw'Akarere,  Imirenge n'Utugari

Nyamata: Abanyonzi babira ibyuya bashaka imisanzu ikaribwa n’abayobozi

Abakora umwuga wo gutwara abantu n'ibintu ku magare bibumbiye muri Koperative KOTRAVENYA

Bugesera: Abahinzi b’imiteja n’urusenda bijejwe isoko amaso ahera mu kirere

Abahinzi b’imiteja n’urusenda mu nkengero z’ikiyaga cya Rumira mu Karere ka Bugesera

Ruhango: Umugabo yaguye ku mugore wari umucumbikiye

Umugabo w'imyaka 34 y'amavuko bamusanze yapfiriye mu rugo rw'umugore witwa Mukashyaka Judith

Nyagatare: Umupaka mushya wa Rwempasha watangiye gukora

Umupaka mushya wa Rwempasha/Kizinga uhuza u Rwanda na Uganda wafunguwe ku mugaragaro

Burera: Bateye ishoti amazina biswe n’ubutegetsi bw’abavanguraga mu bandi

Bamwe mu baturage bo mu Murenge wa Bungwe mu Karere ka Burera

#Kwibohora29: Ab’i Rulindo begerejwe ibikorwa byatwaye arenga miliyari 3 Frw

Ibirori byo kwizihiza Umunsi Mukuru wo Kwibihora ku nshuro ya 29, abaturage

Muhanga: Hatashywe icumbi rya Mwarimu ryatwaye arenga miliyoni 100 Frw

Ubwo hizihizwaga umunsi wo Kwibohora Ku nshuro ya 29, Inzego zitandukanye n'abarezi

Huye: Abasuye Umulindi w’Intwari bacyuye umukoro wo guha abiganjemo urubyiruko

Abanyamuryango ba RPF batuye mu Murenge wa Ruhashya mu Karere ka Huye

Nyamagabe: Abaturage babangamiwe no gukoresha amazi yogerezwamo moto

Abaturage batuye mu kagari ka Nyanzoga, mu murenge wa Cyanika mu karere

Mibirizi: Hatashywe Inzu y’ababyeyi mu gukemura ikibazo cy’ubucucike

RUSIZI: Mu kigonderabuzima cya Mibirizi mu Murenge wa Gashonga mu Karere ka

Umugore arashinja umugabo ifuhe no kumuruma urutoki akaruca

Musanze: Umugabo wo mu Karere ka Musanze aravugwaho kuruma urutoki rw'umugore we

Nyanza: Abamurikabikorwa basabye ko imurikagurisha ryajya rimara icyumweru

Abafatanyabikorwa bibumbiye muri JADF Nyanza banamuritse ibikorwa byabo basabye inzego z'ubuyobozi ko

Baguye mu kantu nyuma yo kubona umugabo amanitse mu kiziriko

Nyamasheke: Umugabo witwa Hagenimana Emmanuel w'imyaka 45 wo mu Karere ka Nyamasheke

Bakereye umurimo! Imurikabikorwa ry’i Bugesera ryaranzwe n’ishyaka n’akanyamuneza

Abamurikaga ibikorwa byabo mu imurikabikorwa ryaberaga i Bugesera, mu kanyamuneza n’ishyaka ryinshi