Abagabo 2 bafatiwe mu cyuho bahinduranya ibyuma bya moto “yibwe mu Bugesera”
Polisi y’u Rwanda ikorera mu Ntara y'Iburasirazuba, ivuga ko ku bufatanye n’abaturage…
Nyanza: Abakora umuyoboro bararandura imyaka y’abaturage batabanje kumvikana
Bamwe mu baturage bo mu mudugudu wa Kivumu, mu kagari ka Nyanza…
Rubavu: Imvura nyinshi n’umuyaga byasenye inzu 18
Imvura nyinshi y'urubura ivanze n'umuyaga yaguye mu Karere ka Rubavu, by'umwihariko mu…
Rusizi: Abantu biraye mu murima wa kawa z’umuturage barazirandura
Abagizi ba nabi bataramenyekana biraye mu murima wa kawa z'umuturage mu Karere…
Abikorera mu Ntara y’Iburengerazuba bagabiye inka abarokotse Jenoside batishoboye
Nyabihu: Abikorera bo mu Ntara y’Iburengerazuba bagabiye inka 15 imiryango yarokotse Jenoside…
Bugesera: Abaturage basuhukiye mu wundi Murenge kubera inzara
Bamwe mu baturage bo mu Murenge wa Nyarugenge, Akagari ka Gihinga mu…
Gicumbi: Umukobwa uri mu kigero cy’ubwangavu yarohamye muri Muhazi
Umukobwa w'imyaka 16 witwa Berinka Ancilla wo mu Murenge wa Bukure, yarohamye…
Umuturage umaze iminsi ararira amatungo ye “inyamaswa” yamuciye mu rihumye iyica yose
Nyagatare: Mu Murenge wa Matimba, mu ijoro ryo ku wa 09 Mata…
Rulindo: Habarurwa imiryango 279 yazimye kuko abari bayigize bose bishwe muri Jenoside
Ubuyobozi bw'Akarere ka Rulindo bufatanyije n'Umuryango Uharanira Inyungu z'Abarokotse Jenoside yakorewe Abatutsi,…
Breaking: Umupolisi yarashe umusore wemeye ko yishe Dr Muhirwe – AMAFOTO
Muhanga: Inzego z’umutekano kuri uyu wa Kabiri mu masaha ya kare mu…
Gicumbi: Iminsi 40 kuri bamwe mu bajura yari yageze
Kuri uyu wa Mbere mu Karere ka Gicumbi habaye umukwabo wo gufata…
Muhanga: Abantu bane barimo abavandimwe baguye mu kirombe
Abantu Bane barimo batatu bafitanye isano ya bugufi bishwe na Gaz y'ikirombe…
Ku rwibutso rwa Bigogwe habonetse “Grenade”
Ku gicamunsi cyo kuri uyu wa mbere tariki ya 10 Mata 2023,…
Ingurube ni nk’uruganda- Ab’i Ngororero barishimira ko zabahinduriye imibereho
Aborojwe ingurube n'umushinga wa PRISM bo mu Karere ka Ngororero ,Umurenge wa…
Umugabo yagiye gusura umubyeyi we ahageze yakirwa n’inkuru mbi
Nyanza: Kubwimana Gad Umugabo w'Imyaka 50 y'amavuko yagiye gusura Umubyeyi we (Maman)…