Mu cyaro

Umusore yatemye nyirakuru aramwica, anakomeretsa Nyirarume

Gicumbi: Umusore w’imyaka 25 wo mu Karere ka Gicumbi yatawe muri akekwaho

Nyanza: Akarere kahaye umurongo ikibazo cy’amakimbirane ashingiye ku nka borojwe

Abaturage bibumbiye hamwe bagahabwa inka muri gahunda ya "Girinka munyarwanda" bagasabwa kuzororera

Gicumbi: Guverinoma yatanze ifumbire ku buntu, yifatanya n’abahinzi bagize igihombo

Abaturage batuye mu murenge wa Muko bavuga ko bagize igihombo gikabije, nyuma

Rutsiro: Abatishoboye babiri bubakiwe inzu binyuze mu matsinda yo kuzigama

Mu gihe leta y’ u Rwanda ikomeje gushyrira imbaraga mu gukangurira abanyarwanda

Musanze: Urubyiruko rurasabwa komora ibikomere ababyeyi batewe na Jenoside

MUSANZE: Urubyiruko rukomoka ku Miryango yarokotse Jenoside yakorewe abatutsi mu 1994, abayigizemo

Muhanga: Ubuzima bw’umubyeyi ukiri muto wihebye agashaka kwica umwana we no kwiyahura

Mujawayezu avuga ko ubuzima bushaririye yanyuzemo bwatumye afata icyemezo cyo kwica umwana

Nyanza: Umurambo w’umugore wasanzwe umanitse mu ishyamba, birakekwa ko yishwe

Ahagana saa kumi n'ebyiri za mu gitondo haruguru y'icyuzi cya Nyamagana, ku

Byumba: Imiryango yigishijwe kugira ubumwe, no kumvikana mu ngo zabo

Abahagarariye amadini n'amatorero akorera mu murenge wa Byumba, bavuga ko hatabayeho ubumwe

Muhanga: Ingo zirenga ibihumbi 20 zigiye guhabwa amashanyarazi 

Ubuyobozi bw'Akarere ka Muhanga buvuga ko bugiye kwegereza umuriro w'amashanyarazi Imidugudu 79

Nyamasheke: Bari mu munyenga nyuma yo guhabwa imashini yo kwiyogoshesha

Abaturage batuye ku kirwa cya kirehe mu Mudugudu wa Kirehe, Akagari ka

Muhanga: Itsinda ry’abakristo ryubakiye inzu umukecuru wasenyewe n’ibiza

Itsinda ry'abakristo bo mu Itorero Présbyiteryienne mu Rwanda, babarizwa muri Paruwasi ya

Nyanza: DASSO arafunzwe, akekwaho gutuma umuturage avunika akaguru

Umukozi w'urwego rushinzwe kunganira akarere mu gucunga umutekano (DASSO) amaze icyumweru kirenzeho

Gicumbi: Hagiye guterwa ibiti miliyoni mu rwego rwo guhangana n’imihindagurikire y’ibihe

Ubuyobozi bw'Akarere ka Gicumbi bufatanyije n'Umushinga Green Gicumbi burateganya gusazura amashyamba kuri

Gicumbi/Rukomo: Batangiye guhinga ikawa, nyuma y’imyaka itatu bazubakirwa uruganda

Abatuye mu murenge wa Rukomo, akagari ka Gisiza mu mudugudu wa Gitaba

Rubavu: Umusore yakubiswe n’abantu bimuviramo urupfu

Abarinda ibirayi by'abaturage mu Karere ka Rubavu bazwi "nk'abarinzi b’amahoro", barakekwaho gukubita