Ubukungu

Hashyizweho ibihembo bidasanzwe ku bazitabira ‘Egypt & Middle East Expo’

Abategura imurikagurisha ry’ibikoresho byo mu Misiri ndetse no mu bindi bihugu byo

Abiga ubuhinzi bashyiriweho imfashanyigisho ku buhinzi bw’umwimerere

Umuryango Huguka ku bufatanye n’Umuryango w’abakora ubuhinzi bw’Umwimererem, Rwanda Agriculture Movement,( ROAM),

Gicumbi :  Koperative ihinga  ubwatsi bw’amatungo bwerera iminsi Irindwi

Koperative  Uruhimbi Kageyo yo mu Karere ka Gicumbi ,  yihangiye umurimo wo

Abahinzi bijejwe ubuvugizi ku bibazo byugarije kuhira imyaka

Abakora ubuhinzi bijejwe gukorerwa ubuvuguzi hagakemurwa ibibazo byugarije gahunda yo kuhira imyaka,

Nyamagabe: Abafatanyabikorwa biyemeje kwihutisha Iterambere

Abafatanyabikorwa mu Iterambere ry'Akarere ka Nyamagabe, JADF Imparirwamihigo, biyemeje ubufatanye mu kwihutisha

Inama 8 zafasha Leta gukemura ikibazo cy’imishinga y’urubyiruko ipfa ikivuka

Urubyiruko rutandukanye rugaragaza ko rukigowe no kugera ku mafaranga yarufasha guhanga imirimo

 Ruhango: Miliyari 7 Frw z’abafatanyabikorwa zahinduye imibereho y’abaturage

Ubuyobozi bw'Akarere ka Ruhango buvuga ko miliyari 7 frw abafatanyabikorwa bashoye muri

ACTR mu nzira zo kubona ubuzima gatozi bwitezweho kuyikura mu ruhuri rw’ibibazo

Urugaga rw'Abikorera mu Rwanda, PSF, ruratangaza ko inzira imwe yo guteza ubucuruzi

“Grammy Awards” yinjiye mu bufatanye n’u Rwanda

Recording Academy isazwe itegura ibihembo bya "Grammy Awards" yinjiye mu masezerano y'imikoranire

Bugesera: Abafatanyabikorwa bashimiwe uruhare rwabo mu kuvana abaturage mu bukene

Ubuyobozi bw’Akarere ka Bugesera buvuga ko abafatanyabikorwa mu iterambere ry’Akarere bafite uruhare

Imihanda yarubatswe ,abaturage baracana : Iterambere ry’imyaka irindwi I Kayonza

Ubuyobozi bw’Akarere ka Kayonza , butangaza ko mu gihe cy’imyaka irindwi (

Nyanza: Bahize kuvana mu bukene imiryango ikabakaba 9000

Abafatanyabikorwa b'akarere ka Nyanza bahize kuvana mu bukene mu buryo burambye imiryango

Abiga muri ETEKA bakoze “Robot” iburira abaturage

Iri koranabuhanga abiga mu Ishuri ry'imyuga n'Ubumenyingiro rya ETEKA, barigaragaje ubwo hizihizwaga

Abakora imigati n’ibindi mu ifarini bungutse amaboko mashya

Abasore n'inkumi bagera kuri 20 bo mu Mujyi wa Kigali bari baracikirije

Ingengo y’imari y’u Rwanda yikubye Gatatu mu myaka irindwi

Minisitiri w’Intebe, Dr Edouard Ngirente, yatangaje ko mu myaka irindwi ishize ingengo