Ubukungu

 Ruhango: Miliyari 7 Frw z’abafatanyabikorwa zahinduye imibereho y’abaturage

Ubuyobozi bw'Akarere ka Ruhango buvuga ko miliyari 7 frw abafatanyabikorwa bashoye muri

ACTR mu nzira zo kubona ubuzima gatozi bwitezweho kuyikura mu ruhuri rw’ibibazo

Urugaga rw'Abikorera mu Rwanda, PSF, ruratangaza ko inzira imwe yo guteza ubucuruzi

“Grammy Awards” yinjiye mu bufatanye n’u Rwanda

Recording Academy isazwe itegura ibihembo bya "Grammy Awards" yinjiye mu masezerano y'imikoranire

Bugesera: Abafatanyabikorwa bashimiwe uruhare rwabo mu kuvana abaturage mu bukene

Ubuyobozi bw’Akarere ka Bugesera buvuga ko abafatanyabikorwa mu iterambere ry’Akarere bafite uruhare

Imihanda yarubatswe ,abaturage baracana : Iterambere ry’imyaka irindwi I Kayonza

Ubuyobozi bw’Akarere ka Kayonza , butangaza ko mu gihe cy’imyaka irindwi (

Nyanza: Bahize kuvana mu bukene imiryango ikabakaba 9000

Abafatanyabikorwa b'akarere ka Nyanza bahize kuvana mu bukene mu buryo burambye imiryango

Abiga muri ETEKA bakoze “Robot” iburira abaturage

Iri koranabuhanga abiga mu Ishuri ry'imyuga n'Ubumenyingiro rya ETEKA, barigaragaje ubwo hizihizwaga

Abakora imigati n’ibindi mu ifarini bungutse amaboko mashya

Abasore n'inkumi bagera kuri 20 bo mu Mujyi wa Kigali bari baracikirije

Ingengo y’imari y’u Rwanda yikubye Gatatu mu myaka irindwi

Minisitiri w’Intebe, Dr Edouard Ngirente, yatangaje ko mu myaka irindwi ishize ingengo

Ruhango: APAG yashumbushije umuturage

Ubuyobozi bwa APAG bwashumbushije umuturage inka nyuma y'uko iyo yari yorojwe ipfuye,

Igiciro cya Lisansi cyagabanutse

Urwego Ngenzuramikorere, RURA, rwatangaje igiciro cya Lisansi cyagabanutse aho aho litiro ya

Nyamasheke: Abarema isoko Nyambukiranyamipaka barataka ko rikora nabi

Abaturage barema isoko nyambukiranya mipaka rya Rugari bifuza ko ryakongererwa iminsi rikoreraho,rikava

Kayonza : Abahinzi b’imyumbati  kuyuhira  byababyariye umusaruro

Bamwe mu bahinzi b’imyumbati bo  mu Karere ka Kayonza, bavuga ko kuyuhira

Ibishanga bitanu byo muri Kigali bigiye kugirwa Pariki

Ubuyobozi bw'Ikigo cy'Igihugu gishinzwe ibidukikije, REMA, buvuga ko bugiye gutunganya ibishanga bitanu

Hagiye gushingwa ihuriro ry’ibigo bito n’ibiciriritse mu Rwanda

Urugaga rw'Abikorera mu Rwanda, ruri mu biganiro n'ibigo bitandukanye bigamije kungurana ibitekerezo