Mu cyaro

Umugezi ugabanya u Rwanda n’u Burundi watwaye imyaka y’abaturage

RUSIZI: Umugezi wa Ruhwa ugabanya u Rwanda n’u Burundi waruzuye utwara imyaka

Kayonza: Abakobwa bize kuvuga ‘Oya’ itarimo ubutinde bahakanira ababashora mu busambanyi

Abakobwa biga mu Ishuri ryisumbuye rya Kayonza (Kayonza Modern School) bavuga ko 

Tuzakomeza kugaragaza ukuri kwacu kandi kuzatsinda- Hon Mukabalisa 

RUHANGO: Ubwo bibukaga ku nshuro ya 29 Jenoside yakorewe abatutsi mu 1994,

Nyamasheke: Akarere gakomeje guhangana n’igwingira mu bana ryibasiye abarenga 2000

Ikibazo cy’igwingira n’imirire mibi mu bana ni kimwe mu bihangayikishije inzego zinyuranye,

Nyanza: Umusaza warwaye indwara “ifata imyanya y’ibanga” akeneye ubuvuzi

Abaturage batuye mu Mudugudu wa Kabisine, mu kagari ka Mubuga mu murenge

Gakenke: Barasaba uruzitiro kuri Mukungwa yajugunywemo imbaga y’Abatutsi

Ababuze ababo bajugunywe muri Mukungwa, barasaba ko hashyirwa uruzitiro mu rwego rwo

Abaturage bafashe mu mugongo abasizwe na Dr Muhirwe wishwe ashinyaguriwe

MUHANGA: Bamwe mu batuye mu Mudugudu wa Musengo, Akagari ka Kivumu bakusanyije

Abakozi ba NESA bibutse abazize Jenoside i Murambi, baremera abacitse ku icumu

NYAMAGABE: Abayobozi , abakozi n'abafatanyabikorwa  b'Ikigo cy'Igihugu gishinzwe ibizamini bya Leta n'ubugenzuzi

Kayonza: Mu gashyamba gakorerwamo ibikorwa by’umwijima

Bamwe mu baturage bo mu Murenge wa Rukara, mu Kadere Karere ka

Rusizi: Habonetse imibiri isaga 800 bikekwa ko ari iy’abishwe muri Jenoside

Mu Murenge wa Gashonga, w'Akarere ka Rusizi hakomeje gushakishwa imibiri bikekwa ko

UMUSEKE waganiriye n’abafite ababo baguye mu kirombe i Huye, icyizere cyo kubabona cyayoyotse

UPDATED: Amazina y'abaheze mu kirombe mu Murenge wa Kinazi, akagari ka Gahana,

UPDATED: Soma urwandiko umugore yandikiye abagabo yabyaranye na bo

Umugore wo mu Karere ka Nyagatare yataye abana be mu nzu abasigira

Inzoga za make zatunzwe agatoki mu gushora urubyiruko mu busambanyi

Kayonza: Bamwe mu babyeyi n'urubyiruko bo mu Karere ka Kayonza, mu Murenge

Muhanga: Ibibanza n’inzu zishaje bya Leta byarengewe n’ibigunda

Ibibanza bya Leta bitubatse mu Mujyi wa Muhanga, byuzuyemo ibyatsi n'ibihuru ,

Ruhango: Barasaba ko amasanduka ashyinguyemo abishwe muri Jenoside ahindurwa

Abafite ababo bashyinguye mu rwibutso rwa Jenoside yakorewe abatutsi 1994 rw'Akarere ka