Ishyaka rya Green Party ryatoye abarihagarariye i Nyaruguru
Abarwanashya b'ishyaka riharanira Demokarasi no kurengera ibidukikije mu Rwanda (Democratic Green Party…
Umukobwa watinyutse akaba ari umunyonzi i Musanze ifite inzozi ko azagura moto akareka igare
Nyirabashatsimana Jeannette ni ukobwa w'imyaka 20 y'amavuko ukorera umwuga wo gutwara abantu…
Rubavu: Abayobozi babiri bahanishijwe kumara amezi atatu badahembwa
Umunyamabanga Nshingwabikorwa w’Umurenge wa Cyanzarwe, n'Umuyobozi ushinzwe igenamigambi mu Karere ka Rubavu,…
Rusizi: Padiri Kajyibwami Modeste yitabye Imana
Umupadiri witwa Kajyibwami Modeste yitabye Imana, Inkuru y'urupfu rw'uyu mupadiri yamenyekanye kuri…
Abayobozi basabwe gukemura ibibazo by’abaturage badategereje Perezida
Amajyaruguru: Minisitiri w'Ubutegetsi bw'Igihugu Musabyimana Jean Claude yasabye abayobozi batandukanye bo mu…
Ngororero: Grenade yaturikanye abana babiri
Igisasu cyo mu bwoko bwa 'Grenade' cyishe umwana w'imyaka 10 y'amavuko, gikomeretsa…
Rulindo: Fuso Mitsubishi yarenze umuhanda kubera umuvuduko
Muhirwa Patrick yakomerekeye bikomeye mu mpanuka y’imodoka, Fuso Mitsubishi yarenze umuhunda kubera…
Muhanga: Amezi 6 arashize anyagirwa, umukecuru w’imyaka 78 inzu ye yasakawe igice
Mukakibibi Consessa wo mu Mudugudu wa Nyamitanga mu Kagari ka Kanyinya mu…
Kigali-Musanze: Fuso yari itwaye ibicuruzwa yahirimye munsi y’umuhanda
Imodoka yo mu bwoko bwa Fuso yari ipakiye ibicuruzwa ibivanye i Kigali…
Nyanza: Abaturage b’i Gahanda baruhutse kuvoma amazi mabi
Abaturage batuye mu mudugudu wa Gahanda, mu kagari ka Rwesero mu murenge…
Ruhango: Batangije umushinga urata ibyiza nyaburanga ukanateza imbere abaturage
Ubuyobozi bw'Akarere ka Ruhango buvuga ko hari Kampani yitwa 'AZIZE LIFE' yegerejwe…
Nyanza: Umukuru w’umudugudu arafunzwe, ushinzwe umutekano na we arashakishwa
Umukuru w'umudugudu n'ushinzwe umutekano bo mudugudu wa Gatongati mu kagari ka Mututu…
Musanze: Bahangayikishijwe n’ubujura bwibasira amatungo
Bamwe mu baturage bo mu Kagari ka Buruba mu Murenge wa Cyuve,AKarere…
Kamonyi: Inzu y’ubucuruzi yahiye irakongoka
Ubuyobozi bw'Umurenge wa Runda buravuga ko hari inzu y'uwitwa Umwiza Bernadette bacururizagamo…
Rwamagana: Imiryango 30 igiye kurya iminsi mikuru ibana byemewe n’amategeko
Imwe mu miryango yo mu Murenge wa Munyiginya mu Karere ka Rwamagana,…