Ubukungu

Ruhango: APAG yashumbushije umuturage

Ubuyobozi bwa APAG bwashumbushije umuturage inka nyuma y'uko iyo yari yorojwe ipfuye,

Igiciro cya Lisansi cyagabanutse

Urwego Ngenzuramikorere, RURA, rwatangaje igiciro cya Lisansi cyagabanutse aho aho litiro ya

Nyamasheke: Abarema isoko Nyambukiranyamipaka barataka ko rikora nabi

Abaturage barema isoko nyambukiranya mipaka rya Rugari bifuza ko ryakongererwa iminsi rikoreraho,rikava

Kayonza : Abahinzi b’imyumbati  kuyuhira  byababyariye umusaruro

Bamwe mu bahinzi b’imyumbati bo  mu Karere ka Kayonza, bavuga ko kuyuhira

Ibishanga bitanu byo muri Kigali bigiye kugirwa Pariki

Ubuyobozi bw'Ikigo cy'Igihugu gishinzwe ibidukikije, REMA, buvuga ko bugiye gutunganya ibishanga bitanu

Hagiye gushingwa ihuriro ry’ibigo bito n’ibiciriritse mu Rwanda

Urugaga rw'Abikorera mu Rwanda, ruri mu biganiro n'ibigo bitandukanye bigamije kungurana ibitekerezo

Rwanda : Abasaga Miliyoni barya ibirayi buri munsi

Umuyobozi w'ikigo mpuzamahanga cyita  ku ruhererekane nyongeragaciro rw'ibihingwa by'ibinyabijumba birimo n'ibirayi International

Akanyamuneza k’abagore b’i Kayonza bahinduriwe ubuzima n’imyuga

Abagore n'Abakobwa bo mu kigo gikorerwamo imirimo inyuranye y'ubudozi, ububoshyi ndetse no

Igiciro cya “Cotex” kiracyagonda ijosi abatari bacye

Ku munsi mpuzamahanga w'isuku y'imihango y'abagore n'abakobwa, hari abo mu Rwanda bavuga

U Rwanda ruhagaze neza mu gukorera mu mucyo ku ngengo y’imari

Umuryango urwanya ruswa n’akarengane, Transparency International Rwanda, wagaragaje ko u Rwanda rwateye

Perezida Kagame asanga Afurika itanga ikizere ku kugira iterambere ryihuse

Perezida wa Repubulia Paul Kagame yatanze ikizere ko Afurika ari hamwe mu

Amajyaruguru: Abahinzi b’ibirayi beretswe amahirwe ari mu kugura imbuto ziri mu bwishingizi

Mu Ntara y'Amajyaruguru n'igice cy'i Burengerazuba mu Karere ka Nyabihu ni hamwe

Nyamasheke : Umusore wumviye impanuro za KAGAME yishyuriye mutuelle de santé abasaga 100

Umusore uhagarariye urubyiruko rw’Abanyarwanda baba muri Cameroun, yishyuriye ubwisungane mu kwivuza abatishoboye

Imbamutima z’ababyeyi bakora mu cyayi bubakiwe amarerero yita ku bana babo

Mu Rwanda, icyayi kiri mu byinjiriza igihugu amadovize menshi bitewe n’ingano y’icyoherezwa

Ingengo y’imari ya Leta y’umwaka wa 2024-2025 iziyongeraho 11.2%

Minisitiri w’Imari n’Igenamigambi, Dr Ndagijimana Uzziel, yagejeje ku mitwe yombi y’Inteko Ishinga