Ubukungu

Rwanda : Abasaga Miliyoni barya ibirayi buri munsi

Umuyobozi w'ikigo mpuzamahanga cyita  ku ruhererekane nyongeragaciro rw'ibihingwa by'ibinyabijumba birimo n'ibirayi International

Akanyamuneza k’abagore b’i Kayonza bahinduriwe ubuzima n’imyuga

Abagore n'Abakobwa bo mu kigo gikorerwamo imirimo inyuranye y'ubudozi, ububoshyi ndetse no

Igiciro cya “Cotex” kiracyagonda ijosi abatari bacye

Ku munsi mpuzamahanga w'isuku y'imihango y'abagore n'abakobwa, hari abo mu Rwanda bavuga

U Rwanda ruhagaze neza mu gukorera mu mucyo ku ngengo y’imari

Umuryango urwanya ruswa n’akarengane, Transparency International Rwanda, wagaragaje ko u Rwanda rwateye

Perezida Kagame asanga Afurika itanga ikizere ku kugira iterambere ryihuse

Perezida wa Repubulia Paul Kagame yatanze ikizere ko Afurika ari hamwe mu

Amajyaruguru: Abahinzi b’ibirayi beretswe amahirwe ari mu kugura imbuto ziri mu bwishingizi

Mu Ntara y'Amajyaruguru n'igice cy'i Burengerazuba mu Karere ka Nyabihu ni hamwe

Nyamasheke : Umusore wumviye impanuro za KAGAME yishyuriye mutuelle de santé abasaga 100

Umusore uhagarariye urubyiruko rw’Abanyarwanda baba muri Cameroun, yishyuriye ubwisungane mu kwivuza abatishoboye

Imbamutima z’ababyeyi bakora mu cyayi bubakiwe amarerero yita ku bana babo

Mu Rwanda, icyayi kiri mu byinjiriza igihugu amadovize menshi bitewe n’ingano y’icyoherezwa

Ingengo y’imari ya Leta y’umwaka wa 2024-2025 iziyongeraho 11.2%

Minisitiri w’Imari n’Igenamigambi, Dr Ndagijimana Uzziel, yagejeje ku mitwe yombi y’Inteko Ishinga

Ibigo by’indashyikirwa mu gutanga serivisi nziza byashimwe

Ibigo by'abikorera mu Rwanda byahize ibindi mu guhanga serivisi inoze, byashyikirijwe ibihembo

Kayonza: Abaturage bari barazahajwe n’amapfa ubu akanyamuneza ni kose

Bamwe mu baturage bo mu Murenge wa Kaborondo mu Karere ka Kayonza,

Ambasaderi Ullah  Khan wa Pakisitani yeretse abahinzi ko icyayi ari isoko ryagutse

Ambasaderi wa Pakisitani mu Rwanda,Naeem Ullah  Khan  yeretse abakora ubuhinzi butandukanye amahirwe

Rusizi: Aborozi b’amafi barifuza uruganda rutunganya  ibiryo bya zo

Bamwe mu borozi b’amafi bo mu Karere ka Rusizi , bavuga ko

Kigali : Hagaragajwe uko umugore yakwiteza imbere  yifashishije ikoranabuhanga

Mu biganiro byahuje ibigo bitandukanye bifite aho bihuriye n’Imari ndetse n’ikoranabuhanga,hagaragajwe uko

Abasekirite barasabwa gukorana neza na Polisi n’izindi nzego z’umutekano

Ikigo gitanga serivise zo gucunga umutekano ku bikorera mu buryo bwigenga “Privé”,