Ubukungu

Amatariki mashya y’inama ya CHOGM izabera i Kigali yatangajwe

Inama ihuza Abakuru b’Ibihugu na za Guverinoma bigize Umuryango w’ibihugu bikoresha ururimi

REMA yatangije gahunda ifasha gutunga ibikoresho bikonjesha bizigama umuriro

Kuri uyu wa Mbere tariki ya 31 Mutarama 2022, Minisiteri y’Ibidukikije ibinyujije

AMAFOTO: Benshi bari bazi ko kujya Uganda biri buborohere batashye batambutse

Kuri uyu wa Mbere, umupaka wa Gatuna uhuza u Rwanda na Uganda

Perezida Kagame yakiriye mu Biro bye Umuyobozi wa Sosiyete ikomeye mu by’ingufu, Total Energies

Ku gicamunsi cyo kuri iki Cyumweru, muri Village Urugwiro, Perezida Paul Kagame

Abamotari bagaragaje ko kutamenya gusoma no kwandika bituma bishora mu muhanda nta byangombwa

Abakora akazi ko gutwara abantu kuri moto bo mu bice bitandukanye byo

Ruhango: Min Gatabazi yatanze umukoro wo kumenya impamvu abaturage bagurisha Inka zikamwa

Ubwo yasuraga isoko ry'amatungo manini n'amato ry'Akarere ka Ruhango, Minisitiri w'Ubutegetsi bw'Igihugu

Abagore baracyagenda biguru ntege mu kwitabira ibikorwa by’ubucukuzi bw’amabuye y’agaciro

Ubushakashatsi bwakozwe na Komisiyo y’Igihugu y’Uburenganzira bwa muntu bwagaragaje ko abagore bari

EAC yashimye u Rwanda ku cyemezo cyo gufungura umupaka wa Gatuna

Umuryango w’Afurika y’Iburasirazuba washimye icyemezo cya Guverinoma y’u Rwanda cyo gufungura umupaka

Muhanga: Abahinzi baribaza aho bazanyuza umusaruro, amateme n’imihanda byarangiritse

Abahinzi bibumbiye muri Koperative (IABM), ishyirahamwe ry'abahinzi borozi ba Makera, baravuga ko

U Rwanda rwasubiye inyuma ho inota rimwe n’imyanya 3 mu kurwanya ruswa ku Isi

Umuryango urwanya ruswa n’akarengane ku isi Transparency Interantional wagaragaje ko u Rwanda

Karongi: ‘Mfata ngufate nundekura umbazwe’ gahunda ikataje mu guteza imbere abo muri VUP i Murambi

Hirya no hino mu gihugu hakunda kugaragara bamwe mu baturage bo mu

Abamotari barataka kunyunyuzwa imitsi, Ni iki RCA ivuga ku cyo bita akarengane bakorerwa?

Akazi ko gutwara kuri moto ni kamwe mu kazi gafatiye runini umunyarwanda

Ruhango: Abahinzi b’inanasi barataka igihombo batejwe n’uruganda rwubatswe n’Akarere

Abahinzi b’inanasi bibumbiye muri koperative COKAB iherereye mu Murenge wa Kabagari mu

Muhanga: Imishinga yagizweho ingaruka na COVID 19 yahawe miliyoni 383 Frw

Abakora umwuga w'ubucuruzi bwakomwe mu nkokora n'icyorezo cya COVID-19 bahawe miliyoni 383Frw

Mubazi zateje imyigaragambyo, Leta yafashe icyemezo cyo kuba ziretse gukoreshwa

*Motari yanenzwe kwigaragambya, ariko ibitekerezo bye byatambutse *Inzego ngo zigiye kwiga ku