Ubukungu

Guverinoma yasobanuye icyatumye igiciro cya Mazutu cyiyongera

Umunyamabanga wa Leta muri minisiteri y’ibikorwaremezo, Uwihanganye Jean de Dieu, yavuze ko leta izakomeza gukora ibishoboka byose ngo ibiciro by’ibikomoka…

Ubucuruzi bwo kuri Internet mu Rwanda buzagera kuri miliyoni 937 $ mu mwaka wa 2029!

Ubucuruzi bwo kuri interineti mu Rwanda buzagera kuri miliyoni 937 z'amadolari y'Amerika; ubucuruzi hagati y'abantu ku giti cyabo buracyasigaye inyuma.…

Spiro yabonye ishoramari rya miliyoni 215$ azafasha mu bwikorezi butangiza ikirere

Ikigo giteza imbere ubwikorezi bw'ibinyabiziga bikoresha amashanyarazi, Spiro cyabonye ishoramari rya miliyoni 215$ azafasha mu kwagura ibikorwa by'ubwikorezi butangiza ikirere,…

Icyerekezo 2050 – Ibyo kwitega ku iterambere n’impinduka mu bukungu bw’u Rwanda

Umusaza wo mu Karere ka Rusizi, Habyarimana Joseph, umunsi umwe yatumiwe mu nama y’Umushyikirano, maze ahabwa ijambo kugira ngo atange…

Abakuru b’ibiguhu 6 bitabiriye Africa CEO Forum i Kigali

UPDATED: 00h20 - Mu masaha y'umugoroba kuri uyu wa Gatatu, Perezida Paul Kagame yakiriye Perezida wa Nigeria, Bola Ahmed Tinubu…

Abacuruzanya abana mu masoko barasaba ‘ECD’ hafi yayo 

Bamwe mu  babyeyi bakora akazi k’ubucuruzi bucirirtse bafite n’abana  mu masoko yo mu Mujyi wa Kigali, barasaba ko bashyirirwaho amarerero…

- Advertisement -
Ad image