Ubukungu

Expo2026: MINICOM yemeza ko Made in Rwanda ikomeje gutanga icyizere

Minisiteri y'Ubucuruzi n'Inganda (MINICOM) yatangaje ko ibimurikwa mu Imurikagurisha Mpuzamahanga rya 29 (Expo2026) bigaragaza intambwe igihugu kimaze gutera mu kongera…

Abamamazabuhinzi basabwe kongera umusaruro w’ubuhinzi

Abamamazabuhinzi 311 bahawe impamyabushobozi zemewe ku rwego rw’igihugu basabwe gufasha abahinzi guhinga kinyamwuga, kubagira inama no gukoresha uburyo bugezweho mu…

Imbuto Hub si inkuta ni Urugo – Madamu Jeannette Kagame

Madamu Jeannette Kagame akaba n'Umuyobozi Mukuru w'Umuryango Imbuto Foundation, yagaragaje ko Imbuto Hub ari ahantu ho kungukira ubumenyi ,kwidagadurira no…

MININFRA irasaba abagore kwitabira umwuga w’ubushoferi bw’amakamyo manini

Minisiteri y’Ibikorwaremezo, MININFRA, yatangaje ko umubare w’abakobwa n’abagore bakora umwuga wo gutwara amakamyo yambukiranya imipaka ukiri muto, ibasaba kuwitabira kuko…

Ibyo kumenya ubu ku mushinga wagutse w’Umuvumba uzahindura imibereho ya benshi

Minisitiri w’Intebe, Justin Nsengiyumva n'abandi bayobozi basuye umushinga wagutse w’Urugomero rwa Muvumba uherereye mu Karere ka Nyagatare, ukaba ari umwe…

Ubwato butwaye Peteroli y’u Rwanda buri hafi y’icyambu

Minisitiri w'Intebe Dr. Justin Nsengiyumva, yatangaje ko u Rwanda ruzakira ubwato bwa mbere bw’ibikomoka kuri peteroli bingana na toni ibihumbi 40…

- Advertisement -
Ad image