Abakora mu buhinzi biyemeje guhangana n’ikibazo cy’ibiribwa bidahagije
Abahawe ubumenyi na African Food Fellowship bakora mu ruhererekane nyongeragaciro ku biribwa,…
Muhanga: Umuganura wahuriranye no kwishimira ibyagezweho
Ubwo bizihizaga Umunsi w'Umuganura, abaturage n'Inzego zitandukanye z'Akarere zishimiye ibyagezweho mu gihe…
Imurikabikorwa ku buhinzi n’ubworozi ryongeye kuba ku nshuro ya 17
Imurikabikorwa ku bikorwa by'ubuhinzi n'ubworozi ryongeye kuba ku nshuro ya 17, Umunyamabanga…
Abangavu bavuye mu ishuri bafashijwe gutangira imishinga iciriritse
RWAMAGANA: Abangavu 69 bo mu Murenge wa Rubona barimo ababyaye imburagihe, batangiye…
Abasura Pariki y’Akagera biyongereyeho 22%
Pariki y’Akagera yatangaje ko abayisura biyongereyeho 22% ,kandi n’ ibyinjizwa bivuye mu…
U Rwanda rukomeje guca uduhigo muri Afurika
Raporo ya Country Policy and Institutional Assessment ( CPIA) ya Banki y’Isi,…
Nyagatare: Hafunguwe Uruganda rutunganya amata y’Ifu
Minisitiri w’Intebe w'u Rwanda, Dr Ngirente Edouard, yafunguye ku mugaragaro uruganda rutunganya…
Kigali : Abahinzi bari guhugurwa uko bakongera umusaruro
Abahinzi bahagarariye abandi bo mu mujyi wa Kigali , muri zone ya…
Amahoteli yo mu Rwanda arakangurirwa kwimakaza Ihame ry’Uburinganire
Amahoteli akorera mu Rwanda arasabwa kwimakaza Ihame ry'Uburinganire mu mirimo bagenera abakozi…
Akajagari mu ma “Salons de Coifure&Spa” kagiye gushyirwaho akadomo
Urugaga rw'Abikorera mu Rwanda, PSF, rutangaza ko hagiye gushingwa ishyirahamwe rifite ubuzima…
PSD irifuza ko hatangira ikorwa ry’umuhanda wa gari ya moshi
Perezida w’Ishyaka riharanira Demokarasi n’Imibereho myiza y’Abaturage, PSD, Dr Vincent Biruta, yatangaje…
Ibiciro by’amata byavuguruwe
Minisiteri y’Ubucuruzi n’Inganda MINICOM, yashyizeho ibiciro bishya by’amata mu gihugu hose aho…
U Rwanda na Korea y’Epfo byasinyanye amasezerano ya miliyari 1$
U Rwanda na Korea y'Epfo kuri uyu wa Gatanu tariki ya 5…
Muhanga: Abafite amashanyarazi bageze kuri 80.7%
Ubuyobozi bw'Akarere ka Muhanga buvuga ko mu myaka irindwi abaturage bahawe amashanyarazi…
Urubyiruko rw’u Rwanda rugiye koroherezwa kwigira ku mirimo
Urugaga rw'Abikorera mu Rwanda, PSF, rushimangira ko rugiye guteza imbere gahunda yo…
Hashyizweho ibihembo bidasanzwe ku bazitabira ‘Egypt & Middle East Expo’
Abategura imurikagurisha ry’ibikoresho byo mu Misiri ndetse no mu bindi bihugu byo…
Abiga ubuhinzi bashyiriweho imfashanyigisho ku buhinzi bw’umwimerere
Umuryango Huguka ku bufatanye n’Umuryango w’abakora ubuhinzi bw’Umwimererem, Rwanda Agriculture Movement,( ROAM),…
Gicumbi : Koperative ihinga ubwatsi bw’amatungo bwerera iminsi Irindwi
Koperative Uruhimbi Kageyo yo mu Karere ka Gicumbi , yihangiye umurimo wo…
Abahinzi bijejwe ubuvugizi ku bibazo byugarije kuhira imyaka
Abakora ubuhinzi bijejwe gukorerwa ubuvuguzi hagakemurwa ibibazo byugarije gahunda yo kuhira imyaka,…
Nyamagabe: Abafatanyabikorwa biyemeje kwihutisha Iterambere
Abafatanyabikorwa mu Iterambere ry'Akarere ka Nyamagabe, JADF Imparirwamihigo, biyemeje ubufatanye mu kwihutisha…
Inama 8 zafasha Leta gukemura ikibazo cy’imishinga y’urubyiruko ipfa ikivuka
Urubyiruko rutandukanye rugaragaza ko rukigowe no kugera ku mafaranga yarufasha guhanga imirimo…
Ruhango: Miliyari 7 Frw z’abafatanyabikorwa zahinduye imibereho y’abaturage
Ubuyobozi bw'Akarere ka Ruhango buvuga ko miliyari 7 frw abafatanyabikorwa bashoye muri…
ACTR mu nzira zo kubona ubuzima gatozi bwitezweho kuyikura mu ruhuri rw’ibibazo
Urugaga rw'Abikorera mu Rwanda, PSF, ruratangaza ko inzira imwe yo guteza ubucuruzi…
“Grammy Awards” yinjiye mu bufatanye n’u Rwanda
Recording Academy isazwe itegura ibihembo bya "Grammy Awards" yinjiye mu masezerano y'imikoranire…
Bugesera: Abafatanyabikorwa bashimiwe uruhare rwabo mu kuvana abaturage mu bukene
Ubuyobozi bw’Akarere ka Bugesera buvuga ko abafatanyabikorwa mu iterambere ry’Akarere bafite uruhare…
Imihanda yarubatswe ,abaturage baracana : Iterambere ry’imyaka irindwi I Kayonza
Ubuyobozi bw’Akarere ka Kayonza , butangaza ko mu gihe cy’imyaka irindwi (…
Nyanza: Bahize kuvana mu bukene imiryango ikabakaba 9000
Abafatanyabikorwa b'akarere ka Nyanza bahize kuvana mu bukene mu buryo burambye imiryango…
Abiga muri ETEKA bakoze “Robot” iburira abaturage
Iri koranabuhanga abiga mu Ishuri ry'imyuga n'Ubumenyingiro rya ETEKA, barigaragaje ubwo hizihizwaga…
Abakora imigati n’ibindi mu ifarini bungutse amaboko mashya
Abasore n'inkumi bagera kuri 20 bo mu Mujyi wa Kigali bari baracikirije…
Ingengo y’imari y’u Rwanda yikubye Gatatu mu myaka irindwi
Minisitiri w’Intebe, Dr Edouard Ngirente, yatangaje ko mu myaka irindwi ishize ingengo…