Mu cyaro

Gicumbi: Hagiye guterwa ibiti miliyoni mu rwego rwo guhangana n’imihindagurikire y’ibihe

Ubuyobozi bw'Akarere ka Gicumbi bufatanyije n'Umushinga Green Gicumbi burateganya gusazura amashyamba kuri

Gicumbi/Rukomo: Batangiye guhinga ikawa, nyuma y’imyaka itatu bazubakirwa uruganda

Abatuye mu murenge wa Rukomo, akagari ka Gisiza mu mudugudu wa Gitaba

Rubavu: Umusore yakubiswe n’abantu bimuviramo urupfu

Abarinda ibirayi by'abaturage mu Karere ka Rubavu bazwi "nk'abarinzi b’amahoro", barakekwaho gukubita

Ubuyobozi bwa Ruhango bwakemuye ibibazo by’abagororwa bahakomoka

Ubuyobozi uhereye ku bw'umurenge kugeza ku bw'akarere, bwafashe iya mbere bujya gusura

Gatsibo: Hadutse udukoko ducagagura imyaka y’abaturage

Bamwe mu baturage bo mu Murenge wa Kabarore mu Karere ka Gatsibo,

Nyanza: Umugabo birakekwa ko yiyahuye kubera umubare munini w’amadeni yari afite

Umurambo w'umugabo wasanzwe mu mugozi yiyahuye, birakekwa ko yabitewe n'amadeni yarimo abantu,

Rusizi: Ababaruramari b’umwuga barahugurwa ku gukoresha ikoranabuhanga

Umunsi wa mbere w'amahugurwa azamara iminsi itatu atangwa n'urugaga rushinzwe ababaruramari basaga

Kirehe: Amaterasi y’indinganire yitezweho gukumira isuri yangizaga imyaka

Abaturage bo mu Murenge wa Gatore mu Karere ka Kirehe bizeye ko

Gicumbi: Umusore wagerageje kwiyahura inshuro eshatu, yasanzwe yapfuye

Akazwinimana Eric w'imyaka 27 birakekwa ko yiyahuye yimanitse mu mugozi, nyuma yo

Muhanga: Abatuye mu cyaro basabye Akarere kongera umubare w’abafite amashanyarazi

Abatuye mu bice by'icyaro basabye ko mu ngengo y'Imali y'umwaka wa utaha,

Rubavu: Abantu 29 bafatiwe mu mukwabo wo gushaka abakekwaho ubujura

Mu rukerera rwo kuri uyu wa Gatatu tariki ya 26 Ukwakira 2022,

Rulindo: Abajyanama b’Akarere baremeye imiryango 17 itishoboye 

Abagize inama Njyanama y'Akarere ka Rulindo baremeye imiryango 17 itishoboye, bayiha ubufasha

Abaturage baregeye Umuvunyi Mukuru abayobozi babasaba ruswa n’ababarenganya 

Umuvunyi Mukuru, Mme Nirere Madeleine yasabye ko Ubugenzacyaha bukurikirana bamwe mu ayobozi

Nyagatare: Inzego z’umutekano zagaruje mudasobwa 30 zibwe ishuri

Inzego z’umutekano zirimo Polisi zagaruje mudasobwa 30 zibwe ku ishuri rya G.S

Abanyeshuri ba INES Ruhengeri bahawe ubutumwa ku kwiyitirira “iby’abahanga bakoze”

Urubyiruko rw'abanyeshuri biga mu Ishuri Rikuru ry'Ubumenyingiro, INES Ruhengeri, bibukijwe ko n'ubwo