Ubukungu

MTN Rwanda yagize icyo ivuga ku bwambuzi no gusiragiza abaturage ishinjwa

Sosiyete y’Itumanaho ya MTN , yavuze ko yatangiye gusubiza amafaranga abaturage bayishinjaga

Guverinoma yemeje ihangwa ry’imirimo ibihumbi 250 buri mwaka

Guverinoma y'u Rwanda yiyemeje guhanga imirimo miliyoni imwe n'ibihumbi magana abiri mirongo

Byinshi ku mushoramari Dr. Daniel Moses wihebeye u Rwanda

Umushoramari Dr Daniel Moses ukomoka muri Leta ya Ebo muri Nigeria, ariko

Muhanga: Batunguwe n’icyemezo Akarere kabafatiye cyo gufunga amaduka

Bamwe mu bacuruzi bo mu Mujyi wa Muhanga, bavuga ko batunguwe no

Abagore 1440 barashima umuryango wabakuye mu buzima bwo guca inshuro

Bamwe mu bagore bo mu turere turindwi tw'u Rwanda bahamya ko batakibeshejweho

U Rwanda rugeze kure imyiteguro y’inama Nyafurika ku kwihaza mu biribwa 

U Rwanda rugeze kure imyiteguro yo kwakira Inama ya mbere nini ku

Nyamata: Abaturage barishimira imihanda igiye gusembura Iterambere ryabo

Abaturage bo mu Murenge wa Nyamata, mu Karere  ka Bugesera, barishimira ibikorwa

Byagenze gute ngo ikibazo cy’umuceri gihagurutse umukuru w’Igihugu ?

Minisitiri w'Ubutegetsi bw'Igihugu, Musabyimana Jean Claude, yasabye abahinzi bahuye n'ikibazo cyo kutabonera

Abana b’ingagi bagiye kwitwa amazina

Urwego rw'Igihugu rw'Iterambere mu Rwanda, RDB, rwatangaje ko ku nshuro ya 20

Kera kabaye umuceri wa Bugarama wabonye abaguzi

Hari hashize igihe kirekire abahinzi b'umuceri mu kibaya cya Bugarama mu karere

Hari “Vinaigres” zakuwe ku isoko ry’u Rwanda

Ikigo cy’Igihugu gishinzwe kugenzura Ibiribwa n’Imiti, Rwanda FDA, cyahagaritse ikwirakwizwa n’ikoreshwa rya

Rusizi: Begerejwe kaminuza izaruhura abajyaga kwiga muri Congo

Bamwe mu baturage bo mu karere ka Rusizi bajyaga gushaka ubumenyi muri

Ambasaderi w’Amerika yashimye intambwe yatewe mu buhinzi bw’u Rwanda

Ambasaderi wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika mu Rwanda, Eric Kneedler, yanyuzwe

RMB yasobanuye impamvu yahagaritse ubucukuzi bw’amabuye ya Berylium

Ubuyobozi bw'Ikigo Gishinzwe Mine, Petroli na Gazi, RMB, bwabaye buhagararitse icukurwa, icuruzwa

Abanyarwanda 80% bafite amashanyarazi gahunda ni ukuyageza kuri bose

U Rwanda ruritegura kwakira inama mpuzamahanga yiga ku guhaza Africa mu bijyanye