Ikigo TrAC cyaguzwe na Connecting Communities Africa mu rwego rwo gutanga Internet nziza
TrAC yaguzwe n'ikigo Connecting Communities Africa (CCA) mu rwego rwo kwagura internet…
Umujyi wa Muhanga uragana mu cyerekezo gishya – AMAFOTO
Ubuyobozi bw’Akarere ka Muhanga burashimira ubufatanye n’abikorera mu kuzamura inyubako z’ubucuruzi zigeretse…
Umunyarwanda arya ibilo 13 by’inyama ku mwaka
Umunyamabanga wa Leta muri Minisiteri y’Ubuhinzi n’Ubworozi, Dr. Ndabamenye Telesphore, yatangaje ko…
U Rwanda rwerekanye iterambere ry’Isoko ry’Imari n’Imigabane
London: Umuyobozi Mukuru w’Urwego rw’u Rwanda Rugenzura Isoko ry’Imari n’Imigabane (CMA) Thapelo…
Kuki umutekano w’ibiribwa ari inkingi y’ubuzima n’iterambere?
Mu gihe u Rwanda rukomeje kwakira inama mpuzamahanga, abahanga bahuriza ku kuba…
Kaminuza yitwa Hubbard College of Administration yatangije ishami ryayo i Kigali
Ibyasaga n’inzozi ubu byabaye impamo, Kaminuza yitwa Hubbard College of Administration, HCA…
Bugesera: Pioneer Contractors yabahinduriye ubuzima
Urubyiruko rurenga 300 ruturuka mu turere dutandukanye tw’igihugu cy’u Rwanda, rurishimira iterambere…
Abafundi basabwe kwimika ubunyangamugayo
Abakora umwuga wo kubaka bazwi nk'abafundi basabwe kwimika ubunyamwuga no kuba inyangamugayo…
Inyange yatangiye gucuruza amata y’ifu mu ngano nto
Uruganda rwa Inyange Milk Powder Plant, rutunganya amata y’ifu ruherereye mu Karere…
Perezida Kagame yasinye amasezerano ya miliyoni 95 z’ama-Euro
Perezida Paul Kagame na Perezida wa Komisiyo y'Ubumwe bw'Uburayi, Ursula von der Leyen…
Abakora mu by’ubwiza barakataje mu kwikiza ibyabagoraga mu kazi
Ishyirahamwe ry’abakora imirimo ijyanye no gutunganya ubwiza n’uburanga by’abantu (Beauty Makers Association…
Hatashywe imihanda yazamuye imibereho y’abarenga miliyoni 3
Minisiteri y’Ibikorwa Remezo yatangaje ko ifatanyije n’abafatanyabikorwa yatashye imihanda itatu ya kaburimbo…
Moto zigiye kugabanywa mu Mujyi wa Kigali
Rugigana Evariste, Umuyobozi Mukuru w’Urwego rw’Igihugu rushinzwe kugenzura imikorere y’inzego zimwe zifitiye…
Miliyari 30 Frw agiye kwifashishwa mu kuzamura imibereho myiza y’abaturage
U Rwanda rubinyujije muri Minisiteri y'Imari n'Igenamigambi, rwasinyanye n'Igihugu cy'u Budage amasezerano…
Abanyarwanda bazaba bihagije mu biribwa 100%- Ishusho y’ubuhinzi bw’u Rwanda mu 2029
Kongera umusaruro ukomoka mu buhinzi n’ubworozi ku kigero cya 50%, kongerera imbaraga…
RRA yafashe ibitenge bifite agaciro ka miliyoni 18Frw byinjiye mu gihugu bidasorewe
Ikigo cy’Imisoro n'Amahoro (RRA) cyaburiye abakomeza kwishora mu bikorwa bya magendu kuko…
Umuhanda wahejeje mu bwigunge imirenge itatu hari icyizere ko ugiye gukorwa
Nyamasheke: Umuhanda umaze igihe warahagaritse ubuhahirane bw’imirenge itatu n’akarere ka Rusizi muri…
VISIT RWANDA yinjiye muri America
Urwego rw'Igihugu rw'Iterambere, RDB rwavuze ko rwagiranye amasezerano yo kwamamaza u Rwanda…
Abakuriye ubucukuzi basabwe kwinjiza abakozi muri ‘Ejo Heza’
MUHANGA: Abahagarariye kompanyi zikora ubucukuzi bw’amabuye y’agaciro mu Karere ka Muhanga basabwe…
Minisitiri w’Intebe yasabye kubyaza umusaruro ubutaka bwagenewe ubuhinzi
Minisitiri w’Intebe Dr Nsengiyumva Justin yasabye abahinzi kongera ubuso bahingaho mu bishanga…
Hafashwe ingamba zigamije kongera umusaruro w’ubuhinzi
Minisiteri y’Ubuhinzi n’Ubworozi yatangaje ko hagamijwe kongera umusaruro ukomoka mu buhinzi hafashwe…
RTB yahaye impamyabushobozi abakobwa bize umwuga w’ubudozi bugezweho
NYARUGENGE: Rwanda TVET Board yahaye impamyabushobozi abakobwa basoje amasomo y'ubudozi mu Murenge…
Barasabwa kongera ubumenyi mu kugenzura no gusuzuma imishinga
Urubyiruko rwize kugenzura no gusuzuma imishinga (Monitoring & Evaluation) rurasabwa kwitabira amahugurwa…
Amasaha yemerera utubari n’ahabera imyidagaduro gukora nijoro yongerewe
Urwego rw’Igihugu rw’Iterambere, RDB, rwatangaje ko utubari, resitora, utubyiniro, amaduka n’ibigo by’ubucuruzi…
RURA yatangaje ibiciro bishya by’amashanyarazi
Urwego Ngenzuramikorere (RURA), rwatangaje ibiciro by'amashyarazi bishya, bihindutse nyuma y’imyaka itanu ivuga…
Ibyoherezwa hanze y’u Rwanda byagabanutseho 12.5%
Raporo y’Ubucuruzi Mpuzamahanga Bwanditse bw’u Rwanda igaragaza ko mu gihembwe cya kabiri…
Ibiciro by’amashanyarazi bigiye guhinduka
Guverinoma y’u Rwanda yatangaje ko harimo gukorwa ivugururwa ry’ibiciro by’amashanyarazi bitigeze bihinduka…
Nyaruguru: Icyayi cyabahinduriye ubuzima
Abahinzi b’icyayi bo mu Murenge wa Kibeho mu Karere ka Nyaruguru bavuze…
U Rwanda na Liberia byasinyanye amasezerano y’ingenzi
Ibihugu by'u Rwanda na Liberia byahamije kwagura umubano bisanganywe ubwo byasinyanaga amasezerano…
Abanyarwanda bakanguriwe gukoresha ingufu zisubira
Abanyarwanda bakanguriwe gukoresha ingufu zisubira zirimo imirasire y'izuba, ingufu zikomoka ku mazi…
