Ubukungu

Ibyo kumenya ubu ku mushinga wagutse w’Umuvumba uzahindura imibereho ya benshi

Minisitiri w’Intebe, Justin Nsengiyumva n'abandi bayobozi basuye umushinga wagutse w’Urugomero rwa Muvumba uherereye mu Karere ka Nyagatare, ukaba ari umwe…

Ubwato butwaye Peteroli y’u Rwanda buri hafi y’icyambu

Minisitiri w'Intebe Dr. Justin Nsengiyumva, yatangaje ko u Rwanda ruzakira ubwato bwa mbere bw’ibikomoka kuri peteroli bingana na toni ibihumbi 40…

Rwanda – Hari umubare munini w’abatekereza ko basabye inguzanyo muri banki batayihabwa

Abanyarwanda bangana na 98% bagaragaje ko bifuza kubona serivisi z’imari, cyane kubona inguzanyo kuko bayifata nk’isoko y’iterambere, ariko umubare wegereye…

Ku kirwa cya Gihaya n’icya Kirehe abaturage biruhukije babonye ubwato bugezweho

Rusizi: Abaturage batuye ku Kirwa cya Gihaya, ho mu murenge wa Gihundwe n'abatuye ku kirwa cya Kirehe mu karere ka…

Guhinduranya bateri ku batwara moto za Spiro ntibizajya birenza iminota 3

Ikigo giteza imbere ubwikorezi bw’ibinyabiziga bikoresha amashanyarazi, Spiro Rwanda, kivuga ko kirimo gukora sitasiyo nini zizafasha gusharija bateri nyinshi mu…

Ikigo cy’imari ASA International Rwanda cyatangiye kubika ubwizigame bw’abakigana

Ubusanzwe iki kigo cy'imari cyatangaga inguzanyo ku bantu bakigana by’umwihariko abagore n’abakobwa bishyize hamwe kuko mu ntego zacyo harimo gushyigikira…

- Advertisement -
Ad image