Ubukungu

RCA yasanze hari amakoperative 37 ageze ku rwego rwo kwigira

Ikigo cy'Igihugu gishinzwe Amakoperative kivuga ko hari amakoperative 37 ageze ku rwego rwo kwigira. Umukozi wa RCA, Ngoga Innocent avuga…

Kayonza – Urubyiruko ruhinga ubwatsi rwatangiye kubikuramo inyungu

Bamwe mu rubyiruko rwo mu karere ka kayonza rwibumbiye mu itsinda rihinga ubwatsi bw’amatungo ryitwa ‘Power of Youth in Agriculture…

Menya uko ingengo y’imari y’umwaka 2026/2027 izakugeraho

Minisitiri w’Imari n’Igenamigambi ry’ubukungu, Yusuf Murangwa, yagejeje ku Nteko Ishinga Amategeko umushinga w'ingengo y’imari ingana na miliyari 7,796.3Frw azakoreshwa mu…

IMF yahaye u Rwanda arenga miliyari 360 Rwf

Ikigega Mpuzamahanga cy’Imari (IMF) cyemeje ko u Rwanda rugenerwa inguzanyo ya miliyoni 250 z’amadolari ya Amerika (arenga miliyari 360 Rwf)…

Musanze: Abanyamahanga bakekwaho urugomo batawe muri yombi

Umuvugizi wa Polisi y’u Rwanda, ACP Boniface Rutikanga, yatangaje ko Polisi y’u Rwanda yataye muri yombi abanyamahanga umunani, mu Karere…

Abatekereza umushahara fatizo bakureyo amaso ?

Hashize imyaka irindwi hasohotse itegeko N° 66/2018 ryo ku wa 30/08/2018 rigenga umurimo mu Rwanda, ryemeje ko umushahara fatizo ugomba…

- Advertisement -
Ad image