Ubukungu

Barishimira ingamba zo guhangana n’ibibazo by’umutekano w’ibiribwa

Abahinzi n’ababafasha kubona ibyo bifashisha baremeza ko uburyo bwo kubahugura, kubona inyongeramusaruro

Nyamasheke: Umuhanda udakoze wahejeje imirenge 4 mu bwigunge

Abaturage bo mu karere ka Nyamasheke mu ntara y’Iburengerazuba, bahejejwe mu bwigunge

COP29: Perezida Kagame yaganiriye na Perezida wa Kazakhstan

Perezida Paul Kagame uri mu nama yiga ku mihindagurikire y'ikirere ibera muri

Abayobora amahuriro yo guhanga udushya bari gutyaza ubumenyi

Abayobora amahuriro yo guhanga udushya mu bigo birimo za Kaminuza, amashuri makuru

Abafite aho bahuriye n’amasoko ya Leta muri Afurika bagiye guhurira i Kigali

Abafite aho bahuriye no gutanga Amasoko ya Leta ku mugabane wa Afurika

Gatsibo: Imashini ifasha abahinzi bahuje ubutaka kuhira imyaka imaze igihe yarapfuye

Abahinzi bahinga imboga, ibigori n’ibindi bihingwa ku butaka bwahujwe buri ahitwa Ntete,

I Burengerazuba : Mu myaka Irindwi  imisoro yinjijwe yageze kuri Miliyari zisaga 12 Frw

Ikigo Gishinzwe Imisoro n’Amahoro, Rwanda Revenue Authority, cyatangaje ko  Intara y’Iburengerazuba, imisoro

Abize gutubura imbuto kinyamwuga bahawe impamyabumenyi

Abahawe amahugurwa n’ ishuri rikuru ryigisha ubuhinzi n’ubworozi butangiza ibidukikije (RICA)   ku

Mu myaka itanu Abanyarwanda bose bazaba bacana amashanyarazi

Umunyamabanga uhoraho muri Minisiteri y’Ibikorwa Remezo, Fidèle ABIMANA,  yatangaje ko u Rwanda

Imodoka Icyenda zikonjesha zahawe abohereza imboga n’imbuto mu mahanga

Abanyarwanda bohereza mu mahanga imbuto n’imboga, bashyikirijwe imodoka icyenda  zikonjesha , zitezweho

U Rwanda rwashimiwe uko rugeza amashanyarazi ku baturage

Banki y'Isi yatangaje ko yanyuzwe n'uburyo u Rwanda rwemera gukorana n'ibindi bihugu

Abanyafurikakazi bitezweho gukora ibitangaje muri siyansi

I Kigali mu Rwanda hari kubera inama Nyafurika yahuje Abagore baturutse mu

Congo yafunze umupaka wa ‘Grande Barrière’ uyihuza n’u Rwanda

Saa kumi n'ebyiri n'igice zo muri iki gitondo cyo kuwa 5 Ugushyingo

Hari Abacuruzi bakigowe no gukoresha EBM

Bamwe mu bikorera mu Rwanda, bavuga ko hari abagifite ubumenyi buke ku

I Kigali haganiriwe uko Afurika yakwihaza ku mashanyarazi

Inzobere n'Abagize Ihuriro Nyafurika ry'abakora ingufu zibyara amashanyarazi bahuriye i Kigali mu