Ubukungu

Rwanda – Hari umubare munini w’abatekereza ko basabye inguzanyo muri banki batayihabwa

Abanyarwanda bangana na 98% bagaragaje ko bifuza kubona serivisi z’imari, cyane kubona inguzanyo kuko bayifata nk’isoko y’iterambere, ariko umubare wegereye…

Ku kirwa cya Gihaya n’icya Kirehe abaturage biruhukije babonye ubwato bugezweho

Rusizi: Abaturage batuye ku Kirwa cya Gihaya, ho mu murenge wa Gihundwe n'abatuye ku kirwa cya Kirehe mu karere ka…

Guhinduranya bateri ku batwara moto za Spiro ntibizajya birenza iminota 3

Ikigo giteza imbere ubwikorezi bw’ibinyabiziga bikoresha amashanyarazi, Spiro Rwanda, kivuga ko kirimo gukora sitasiyo nini zizafasha gusharija bateri nyinshi mu…

Ikigo cy’imari ASA International Rwanda cyatangiye kubika ubwizigame bw’abakigana

Ubusanzwe iki kigo cy'imari cyatangaga inguzanyo ku bantu bakigana by’umwihariko abagore n’abakobwa bishyize hamwe kuko mu ntego zacyo harimo gushyigikira…

Hafashwe ingamba zo kunoza uburyo bwo gusora

Inama y'Abaminisitiri yafashe ibyemezo bikomeye bigamije kunoza uburyo bwo gukusanya no gutanga imisoro, no gufasha abaturage n'abikorera kurushaho kwiteza imbere.…

 Bugesera: Hemejwe ingengo y’imari ikabakaba miliyari 50Frw

Inama Njyanama y’Akarere ka Bugesera yemeje ingengo y’imari y’Akarere y’umwaka utaha wa 2026-2027 ingana na 49,873,529,739 frw, izakoreshwa mu bikorwa…

- Advertisement -
Ad image