Ruhango: Miliyari 7 Frw z’abafatanyabikorwa zahinduye imibereho y’abaturage
Ubuyobozi bw'Akarere ka Ruhango buvuga ko miliyari 7 frw abafatanyabikorwa bashoye muri…
ACTR mu nzira zo kubona ubuzima gatozi bwitezweho kuyikura mu ruhuri rw’ibibazo
Urugaga rw'Abikorera mu Rwanda, PSF, ruratangaza ko inzira imwe yo guteza ubucuruzi…
“Grammy Awards” yinjiye mu bufatanye n’u Rwanda
Recording Academy isazwe itegura ibihembo bya "Grammy Awards" yinjiye mu masezerano y'imikoranire…
Bugesera: Abafatanyabikorwa bashimiwe uruhare rwabo mu kuvana abaturage mu bukene
Ubuyobozi bw’Akarere ka Bugesera buvuga ko abafatanyabikorwa mu iterambere ry’Akarere bafite uruhare…
Imihanda yarubatswe ,abaturage baracana : Iterambere ry’imyaka irindwi I Kayonza
Ubuyobozi bw’Akarere ka Kayonza , butangaza ko mu gihe cy’imyaka irindwi (…
Nyanza: Bahize kuvana mu bukene imiryango ikabakaba 9000
Abafatanyabikorwa b'akarere ka Nyanza bahize kuvana mu bukene mu buryo burambye imiryango…
Abiga muri ETEKA bakoze “Robot” iburira abaturage
Iri koranabuhanga abiga mu Ishuri ry'imyuga n'Ubumenyingiro rya ETEKA, barigaragaje ubwo hizihizwaga…
Abakora imigati n’ibindi mu ifarini bungutse amaboko mashya
Abasore n'inkumi bagera kuri 20 bo mu Mujyi wa Kigali bari baracikirije…
Ingengo y’imari y’u Rwanda yikubye Gatatu mu myaka irindwi
Minisitiri w’Intebe, Dr Edouard Ngirente, yatangaje ko mu myaka irindwi ishize ingengo…
Ruhango: APAG yashumbushije umuturage
Ubuyobozi bwa APAG bwashumbushije umuturage inka nyuma y'uko iyo yari yorojwe ipfuye,…
Igiciro cya Lisansi cyagabanutse
Urwego Ngenzuramikorere, RURA, rwatangaje igiciro cya Lisansi cyagabanutse aho aho litiro ya…
Nyamasheke: Abarema isoko Nyambukiranyamipaka barataka ko rikora nabi
Abaturage barema isoko nyambukiranya mipaka rya Rugari bifuza ko ryakongererwa iminsi rikoreraho,rikava…
Kayonza : Abahinzi b’imyumbati kuyuhira byababyariye umusaruro
Bamwe mu bahinzi b’imyumbati bo mu Karere ka Kayonza, bavuga ko kuyuhira…
Ibishanga bitanu byo muri Kigali bigiye kugirwa Pariki
Ubuyobozi bw'Ikigo cy'Igihugu gishinzwe ibidukikije, REMA, buvuga ko bugiye gutunganya ibishanga bitanu…
Hagiye gushingwa ihuriro ry’ibigo bito n’ibiciriritse mu Rwanda
Urugaga rw'Abikorera mu Rwanda, ruri mu biganiro n'ibigo bitandukanye bigamije kungurana ibitekerezo…