Huye: Barasaba ubutabera ku babo baguye mu kirombe kigashingwaho umusaraba
Abaturage baburiye ababo mu kirombe cyacukurwagamo amabuye y'agaciro mu murenge wa Kinazi…
Rusizi: Umugabo yiciwe mu murima w’ibishyimbo
Umugabo wo mu Karere ka Rusizi yiciwe mu murima w'ibishyimbo nyuma y'uko…
Hari ubwo umara gatatu utarakora ku munwa- Abatuye i Mayange barataka inzara
Mu Murenge wa Mayange mu Karere ka Bugesera, abaturage bahangayikishijwe n'ibura ry'ibiribwa,…
Ruhango: Umukozi wo mu rugo arakekwaho kwica Nyirabuja
Umukozi wo mu rugo witwa Dusabimana Emmanuel arakekwa kwica Umukecuru witwaga Mukarugomwa…
Kambogo wegujwe ku buyobozi yasabye imbabazi
Uwahoze ayobora Akarere ka Rubavu, Kambogo Ildephonse, yasabye imbabazi ku makosa akomeye…
Abaturage bivuriza ku Kigo Nderabuzima cya Rwinzuki barahangayika iyo bakeneye ‘ambulance’
Rusizi: Imyaka umunani irashize ikigo Nderabuzima cya Rwinzuki mu murenge wa Nzahaha…
Huye: Habaye ikiriyo cy’abagwiriwe n’ikirombe habuze nyiracyo
Kuri uyu wa Gatandatu mu Murenge wa Kinazi, mu Karere ka Huye,…
Meya w’Akarere ka Rubavu yegujwe ku mpamvu zikomeye
Inama Njyanama y’Akarere ka Rubavu yeguje Kambogo Ildephonse wakayoboraga, ashinjwa kutubahiriza inshingano…
Musanze: Biyubakiye ibiro by’akagari bihagaze arenga miliyoni 15 Frw
Abaturage bo mu Murenge wa Muhoza Akagari ka Cyabararika by'umwihariko urubyiruko rw'abayisilamu…
Rulindo: Polisi yaguye gitumo abantu 30 bishoye mu bikorwa bitemewe
Polisi y’u Rwanda ikorera mu Karere ka Rulindo, ku bufatanye n’izindi nzego…
Abishwe n’ibiza bashyinguwe, Umukuru w’Igihugu atanga ihumure
RUBAVU: Minisitiri w’Intebe,Dr Edouard Ngirente, mu izina rya Perezida wa Repubulika Paul…
Urubyiruko rw’aba-Islam ruteraniye mu Rwanda rwiyemeje guhangana n’iterabwoba
Urubyiruko rw’Abayisilamu rwo mu bihugu 40 byo ku Mugabane wa Afurika, rwitabiriye…
UPDATED: Umubare w’abahitanywe n’ibiza umaze kugera ku 130
Kuri uyu wa 04 Gicurasi 2023, Guverinoma yatangaje ko umubare w'abahitanywe n'ibiza…
“Turi mu cyunamo”- Minisitiri w’Ibidukikije yavuze ku bantu bishwe n’ibiza
Mu Karere ka Nyanza, mu ishuri rya Mater Dei, ababyeyi, abanyeshuri n’abayobozi…
Abo mu Murenge wa Butare wugarijwe n’ubukene barasaba gukurwa mu bwigunge
RUSIZI: Abatuye Umurenge wa Butare uri mu yugarijwe n'ubukene bukabije mu Karere…