Mu cyaro

Ishyaka rya Green Party ryatoye abarihagarariye i Nyaruguru

Abarwanashya b'ishyaka riharanira Demokarasi no kurengera ibidukikije mu Rwanda (Democratic Green Party

Umukobwa watinyutse akaba ari umunyonzi i Musanze ifite inzozi ko azagura moto akareka igare

Nyirabashatsimana Jeannette ni ukobwa w'imyaka 20 y'amavuko ukorera umwuga wo gutwara abantu

Rubavu: Abayobozi babiri bahanishijwe kumara amezi atatu badahembwa

Umunyamabanga Nshingwabikorwa w’Umurenge wa Cyanzarwe, n'Umuyobozi ushinzwe igenamigambi mu Karere ka Rubavu,

Rusizi: Padiri Kajyibwami Modeste yitabye Imana

Umupadiri witwa Kajyibwami Modeste yitabye Imana, Inkuru y'urupfu rw'uyu mupadiri yamenyekanye kuri

Abayobozi basabwe gukemura ibibazo by’abaturage badategereje Perezida

Amajyaruguru:  Minisitiri w'Ubutegetsi bw'Igihugu Musabyimana Jean Claude yasabye abayobozi batandukanye bo mu

Ngororero: Grenade yaturikanye abana babiri

Igisasu cyo mu bwoko bwa 'Grenade' cyishe umwana w'imyaka 10 y'amavuko, gikomeretsa

Rulindo: Fuso Mitsubishi yarenze umuhanda kubera umuvuduko

Muhirwa Patrick yakomerekeye bikomeye mu mpanuka y’imodoka, Fuso Mitsubishi yarenze umuhunda kubera

Muhanga: Amezi 6 arashize anyagirwa, umukecuru w’imyaka 78 inzu ye yasakawe igice 

Mukakibibi Consessa wo mu Mudugudu wa Nyamitanga mu Kagari ka Kanyinya mu

Kigali-Musanze: Fuso yari itwaye ibicuruzwa yahirimye munsi y’umuhanda

Imodoka yo mu bwoko bwa Fuso yari ipakiye ibicuruzwa ibivanye i Kigali

Nyanza: Abaturage b’i Gahanda baruhutse kuvoma amazi mabi

Abaturage batuye mu mudugudu wa Gahanda, mu kagari ka Rwesero mu murenge

Ruhango: Batangije umushinga urata ibyiza nyaburanga ukanateza imbere abaturage

Ubuyobozi bw'Akarere ka Ruhango buvuga ko hari Kampani yitwa 'AZIZE LIFE' yegerejwe

Nyanza: Umukuru w’umudugudu arafunzwe, ushinzwe umutekano na we arashakishwa

Umukuru w'umudugudu n'ushinzwe umutekano bo mudugudu wa Gatongati mu kagari ka Mututu

Musanze: Bahangayikishijwe n’ubujura bwibasira amatungo

Bamwe mu baturage bo mu Kagari ka Buruba mu Murenge wa Cyuve,AKarere

Kamonyi: Inzu y’ubucuruzi yahiye irakongoka

Ubuyobozi bw'Umurenge wa Runda buravuga ko hari inzu y'uwitwa Umwiza Bernadette bacururizagamo

Rwamagana: Imiryango 30 igiye kurya iminsi mikuru ibana byemewe n’amategeko

Imwe mu miryango yo mu Murenge wa Munyiginya mu Karere ka Rwamagana,