Mu cyaro

Bakereye umurimo! Imurikabikorwa ry’i Bugesera ryaranzwe n’ishyaka n’akanyamuneza

Abamurikaga ibikorwa byabo mu imurikabikorwa ryaberaga i Bugesera, mu kanyamuneza n’ishyaka ryinshi

Imiryango 6000 itishoboye yasangiye ibyishimo bya Eidil adh’ha n’Abayisilamu b’i Rusizi

Buri mwaka mu idini ya Islam yizihiza umunsi mukuru w'igitambo witwa Eidil

Nyanza: Umugabo yahanutse ku modoka

Umugabo wari mu mudoka amaze kuyipakiramo amatafari, yapfuye ubwo yari imutwaye. Impanuka

Ubuto bw’umuhanda uhuza Kigali n’Amajyepfo bubangamira abikorera

Bamwe mu bikorera bo mu Ntara y'Amajyepfo, bagaragarije Inzego za Leta ko

Abiga muri TSS Kavumu bibukijwe ko baza kwiga nta bwoko babajijwe

Abanyeshuri biga mu ishuri ry'imyuga n'ubumenyingiro no gutwara ibinyabiziga mu ishuri rya

Minisitiri Bayisenge yasabye abagore kubyaza umusaruro amahirwe igihugu cyabahaye

Minisitiri w’Uburinganire n’Iterambere ry’Umuryango (MIGEPROF), Prof Bayisenge Jeannette yasabye ba rwiyemezamirimo b'abagore

Rusizi: Moto ye yahiye ayireba abura icyo akora irakongoka

Imbere ya gare ya Rusizi, mu Murenge wa Kamembe, umugabo wari ugiye

Rubavu: Umwana muto yagwiriwe n’ikirombe

Umwana w’imyaka 16 wo mu Karere ka Rubavu yagwiriwe n’ikirombe ahita yitaba

Nyanza: Abitabiriye imurikabikorwa basabwe ko ibyo bajemo bitaba amasigaracyicaro

Abafatanyabikorwa n'abagenerwabikorwa bitabiriye imurikabikorwa ry'abafatanyabikorwa (JADF Nyanza) basabwe ko ibyo bajemo bidakwiye

Gicumbi: Abitabiriye Expo banyuzwe n’uko intanga z’ingurube zibageraho mu gihe gito

Aborozi b'ingurube n'abitabiriye imurikabikorwa ry'iminsi itatu riri kubera mu Karere ka Gicumbi

Imbamutima z’aborozi uburinganire n’ubwuzuzanye byabereye intwaro y’iterambere

Aborozi bigobotoye ibyagiye bidindiza ihame ry'uburinganire n'ubwuzuzanye mu muryango bemeza ko umuryango

Muhanga: Umugore yatunguwe asanze umugabo we mu mugozi yapfuye

Umugabo uri mu kigero cy'imyaka 32 y'amavuko bamusanze mu mugozi yapfuye, birakekwa

Rusizi: Imiryango 24 y’abarokotse Jenoside yahawe inzu

Ku wa 28 Kamena 2023 mu Mudugudu wa Tuwonane, Akagari ka Gatsiro

Gicumbi: Ubuhinzi bwagaragajwe nk’umuvuno wo guhashya ubushomeri mu rubyiruko

Mu imurikabikorwa ryatangiye kuri uyu wa 28 Kamena 2023 mu Karere ka

Muhanga: Sitasiyo ya Lisansi ituzuye yabaye indiri y’amabandi

Sitasiyo ya Lisansi yubatswe ntiyuzura, abayituriye n'abakorera hafi yayo, barayishinja kuba icyicaro