Ubukungu

Amajyepfo: PSF yasabwe gukorera mu nyungu rusange

Komite nshya y’Urugaga rw’Abikorera mu Ntara y’Amajyepfo yibukijwe ko inyungu rusange z’ababatoye ari zo igomba gushyira imbere. Ihererekanyabubasha hagati ya…

Kwa Nyirangarama huzuye ibagiro rya kijyambere

Mu Karere ka Rulindo, ahazwi nko kwa Nyirangarama, huzuye ibagiro rya kijyambere ryitezweho kwimakaza ubuziranenge bw’inyama no gukuraho ingendo amatungo…

Miliyoni zirenga 30 Frw zafashije Abayisilamu batishoboye

Umuryango w’Abayisilamu mu Rwanda, RMC, watangaje ko mu kwezi gutagatifu kw’igisibo cya ‘Ramadhan’, wakusanyije Miliyoni 38 Frw zafashijwe abatishoboye. Kuri…

Perezida Kagame yitabiriye inama ivuga ku ikoreshwa rya “nikereyeri”

Ibiro by'Umukuru w'Igihugu byatangaje ko Perezida Paul Kagame ari mu Bufaransa aho yitabiriye inama yiga ku ikoreshwa ry'ingufu za nikereyeri…

Nyabihu: Abikorera basabwe gushyira umuturage ku isonga

Ubuyobozi bw’Akarere ka Nyabihu bwasabye abayobozi bashya batorewe kuyobora Urugaga rw’Abikorera  muri ako Karere (PSF-Nyabihu) kuzashyira umuturage ku isonga ,…

Rusizi – Hari icyuho mu kwitabira gushora imari ahagenewe kubaka inganda

*Komite nshya y’Abikorera yiyemeje kuzamura imyumvire y'abacuruzi Rusizi: Bamwe mu bikorera bavuga ko ubumenyi buke, imyumvire n’ubuhanga ku bijyanye n’inganda…

- Advertisement -
Ad image