Mu cyaro

Amajyepfo: Abarenga 3000 bamaze igihe basaba Ubwenegihugu 

Bamwe mu baturage bo mu Ntara y'Amajyepfo bamaze imyaka 28 bandikira inzego

Muhanga: Abikorera banengwa serivisi mbi n’umwanda w’aho bacururiza

Mu nama yahuje abikorera bo mu Mujyi wa Muhanga, Ubuyobozi bw'Akarere n'Intara

Nyamagabe: Imvura yangije  ikiraro ku muhanda Nyamagabe-Nyanza-Ruhango 

Bamwe mu baturage bo mu Ntara y’Amajyepfo bamaze iminsi itatu babuze uko

Nyabarongo yuzuye ihagarika urujya n’uruza ku bagenzi

Imvura nyinshi yaguye ijoro ryose bukarinda bucya yatumye amazi y'umugezi wa Nyabarongo

Gakenke: Abantu babiri baguye mu mpanuka y’imodoka

Ikamyo ya Fuso yavaga i Rubavu ijyanye ibitunguru mu Mujyi wa Kigali

MINUBUMWE ivuga ko inzibutso ziri hafi y’insengero, Kiliziya n’Imisigiti zitazimurwa

Mu kiganiro Minisitiri w'Ubumwe n'inshingano mboneragihugu Dr Bizimana Jean Damascène yagiranye n'Ubuyobozi

Umusore wari utegereje gukora ubukwe, bamusanze mu ishyamba yapfuye

Huye: Inkuru y'urupfu rw'umusore witwa Nshimiye wasanzwe mu ishyamba yapfuye, yamenyekanye mu

Barasaba ababishinzwe gukumira imyanda ya pulasitiki ijugunywa mu Kivu  

Ikiyaga cya Kivu ni kimwe mu binini byo muri Afurika y’Iburasirazuba, giherereye

Muhanga: Ababyeyi bahaye ishimwe uwashinze ishuri ritsindisha neza

Komite y'ababyeyi barerera mu Ishuri ryigenga "Ahazaza Independent School" bahaye ishimwe  Raina

Rutsiro: Umusaza n’umuhungu we bagwiriwe n’inzu barapfa

Umusaza Nyirimbuga w’imyaka 73 yagwiriwe n’inzu ari kumwe n’umuhungu w’imyaka 8 mu

Abanyeshuri ba Fr Ramon TSS Kabuga bishimiye ibyumba by’amashuri biyubakiye

Ku kigo cy’amashuri cya Father Ramon TSS Kabuga mu murenge wa Ngamba,

Iburengerazuba: Abayobozi buka inabi abaturage bihanangirijwe

Abayobozi b’Uturere tw’Intara y’iburengerazuba n’abo bafatanya kuyobora basabwe kongera imbaraga  mu mitangire

Umwana uheruka kwicwa, umutwe we wabonetse mu rugo rw’umuturage

Rwamagana: Umwana w’umukobwa wishwe n’umuntu utaramenyekana mu minsi mike ishize, amuciye umutwe,

Nyanza: Umusaza w’imyaka 88 birakekwa ko yiyahuye

Ku gicamunsi cyo kuri uyu wa  18 Ugushyingo 2022, mu murenge wa

Gicumbi: Abanyeshuri basaga 700 basoje amasomo ya Kaminuza muri UTAB  

Kuri uyu wa 17 Ugushyingo 2022 Kaminuza ya UTAB yigisha ikoranabuhanga n’ubugeni,